Abadayimoni, insengero, abahanuzi-kazi,ibihugu,abategetsi bajyanywe mu butayu bugufiya!!!
May 18,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mwana w’umuntu, na kugize amaso y’ubwami bw’u Rwanda kugirango ubarindire umutekano. Ariko niba batizera ibyo ubabwira, ubwami bwabo buzahita bushiraho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwiyita Bondy TEGANYA akwandikira e-mail akoresheje ayo mazina yigize umuntu w’Imana umusore ukijijwe akaba ashaka ko umusengera ku bijyanye no kubona umukobwa bazabana nta bwo ari byo ibyo avuga byose ni binyoma, kuko akorera Leta y’u Rwanda murwego rwa national intelligence security services uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 19, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo yamanuye umucyo kw’isi ya bazima, kugirango abashaka umucyo kandi bakaba bari mu mwijima bamurikirwe bave muri uwo mwijima bajye mu mucyo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugabo uwitwa JEFF wigize pastor kugirango bimworohere kuneka impunzi, akaba akorera muri Jesuit Refugee Service JRS yasabiwe akazi na Leta y’u Rwanda mu gihugu cya Uganda ashinzwe kuneka abanyarwanda bimpunzi, abakongomani, na abarundi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Uwo mugabo witwa JEFF ukora muri JRS akaba yaraje muri Uganda aturutse mu Rwanda yari umukozi wa mukarere ka KICUKIRO ashinzwe imibereho myiza ya baturage uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, murusengero rwa Zion temple iyo bagiye kubatiza abanyamuryango babo, ba banza guterekerera imyuka mibi barangiza kubaha Satani bakababatiza mu mazi menshi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, urubanza rwa ZION Temple rwamaze kugera mu maso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intumwa ya Satani Paul Gitwaza Muhirwa yatwaye imigisha myinshi ya bantu abatangaho ibitambo kwa Satani kugirango bamugire umuntu ukomeye kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
May 20, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Jack Nziza yateguye abantu bihinduye abakozi b’Imana abategeka ko ba kwandikira e-mail bagusaba ko wabasengera kugirango babone uko bakora (tracing and tracking) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Jackson Nkurunziza (Nziza Jack) arigunze cyane kubera yuko Jezebel Nyiramongi yamuhaye inshingano zo kuguca igihanga, none byaramunaniye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
May 22,2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wakoze ikizamini [1] uragitsinda, hasigaye ibindi bizamini (two exams) bigiye kuza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika y’inzigo uturutse mu Rwanda wongeye guhaguruka abega bari ku ngoma barashaka ku guca umutwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyamulenge banze kwitandukanya na bene wabo bakora umwuga wo kuroga ngo badakorwa nisoni, none ubabwire uti, Uwiteka Imana Nyiringabo aravuze ngo, mwese uko mwakabaye agiye kubahanira hamwe kuzageza igihe muzamenya gutandukanya icyiza ni kibi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
May 23, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inyamaswa ya mabara (2) ifite uruhu rw ’ingwe, ikongera ikagira uruhu rw’igisamagwe (Leopard and Tiger). Iyo nyamaswa yamaze gufata icyemezo cyo gusenya no gukuraho ubwami bw’abega muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona iyo nyamaswa ifitiye umujinya mwinshi cyane, Umwakagara Paul Kagame, maze mbona ikoresheje inzara zayo ikajya yipfura ubwoya bwayo maze uruhu rwayo rusigara rudafite ubwoya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nerekwa iyo nyamaswa ivuga ijambo rikomeye cyane kuri television mpuzamahanga, ivuga ko igiye gukuraho ku butegetsi Umwakagara Paul Kagame maze mbona amahanga aratangaye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona nzamutse kumusozi hejuru, ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, hamagara abantu bose basinziriye kuva cyera bakaba baraheze mu bitotsi cyane, ubabwire ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arabahamagara ngo mukanguke kuko mu maze imyaka myinshi cyane musinziriye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iriya nyamaswa wabonye nta bwo iri yonyine, ahubwo iri kumwe ni yindi yitwa ingwe (Leopard) iherereye mu burasirazuba bw’isi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugufiya n’ubutayu burebure (wilderness and jungles) muri ubwo butayu harimo inyamaswa z’inkazi cyane zitwa imbogo (buffalos) bisobanura [abadayimoni bakomeye cyane kandi bakaze] mbona ni zindi nyamaswa nyinshi ntabashije kumenya amazina yazo.
Nerekwa haza indi nyamaswa ikaze cyane kandi ikomeye kurusha izindi zose yitwa intare (Lion) iraza irwanya za nyamaswa zose zimwe zirahunga izindi irazica zirapfa isigara ariyo itegeka ubwo butayu niryo shyamba uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iriya intare ubonye niyo mu muryango wa YUDA bakunze kwita ALFA na OMEGA uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu benshi cyane baheze mu butayu bugufiya bafite umubabaro mwinshi cyane, bifuza kubona ibyiza, ariko ntibabibone. Abenshi bibera mu busambanyi bifuza kubaka urugo ariko bikabananira kubera imbaraga z’umwijima zibagose. Mbona intare yo mu muryango wa Yuda iraje irimbura za mbaraga zose z’umwijima zari zigose abantu batuye kw’isi zose zishiraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyabwoba, abantu batagira urukundo, abo ngabo bizabagora gukurwa mu butayu bugufiya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe cy’i byahanuwe kirarangiye kuko ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo bwatangiye kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagabo bahanura, na bagore bahanura, bose bafungiwe muri gereza kugirango batazongera guhanura kuko umurimo wabo wararangiye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abadayimoni bose bakorera kw’isi ya bazima bajyanywe mu butayu bugufiya gufungirwayo, nta bwo bazongera gukorera kw’isi ya bazima kuko igihe cyabo kirarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Pastor Mbabazi Jules yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamuhaye impano ngo amukorere, ariko ayigurana isupu itukura nka ESAU kubera inda nini none iyo mpano Uwiteka Nyiringabo arayimwambuye uko niko abitegetse.
May 24, 2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ugiye guhura na za magigiri ziba kumugabane w’Uburayi bazifuza ko mwakorana umurimo w’Imana, ariko bazaba bagambiliye kurimbura ubugingo bwawe ube maso cyane uko nuko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com













