Monthly Archives: May 2026
Umucamanza uca imanza zitabera Majeshi Leon Ainesha ategeka urupfu gutwara Paul Kagame rukoresheje inzira ebyeri
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba maneko bakorera ubutegetsi bw’ u Rwanda bananiwe ku gufata kandi barahawe ibikoresho byose bishoboka (pistol, cash, evil spirits) bigomba kubafasha mu kazi kabo ka buri munsi, ariko bananiwe ku gufata uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Be wise otherwise you will lost
Uwiteka avuze ko ishyari ryishe abantu cyane!!! None se ni mpabwa ubwami hazacuriki???
May 20, 2026 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ishyari ryishe abantu bananiwe gupfa bananirwa no kubaho kubera wavuguruye ikinyamakuru www.InyangeNewss.com abantu benshi barimo uwahoze ari umuvuga butumwa Esther Murebwayire Maria wa kwifurizaga ubukene, niyompamvu mu iyerekwa yaguhaye ibiceri 40 ya mashillingi maze abuzukuru be baka bigusaba ngo ubibaha ukababiha maze ubukene yakwifurizaga we na murumuna we akaba aribo bwisangira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Is Europe Ending Up as One Big No-Go Zone?
Given the enormity of the problem, the authors of the report had to limit their focus to “seven EU countries where no-go zones are most reported: France, Germany, Italy, Spain, Belgium, Sweden, and the Netherlands.” No-go zones, according to the report, are especially characterized by high rates of crime, violence and terrorist recruitment. “This institutional reluctance, driven by political correctness, allowed gangs to operate with impunity in NGZs, where cultural segregation and weak policing created fertile ground for such crimes, effectively rendering the state an accomplice through its failure to protect victims.”
Umwuka w’ikinyoma ukorera kw’isi ya bazima ujyanwa mu butayu bugufiya
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’ikinyoma ukorera mu isi, numara kujyanwa mu butayu bugufiya, abakoreshaga uwo mwuka w’ikinyoma bose bazatangira gusubiranamo barwane babe abanzi bakomeye cyane kuko imbaraga bakoreshaga zizaba zimaze gucirwaho iteka zitagishobora gukorera mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.












