Abatwaye umugisha wawe nta bwo bazawusazana utawuhawe!!!

April 13,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wakuyemo iryinyo mu menyo yawe, iryo ryinyo nta bwo ryali risanzwe kuko ryameze kubw’ushake bw’inkozi zibibi bakoherejemo umwuka uzajya wumva ibyo uvuga byose na gahunda za we zose kugirango babone uko barinda umugisha bagutwaye utazawusubirana. Umaze gukura iryo ryinyo (removing teeth) bahise babura (spiritual teeth network) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umucyecuru witwa Veronica Rwigara niwe wakoze ayo mahano akoresheje imbaraga z’umwijima, niyompamvu wabonye abana be bapfa ipfu zidasobanutse ndetse abandi bagahinduka abasazi kuko igihe cyo kugaruza ibyawe byatwawe cyari kigeze uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Iguce cya (26) cy’Ubuhanuzi

Abandi bahumanije ubugingo bwawe hamwe n’umuryango ukomokamo, ni abo mwari muturanye kwa Ruzezwa Narcissi n’abo ni uko bahumanije umuryango wawe ari cyane wowe bakoresheje umwana wabo mwari inshuti kandi mwiganaga n’uwitwa Kamanzi Narcicis uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, niyompamvu Ruzezwa Narcissi umukobwa we yaguhamagaye kuza kumusengera, uragenda umusabira umugisha wo gukira kandi hari hashize imyaka (27) atarakubona ariko igitangaje yahise akumenya uwo uri we kandi yarahumye amaso umaze gusenga Uwiteka Imana Nyiringabo yahise amwica arapfa kugirango amwereke yuko nta muntu w’Imana uhumanywa kuko aba arinzwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kirageze ngo abo inkozi zibibi zatwaye imigisha yabo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ayigarurire ba nyirayo kuko iki ar’igihe cy’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iki ni gihe cy’abakiranutsi kuko Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubakubira inshuro (7) zibyo bambuwe na bakozi ba Satani uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

April 14,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, soma ariya magambo yanditse ku kibaho (black board) imbere yawe yari yanditse mururimi rw’icyongereza “make revenge” bisobanura kwihorera ku muntu wa guhemukiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo bantu binkozi zikibi ntuzabagirire imbabazi kuko bangije ubuzima bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uzahorere ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo kuko bagiriwe nabi na bari bakwiye kubagirira neza, ariko bahitamo ku bagambanira kugirango ba batware imigisha yabo n’ubugingo bwabo burimbuke uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Jeannine Bizamporo n’umugabo we JUSTIN batuye England UK, ni bamaneko. Bihishe mu barokore kugirango bazajye babona uko baneka abantu kuko umugabo yihisha inyuma y’umugore agakoresha umugore kuko ajya afasha abiyita abakozi b’Imana barangiza bakabatangaho amakuru mu butegetsi bw’uRwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, niyompamvu bagusabye ko bagufasha kwimura ikinyamakuru cyawe (domain transfer) kugirango babone uko bashimuta www.inyangeNewss.com utazabona uko uzajya ubandika ukabashyira ku karubanda kuko bari bamaze gukeka ko wabatahuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

April 15,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, impunzi zo mu gihugu cy’Ibabylon zigiye gushyirirwaho amategeko azemerera gukandagira mu murwa mukuru w’ISHUSHAN-Nairobi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kubera ubukene bwinshi bugiye kwiyongera mu mpunzi zo mu gihugu cy’Ibabylon hagiye kuba ubusambanyi bwinshi cyane mu bagore na bakobwa niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubabwire ngo, umunyabwenge iyo amaze kumenya ko agiye gushyirwa ku kiziriko, ntabwo ategereza ko baza kumushyira uwo mugozi mu ijosi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugambanyi yifuje wagezwa mu maboko ya banyabyaha ngo baguce umutwe, ariko Uwiteka Imana Nyiringabo yarinze ubugingo bwawe niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo aciriyeho iteka abantu basuzugura umurimo ukora kuko batawufata ko ari Imana ivugana nawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

April 16, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri RNC hamanutse imyuka (3) umwuka w’ubugambanyi bashaka ko wakwicwa, umwuka wo ku kwitotombera cyane ngo wabaciriyeho iteka, umwuka w’urwnago rwinshi cyane bifuza yuko nta muntu wajya asoma Ubuhanuzi wandika, nyamara bakaba aba mbere kubusoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ingabo za RDF zifte umuco mubi kuko buri musirikare agomba gushaka amagambo yo guteranya ajyana ku bayobozi be bakuru kugirango babone uko bahabwa amapeti uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar