Ingabo za Babiligi niza bafaransa zizagaruka mu Rwanda Kagame Paul amaze gupfa baje gusubiza abahutu ku butegetsi!!!

June 02 ,2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Kaguta Yoweri Museveni nta bwo ashobora gutera u Rwanda kuko aratinya ko Umwakagara Paul Kagame yashyigikira abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, ndetse akabaha na basirikare bamurwanya bakamukura ku butegetsi kuko abaturage bamaze kurambirwa ubutegetsi bwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta bwo intambara abantu bari bategereje hagati ya Uganda-n’u Rwanda ikibaye, ahubwo bagiye kugirana amasezerano yo gutabarana kuko bose badakunzwe na baturage uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bwa Kaguta Yoweri Museveni, hamwe n’Umwakagara Paul Kagame, uko bwagiyeho, niko buzavaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye kuguha umugisha kuko umukozi akwiye ibihembo kugirango ukomeze gukora umurimo wanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’ikinyoma uraje uturutse ikuzimu, kandi uyobowe na bakozi ba Paul Kagame Umwami wo gukiranirwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami Kigeli V Ndahindurwa aramutse yitaye ku nzira zo gukiranuka byamugirira umumaro ukomeye cyane, kandi byafashe n’igihugu cye (uRwanda) uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu bwami bw’u Rwanda hagiye kuvuka intambara ikomeye cyane, kandi na Leta ya Kigali izaba ibifitemo uruhare uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abadayimoni bakorera mu butegetsi bwa RPFKagame Paul bamaze gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi zibibi ziraje barashaka kurimbura ubugingo bwawe ube maso cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ikuzimu bakoze inama ikomeye cyane bavuga ku muhanuzi Majeshi Leon, ko yabananiye kuko bakoze ibishoboka byose ngo bamwice, ariko arabananira kuko ukuboko k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kwari kumuriho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Numva baravuze ngo; nimumureke agende akomeze gukorera Imana ye, kuko yagize kwizera aturusha imbaraga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abadayimoni muhanganye imyaka (7 good yrs) none baraneshejwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abadayimoni bamaze gukora inama, mbona na bakozi burwego rushinzwe iperereza bu Rwanda nabo bakoze inama ikomeye cyane, bibaza inzira na mayeri akomeye bakoresha kugirango babashe kuzafata Umuhanuzi Majeshi Leon, numva umwe muri bo aravuze ngo, biragoye cyane kuko ibyo dukora byose, ndetse niyi nama yamaze kuyerekwa mukanya urasanga yamaze kubyandika yabitangaje ku www.inyangeNewss.com uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Numva undi atanze igitekerezo cyo guteza imyuka mibi abasoma Ubuhanuzi, undi aramusubiza ati, ibyo nabyo arabibona akabivuga kandi ahita asenga akaburizamo imigambi yacu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Undi mugabo numva kandi aramushubije ati, nta cyo tutakoze ibyo muvuga byose, aba ari hano nubwo twebwe tuba tutamureba kuko ibyo twateguye nibyo twavugiye mu nama byose ubisanga ku kinyamakuru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

June 3, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, maneko ukorera inzego z’ubutsi z’uRwanda witwa Nyagasaza Innocent FRUIT afite umugambi wo kurimbura ubugingo bwawe ube maso cyane kandi witondere abantu uvugana nabo kuko muri bo harimo Abagambanyi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutunzi bufite iherezo, ariko umwuka w’Imana nta bwo uzagira iherezo. Abaguhiga bahumeka umwuka wa bantu, ariko wowe uhumeka umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bantu bose bahiga ubugingo bwawe bamaze gucirwaho iteka kuko nta sano bagifitanye n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, iherezo ryabo n’ukurimbuka kuko ibyo bakora byose nta na kimwe batazi, kuko bahanganye n’Uwiteka Imana Nyiringabo niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abega uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ubutunzi bwose mwasahuye mukabushyira mu bubiko bwanyu, Uhoraho Uwiteka Nyiringabo aravumye nta cyo buzabamarira kuko buzarimbwa na bantu batabiruhiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.

June 4, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu cy’uRwanda yicwa, amaze gupfa, abasirikare na bacivili barwanira ubutegetsi. Ariko muri RDF harimo ibice (3) bya barwaniraga ubutegetsi, Bararwana birakomera cyane haba intambara iteye ubwoba, igice cya rwaniraga Paul Kagame yuko abana be bakomeza ubutegetsi bwe, baraneshwa ntibaba bagishoboye gukomeza ubutegetsi bari basanganywe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame namara gupfa, hazaba intambara itarigeze kubaho mu Rwanda kuko bazaba barwanira ubutegetsi, ariko Uwiteka Imana Nyiringabo azabyivangamo maze abarwanira ubutegetsi bose bacishwe bugufiya maze igihugu gihabwa bene cyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri iyo ntambara abagore bacibwa ibitsina byabo kubera umujinya w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo wabahagurukiye kubera gukora ibyaha kumugaragaro nta cyo batinya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muriyo ntambara ingabo z’Ababiligi n’ingabo za ba France bazongera kuza kwivanga mu bwicanyi bashakisha uko basubiza ubutegetsi abahutu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wandike ibyo weretswe kuko igihe kitari cyera cyane bigiye gusohoza umurimo wabyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuze, wa munsi wa mateka uregereje abantu mukwiye kwihana no kuba maso cyane kuko ibihe birimo kwihuta kandi abantu bazakomeza gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Malaika agiye kuvuza impanda inshuro ebyeri, abazaba batari bihana ibyabo bizaba bibarangiranye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 5, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi araje arashaka kurimbura ubugingo bwawe. Ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka Nyiringabo yamaze kubaciraho iteka uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umurimo wa data wo mu ijuru ugiye gukorwa neza, kuko abari bawubangamiye bakuwe mu nzira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umudayimoni ushinzwe guteza ibibazo uciriweho iteka rya burundu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umudayimoni warushinzwe gukurikirana telephone zawe bareba abantu uvugana nabo, cyane Umwami Kigeli V Ndahindurwa hamwe n’umwiru mukuru Boniface Benzige ibyo byose Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabarangije uko niko abivuga.

June 06,2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Mugabo Festo Uwiteka Imana Nyiringabo aramurakaliye cyane kuko yakuriganije ibihumbi (100,000) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukandinda kumwanya w’umukuru w’igihugu Donald Trump atsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri United States of America uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo mu nzu yitwa (abanama community clan) umuryango nyarwanda bagiranye igihango na Satani mu mwaka w’ 19801985 batanga abantu babo bose ko bazakorera Satani kandi ko abadayimoni bazibera hagati muri bo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abahanuzi bahanuye bakavuga ko Paul Kagame azatizigera ava ku butegetsi ni abahanuzi bibinyoma bishakira umugati ngo babone amaramuko uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, ugiye gukora ibiroli bikomeye cyane kandi bizitabirwa na bantu benshi cyane, ariko abajyanama bawe nta numwe uzabyitabira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 7, 2016 Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, mu bajyanama bawe harimo abarwanya Ubuhanuzi bw’Uwiteka Imana Nyiringabo, kubera iyo mpamvu Uhoraho abambuye icyo cyubahiro uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo uti, Kagame Paul yagiranye amasezerano n’ubutegetsi bwa Uhuru Kenyatta yuko batazongera kwakira impunzi ziturutse mu Rwanda uko niko abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye ko bagambaniwe ibyo batekerezaga yuko bazabona ubuhungiro, ubabwire ko nta bigihari bashakishe ukundi babigenza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Gen.James Kabarebe uti, wifuza yuko aba Generali bose bagupfukamira, utabikoze ukamushyira mu nzu y’imbohe, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aravuze ngo, abo usuzugura uymunsi, nibo bazagusimbura kuko igihe cyawe cyo gukurwa kuri uwo mwanya gisohoye niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guca urutoto (harassment) Gen. James Kabarebe ashyira kuri ba Commander’s bagenzi be, uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame yasabye ibihugu bicumbikiye impunzi zo mu bwoko bw’Abahutu ko bazirukana, cyangwa se agahabwa uburenganzira bwo kubatezemo umutekano mucye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu babe maso cyane kuko Paul Kagame yafashe icyemezo cyo gukwirakwiza amarozi mu gihugu cya Kenya babe maso cyane niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 8, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni Paul Kagame akoresha batuma abanyarwanda barushaho kugira imibereho mibi, bose Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abaciraho iteka uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abo badayimoni batonze umurongo basubijwe mu butayu Uwiteka Nyiringabo ajya kubafungirayo kugirango batazongera kugaruka kubuza abantu amahoro niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

June 9, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika yinzigo (spirits of grudges) woherejwe n’ubutegetsi bw’ingoma y’abega buyobowe na Paul Kagame, maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame arakwanga cyane kuko wica imyuka mibi akoresha mu butegetsi bwe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka wikinyoma Paul Kagame akoresha abeshya isi, Uwiteka Nyiringabo yamaze kuwushyira ahagaragara uko niko abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abadayimoni (3) Paul Kagame yakoreshaga bashinzwe kuriganya isi, nabo boherejwe mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu Rwanda urubyiruko nyarwanda bagiye guhura ni byago bikomeye cyane birimo gufungwa ndetse no kwicwa, abatazahunga bazarimbura ubugingo bwabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

June 10, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagabo boherejwe kuza guhiga ubugingo bwawe ngo baburimbure, ni abapfapfa kuko batagira ubwenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes heaven unto me, and told me that, man of living God of heaven, have a look John 4:1 When therefore the Lord knew how the Pharisees had heard that Jesus made and baptized more disciples than John.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar