Ibintu birimo kugenda bisobanuka neza cyane!!! Mwese muratumiwe ntimucikwe ubwo naho mukanya!
Turaza kubagezaho amakuru mashya ajyanye n’Ubuhanuzi bwabo mu nzu y’abakono bahisemo kwifatanya n’Umwami Kigeli Ndoli mu bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Hari hashize amezi agera kuri (6) Ubuhanuzi buvuga ko Abakono bashaka kwifatanya n’Abatsobe, ariko kandi bukanagaragaza ko barimo gushaka uko basaba umwiru mukuru w’ubwami bw’ u Rwanda tuzi ni Chancellor Boniface Benzinge.
Ariko uwo Ndashima Abakono kuko banze kwifatanya n’abega kwanga ko bazabasiga amaraso batamennye. Hagati ikindi gice cy’abatsobe barimo urubyiruko twamenye ko bayobowe na JP Turayishimye, bahoze bakora mu nzego z’iperereza, bamwe basa nabatagikoramo, abandi baracyakoramo kuko batazi uko ibintu bigiye kurangira. Bahisemo kwifatanya n’umuryango w’Adeline Mukangemanyi Rwigara aribo (abakaala).
Ayo makuru turaza kuyabagezaho mwumve aho ibintu bigana.
Kwinangira umutima kwa Adeline Mukangemanyi Rwigara gushyira mu bikorwa ibyo Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse, nabyo bifitanye isano na JP Turayishimye ubagira inama zo kwanga kwemera kumanika amaboko, aho abwira Adeline Rwigara ko cash bafite zishobora kubafasha kwimika ubwami bwabo mu gihe bakora robing muri Amerika maze akaba aribo bahabwa ubwami aho kugirango ubwami buhabwe Umwami Kigeli Ndoli.
egretnewseditor@gmail.com














