Abantu bose bagiriwe neza bakaba batarigeze batanga ishimwe ry’ababagiriye neza baciriweho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanzi bawe bose barwanya umurimo ukora bamaze gucirwaho iteka kugirango bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo, ari we wagumahagaye akagushinga umurimo umukorera wo guhanura no guca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame ibyo yifuza nta bwo nzabimuha kuko yifuza ko ubwami bwe yazaburaga abana be, kuko yabaye umunyarugomo rukabije cyane, sinzatuma ibyo yifuza bisohoza gahunda yabyo. Muri gakondo ya bakiranutsi nciye urugomo rw’abega ubugizi bwa nabi agirira ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri gakondo ya bakiranutsi nkuyeho urufatiro (foundation of abega community clan) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri uku kwezi kwa 4, 2016 Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aciriyeho iteka abadayimoni bakoreraga mu gihugu cy’u Rwanda bari bashinzwe kwica, kwiba, gusambana, no kwambura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi mbona abanyamadini ba Pastor barwanya ijambo ry’Ubuhanuzi Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, mwana w’umuntu, ngiye gufunga insengero nyinshi cyane zirwanya Ubuhanuzi wandika kuko bafite ishyari mu mitima yabo bigatuma barwanya umurimo wanjye kugirango abantu banjye batayoboka ijambo ry’Ubuhanuzi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutumwa Uwiteka yanyujije mu kanwa kawe abashumba (pastors) babuteye amabuye, none nanjye ngiye kubatera amabuye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

May 3, 2016 ijambo ry’Uwiteka Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze kwitegereza dossier y’ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegeko nshinga, icyemezo yafashe cy’urubanza uko rwagenze murubanza rwitiriwe ubwami bw’uRwanda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned the whole world and its people dwells in it because of their iniquities obtained  0000/0005/0016 thus is heaven judiciary decision.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ijuru rimanuye umwaka witwa bagaragaraza kuko Uwiteka Nyiringabo gukoza isoni ibyegera by’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa kuko barwanira icyubahiro badakorera kuko bo bumva kwitwa ibyegera by’Umwami w’uRwanda ari ishema ariko nta cyo bamariye ubwami bw’uRwanda none ngiye kubashyira ku karubanda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze gutoranya abandi biru (advisors of Rwandan Royal House Kingdom) yitoranirije abantu be azakoresha muri kiliya gihugu kuko ari cyo gihugu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yatoranije mu isi yabazima, kugirango abatuye isi yose bazamenye Uwiteka Imana Nyiringabo biturutse muri icyo gihugu uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, urusengero rwa ADEPR utangaze yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aruciriyeho iteka uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu bose basengera muri ADEPR yuko bakwiye kuruvamo kuko rwamaze gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

May 4, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyegera cy’umukuru w’igihugu wa Kenya, (Deputy President) Samuei William Ruto ababajwe cyane na kagambane yagiriwe na banyaKenya bo mu bwoko bw’Abakikuyu. Bagiye kumubeshya ko bagiye gusengera urubanza rwe rwa ICC kugirango rurangire mu gihe barimo kumwita ko ari INDAYA yarongowe na HOSEA uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugabane w’Africa bagiye guhura na kaga gakomeye cyane kuko bagiye kumena amaraso menshi atariho urubanza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

May 06,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda batavuga rmwe na Leta y’abega iyobowe na Paul Kagame, bashaka ko yakurwa kubutgetsi, mbona begeranya urubyiruko maze bitwikriza umutaka wa masengesho kandi ari inama bagiye gukora za politike uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, turiya tunama ubonye twa abantu bicaye mu matsinda nta kindi barimo gutegura kitari intambara kuko igihe cyo gukuraho Umwakagara Paul Kagame cyegereje kugirango ibyahanuwe bisohoze umurimo wabyo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuntu wese cyangwa abantu bose bagiriwe neza bakaba batarigeze bashima aba bagiriye neza Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubaciraho iteka kuko iyo neza bagiriwe bari bakwiye kuyishimira kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari we wabakoresheje kugirango yiheshe icyubahiro uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Uwiteka Imana Nyiringabo ategetse ko abantu bose bagiriwe neza bakaba batarigeze batanga ishimwe ku ba bagiriye neza, abo bakwiye gucirwaho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar