Itangazo ry’abasomyi bakunda ijambo ry’Ubuhanuzi
Itangazo ku bakunzi basoma ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo (PROPHECY) turabamenyesha ko (next week tuesday) kuwa kabili ikinyamakuru INYANGENEWSS.COM kizahindura izina ryacyo kizasubirana izina twatangiranye mbere yuko Leta ya Kigali ishimuta iryo zina ibifashijwemo na Leta ya Uganda-Kampala.
Izina ryacu twatangiranye (Brand New Name) www.inyangeNews.com hashize imyaka (14) ryarashimuswe, ariko ubu twashoboye kurigarura. www.inyangeNewss.com naryo Tuzakomeza kuribika kugirango hatazagira ushaka kurikoresha kugirango aryitirirwe abone abantu. Iyo domain name Tuzakomeza kuyishyura kuzageza igihe kitazwi.
Guhera kuwa kabili muzajya mukoresha izina rya www.INYANGENEWS.COM ariko naho wa kwandika double (ss) n’ubundi hazajya haza (s) kuko twakoze (packet) kuko ari domain zijya gusa nta kibazo gihari.
Turangije dushimire abasomyi bacu mutahwemye kutwereka ko mudushyigikiye kandi ko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo twandika ryabagiriye umumaro. Byatumye turushaho kwiyongeramo imbaraga cyane twirengagiza ubutayu Twarimo kunyuzwamo bituma tuburangiza neza Uwiteka Nyiringabo abiteho cyane.
Hari umushinga mugari cyane tuzabagezaho nyuma yo kurangiza iki gikorwa kuwa kabili kandi uzaba ari umushinga mwiza buri wese azaba afitemo inyungu mu buryo bugaragara cyangwa butagaragara, ariko byanze bikunze izo nyungu buri wese zizamugeraho.
egretnewseditor@gmail.com










