Utari wakebwa bizagorana cyane!!!
Hari ibintu 2 bikomeye cyane kw’isi ya bazima: Bishobora kugorana cyane kugirango Uwiteka Imana Nyiringabo agirane isezerano na bantu batakebwe. Bishobora kugorana cyane kugirango Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arinde umuntu utarakebwe amukize amaboko y’umuntu uhiga ubugingo bwe. Byanze bikunze iyo Uwiteka Imana Nyiringabo agufiteho gahunda N’umugambi muremure ashaka kugukoresha ibikomeye kw’isi ya bazima ugomba gukebwa.
Bishobora kugorana cyane kugirango Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yishimire umuntu utari wakebwa. Byagorana cyane kugirango Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo akoreshe umuntu utari wakebwa mu mirimo ye. Bishobora kugorana cyane kugirango Uwiteka Imana Nyiringabo aguce imanzi mu kiganza cye utari wakebwa.
Bishobora kugorana cyane kugirango uhabwe ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mu manza ze zitabera zicibwa n’Umwami Kigeli Ndoli utari wakebwa. Bishobora kugorana cyane kugirango ube umukozi w’Imana yishimira utari wakebwa!!!
Bizagorana cyane ku zinjira mu ijuru utari wakebwa, mbere yuko ugira imirimo myiza, ubanza kugira imirimo myiza yo gukebwa. Kandi ubwo imfubyi yumvira mu migani, kuko ntawuca Imigani umwana asinziriye.
egretnewseditor@gmail.com










