Abarwanya Umwakagara Paul Kagame nibatanyura k’Umuhanuzi Majeshi Leon nta bwo bizabahira!!!

May 7, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abarwanya ubutegetsi bwa Kigali na RPF bafashe intwaro baratabaye bagiye guhangana n’Umwakagara Paul Kagame, ariko n’ubwo bagiye nta bwo ari jye ubohereje kuko batazabura gutsindwa urugamba bashaka gufata ubutegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uiwteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umunu, abazatabara bose utabahaye uburenganzira bazatsindwa urugamba nta bwo bazarutsinda kuko uko niko nabitegetse uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko bagaye Umwakagara Paul Kagame nanjye ndabagaye kuko banze kumva imiburo yanjye ngo bagendere imbere yanjye mbahe igihugu. Umwakagara Paul Kagame nzamukuraho nkuko nabigambiriye, ariko nta bwo ari bo bazamukuraho kandi nta bwo ari bo bazamusimbura ku ngoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta bwo ishyaka rya RNC rirwanya ubutegetsi rishobora gufata ubutegetsi kuko basuzuguye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’IBABYLON mbona ubwoko bwitwa (KIKUYU community clan) ko bagiye guhura na kaga gakomeye cyane, ku buryo ibyo biringiraga byose bibaye imfabusa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abatutsi biyita abanyamurenge barushijeho gukiranirwa kubera kuyoboka umwanzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo nta bwo bazigera baba abanyamugisha kuko bakunze indamu mbi banga gukiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ukuri nukuri nzabahana mbaziza kugambanira ubwoko bwanjye ngiye kubaciraho iteka mbaziza ubugambanyi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuntu wese ukora igikorwa cyo gukebwa ku bagore aba anyuranije n’ijambo ry’Uhoraho kuko hakebwa abagabo hadakebwa abagore uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

May 8, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi zikibi Rwanda Protocol for a Rwanda Kingdom (RPRK) zahoze zitwa Rwandan Protocol to Return Kingdom bamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, izo inkozi zikibi ziyobowe na Munyandinda James, na mukuru we Mbayiha John bateguye umugambi wo kohereza umuntu uza kugusha muri Kenya-Nairobi, ariko imigambi yabo namaze kuyiciraho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’urupfu n’umwuka w’ikinyoma bishyizweho iherezo mu isi ya bazima kubera imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu bakoresheje ikorana buhanga gushimuta gakondo yawe, na we ukoreshe ikoranabuhanga gutunganya imirimo idatunganije kuko batarikurusha uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, naguhaye umwuka wo kumenya no gusobanukirwa no gutahura amayeri yose umwanzi akoresha. Ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka Nyiringabo ari kumwe na we uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abahiga ubugingo bwawe bameze nk’ibicu bitagira amazi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

May 9, 2016 Maze njyanwa mu iyerekwa mu butayu bugufiya mbona inkozi z’ikibi zirimo kwitoza guhanura kugirango zihangane n’Umuhanuzi Majeshi Leon kugirango bamere nka we kandi bajye berekwa nkuko yerekwa kuko yavuze yuko udashobora kuba Umuhanuzi utajyanywe mu butayu kwigishwa uko bahanura uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami wo gukiranuka araje kandi aje guca imanza zitabera kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami wo gukiranuka agiye gucira imanza abatuye isi bose, ndetse ni byaremwe byose bituye kumugabane w’iy’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakurwanya ni benshi cyane, harimo abo muziranye, nabo utazi, kandi bose buzuye umwuka w’ishyari, ubugome n’urugomo, ariko bose Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze kubaciraho iteka uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko intambara zirushaho kwiyongera za bakurwanya, niko Uwiteka Imana Nyiringabo nawe arushaho ku kongera imbaraga zo guhanura kugirango abo bose bacishwe bugufiya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukomere cyane kandi Uwiteka ari kumwe na we kuko nta mwana w’umuntu uzaguhangara kuko uko abanzi barushaho kwiyongera uko niko bagiye gutatana ntuzongera kubabona ukundi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar