Kubura kwa amavuta yimodoka (fuel) mu byahanuwe
June 11,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bo muri gakondo ya bakiranutsi (Rwanda) bashakisha ubuhungiro hatari umuriro ubatwika nko mu Rwanda, Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, mwana w’umuntu, abadayimoni birukanywe mu Rwanda kuko iminsi yabo yo kuhakorera yarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bwatangiye kw’isi ya bazima, bumaze guca intege Satani na bamukorera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mu kibaya kiri munsi gakondo ya bakiranutsi ku nkengero zacyo, Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, isi igiye guhura na kaga gakomeye cyane, ibyago, amakuba, byose bitegereje ikiremwa muntu, ndetse ni bindi biremwa bituye kuri uyu mugabane mutuyeho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bw’Abatutsi, buyobowe n’abega, bazagira abahutu kuba ibikoresho bya politike kugirango bajye bahishira ikinyoma cyabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bazatoteza abahutu haba mu kazi, cyangwa mu bucuruzi, ahantu hose buzabatoteza kugirango ba bahindure politike ngenderwaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatutsi b’abega uti, mwakije umuriro mu bahutu mwibwira yuko uwo muriro ari bo uzatwika bonyine, ahubwo nzawukuba inshuro 7×7 hagati muri mwe, kandi kuwuzimya bizabagora cyane kuko namwe uzabatwika uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubu butumwa nta bwo abatutsi bazabwishimira kuko Uhoraho Nyiringabo abashinja ubugizi bwa nabi, none wowe ubwandike baza busoma ariko nta bwo baza kumvira uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire RPF–Paul Kagame uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuze, uko ugenza abandi, na we niko uzagenzwa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu bajyanama b’Umwami Kigeli V Ndahindurwa harimo abashinzwe guteza umwuka mubi, muri abo harimo Jean Marie Gakwaya, na Mukashema Esperance hamwe na bandi bihishe inyuma ya bandi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abajyanama b’Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, ubwo mwananiwe kurinda umutekano w’Umwami namwe ngiye kubashyira ku karubanda kugirango amazina yanyu yibigirane mu bwami bw’uRwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
June 12,2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanzi bawe babaye cyane kuko bananiwe ku kwica, imigambi yabo yose Uwiteka ayiburizamo uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi yikibi Murekatete Odette yasohoye inyandiko igusebya kuri Facebook avuga yuko mwabyaranye abana (2) kandi ari nta bwo byuka ufungure urebe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
June 13, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame arimo gutegura intambara yo gusubira muri DRCongo, nyamara iyo ntambara nta musaruro igihugu gikuramo usibye kwiba no gusahura amabuye ya gaciro muri DRCongo yarangiza amashillingi avuyemo akayashyira kuri account ze zitandukanye ziri mu mahanga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, amatora ateganijwe muri Kenya 2017 azabamo ibibazo bikomeye ku buryo Uhuru Kenyatta atazaba afite ubutegetsi bwigenga kuko azabusangira na Raila Amolo Odinga niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyegera cya Uhuru Kenyatta ari we William Samuei Ruto, bigaragara nk’aho ari kumwe na Uhuru Kenyatta, ariko icyo gihe azaba ari kuruhande uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba maneko b’uRwanda ba Paul Kagame bahagaritse umutima cyane kuko bakoresheje amashillingi ngo bayagufatireho birananirana none babuze ubundi buryo bakoresha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abo ba maneko bakorera urwego rwa Rwanda national security service NIS, bari gukoresha abakoherereje amashillingi ngo baguhamagare bagasanga telephone numbers zawe zitariho, uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Nyiringabo akuyeho urugomo rwa abantu bose bahigaga ubugingo bwawe uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Munyaneza Emmanuel aciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko yakunze gukiranirwa arwanya Uwiteka Imana yamuremye uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Munyaneza Emmanuel yongera gukoresha ubukwe, amafunguro yose bari bazanye guha abaje mu bukwe aba ari we urya ibyo byo kurya byose arabirangiza niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bohereje imbaraga z’umwijima batekereza ko hari icyo bishobora kubafasha, ariko nta cyo byabamarira uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi yikibi Benoni Umuhoza Zachariah agufitiye inzika nishyari none agiye mu bapfumu kubasaba ko baguteza imyuka mibi kugirango ugire ibibazo bikomeye ntuzagire icyo ugeraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zije gusenya imikorere y’umwanzi Satani na badayimoni, abamukorera bose, imirimo yabo ishyizweho iherezo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
June 14, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuzure wa mazi mu nteko y’ubwami bw’uRwanda, nuko mbona abagize inteko nkuru y’ubwami bw’uRwanda, harimo abo umwuzure utazageraho kuko bari kure y’inteko ho gatoya, naho umwe muri bo wari kure yabo, na we wabonaga yashimishijwe n’uwo mwuzure wateye inteko y’ubwami bw’u Rwanda bugendera ku itegekonshinga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gakwaya Jean Marie abaye avumwe umuvumo wa CAIN, abaye ikivume kw’isi yose ituweho na bantu kuko yagaambaniye Umwami w’ uRwanda utariho urubanza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gakwaya Jean Marie abagukomokaho bose baravumwe kuko yagaambaniye Umwami w’u Rwanda Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned king’s adviser Gakwaya Jean Marie your cursed for betraying a Rwandan H M king Kigeli V Ndahindurwa obtained N° 0005/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Galway’s family obtained N° 0006/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Niyibizi Hosea obtained N° 0007/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned former nun sister Dorcela betrayed the HM king of Rwanda Kigeli V Ndahindurwa obtained N° 0008/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Duck spirit obtained N° 0009/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Pastor Ezra Mpyisi who betrayed HM king of Rwanda Kigeli V Ndahindurwa obtained N° 0010/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Mukabayojo speciose sister played role of betrayal her brother HM Kigeli V Ndahindurwa obtained N° 0011/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Angela Kayihura betrayed HM Kigeli V Ndahindurwa obtained N° 0012/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Nyiramongi Jeannette Kagame betrayed HM Kigeli V Ndahindurwa obtained N° 0013/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned INES Mpambara betrayed HM Kigeli V Ndahindurwa obtained N° 0014/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwami bwa Kigeli V Ndahindurwa nta bwo buzasibangana kuko nzamuha umusimbura ukomoka mu bwami bwanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Ubuhanuzi uhanura buhishwe amaso y’Umwami Kigeli V Ndahindurwa hamwe na bajyanama be, ariko umunsi bizasohoza umurimo wabyo bazamenya ko Umuhanuzi yarabarimo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega batinya ubwami bw’u Rwanda bugendera ku itegekonshinga kuko bazi neza yuko buzongera kwima ingoma uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abadayimoni bakomeye cyane babujije ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo guhirwa bose ubacireho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all demons blocked God’s people to be blessed obtained N° 0015/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all the kingdoms believed in demons and power of darkness in the world obtained N° 0016/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all the people having a lot of wealth from the source of Satanism in the world obtained N° 0017/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara Paul Kagame ajya kubaza abapfumu n’abakonikoni niba koko Umwami Kigeli V Ndahindurwa azongera kwima ingoma? Abadayimoni bamubwira ko, babona uwitwa Kigeli ari we Rukara Rwigisage uzongera kwima ingoma, mbona Umwakagara Paul Kagame aratashye ababaye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
June 15, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona kw’isi yose habuze amavuta atwara imodoka yitwa (fuel) ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo isi yose igiye kwinjira mu butayu bugufiya kubera gusuzugura Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango abacishe bugufiya bamenye yuko ari we waremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, isi yose nzayiteza ibyago, amakuba, akaga gakomeye cyane kuzageza igihe bazagushaka bakemenya yuko ari wowe mvugana nawe kugirango bakubaze ibyo bakwiye gukora kugirango mpagarike kubateza ibyago kw’isi ya bazima uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire isi yose uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, nimutemera ko ari jye uca imanza zitabera kw’ isi ya bazima, nta mahoro muteze kuzabona uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona haza abantu bo mu bwoko bw’abazungu baza kumbaza ibya amavuta yimodoka (fuel) ndababaza kuki muza kumbaza ibya mavuta yimodoka kandi ntari umucuruzi wa mavuta yimodoka? Baragenda hashize amasaha macyeya barongera baragaruka barambwira ngo ni mbagirire imbabazi mbarangire aho bakura amavuta yo gutwara imodoka?
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abatuye isi bakomeje kwirengagiza imanza uca z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, igihe kiraje kandi kirasohoye nibabona bamaze kubura amahoro, ubuzima bubakomeranye cyane bimaze kubayobera, bazahitamo kuza ku gushaka ngo muvugane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all the countries having wealth of fuel in the world obtained N° 0018/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all the petrol stations selling fuel in the world obtained N° 0019/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
egretnewseditor@gmail.com













