RCC baraye bavomeye mu kiva!
Roman Catholic Church barasa naho bacyemera imbaraga zabo zimyuka mibi, mu ijoro bagerageje kohereza imyuka mibi iteza kurwara no kubora amaguru kugirango mbe ikimuga. Ubu buryo bakoresha inkozi zikibi zose babihuriyeho. Guteza impanuka ngo ucike amaguru, cyangwa ukuguru kumwe.
Ni kenshi nagiye mpura na bagore bakora umwuga wo kuroga batandukanye, iyo yamenye ko wamutahuye, uwo ni wo mwuka bohereza kugirango umugare.
Last week, hari ahantu nkunda kujya kugura imboga zoroheje, umucyecuru wacuruzaga aho ngaho, yari uwo mu bwoko bwa Kalenjin, ariko Washatse mu bakikuyu, kuko avuga kikuyu’s kurusha izindi ndimi.
Yatangiye kujya anganiriza uko ngiye kumuha icyashala, gahoro gahoro Ubuhanuzi butangira kumwegera nta bwo yarazi uwo ndiwe, nkajya nyuzamo nka mubwira nti, ubuzima bwawe bumeze gutya na gutya!
Aza gufunguka ambwira ko nyina yari umurozi, ariko we akaba akijijwe, nyina akaba yaramwiciye umwana w’umusore warufite imyaka 22 ngo kuko yanze gukurikiza imigenzo ni mihango ya nyina, bituma nyina ashaka abantu 9 bafata wa mwana we bamwica bamumanitse mu giti.
Ariko nubwo yavugaga ayo makuru, yararimo yivuga, maze ibyo akora akabishyira kuri nyina.
Nza gufata impapuro z’imanza zitabera mu zo nari nasohoye muri computer mwereka uko Uwiteka Nyiringabo arimo guca imanza zitabera mw’isi ya bazima.
Nyuma yaho nza kumubwira nti, mbonye umwuka wa cancer ukujeho ugiye guhura ni bibazo bikomeye cyane, ubwo yari yatangiye kumbwira yuko agiye kwimuka ngo kuko abazukuru be bamusuzugura kubera umukobwa we amutuka imbere ya bana be, naho yarimo gushaka uko yancika hakiri kare kuko yari yabonye ko namutahuye.
Kuko hari Ubuhanuzi nari namuhaye arabuhakaba kandi bwari ubwe, namubwiye ko nabonye umugore w’umurozi Washatse mu bakikuyu kandi we atari umukikuyu, uwo mugore akaba ari umurozi. Kandi ko we n’umuhungu we bombi ari abarozi kuko yari umugore wa 2 muri urwo rugo. Ubwo buhanuzi bwari ubwe, arabuhunga nanjye Ndaceceka ndamwihorera.
Hanyuma rero abonye ko ubuhanuzi bukomeza kumusatira cyane, gucuruza yahise abireka arimuka ajya kuba kuwundi mukobwa we mukandi gace. Agezeyo yagiye ku bapfumu ababwira ibyo twaganiriye byose maze bohereza imyuka mibi yo gucika amaguru the same thing na RCC ibyo bakoze ni njoro.
Let me advice you for free, ibyo bintu nta bwo bigikora, byakoraga cyera mbere yuko ubutabera butangira, kuva Uhoraho yaratangiye ubutabera iyo myuko yaciriweho iteka rya burundu nta bwo igifite ububasha bwo kongera gukorera mu isi ya bazima.
So, RCC very sorry, kuko ibyo mukora byose muraruhira ubusa nta cyo bishobora kugeraho.














