Nimutemera gukora ibyo nshaka muraza kubura aho muhungira!!!
Amakuru dukesha ubumwe bw’Uburayi (European union) EU batangaje muri iki cyumweru turangije yuko bahagaritse inkunga bateraga ingabo z’uRwanda muri Mozambique aho zoherejwe kugarura umutekano. Leta y’abega ikorera mu mujyi wa Kigali yatanze itangazo rw’iterabwoba yuko bagiye gukura ingabo zabo muri Mozambique niba inkunga ingana na Euros milliyoni €20 zingana na (3 TN ksh).
Nta bwo byari byamenyekana impamvu ubumwe bw’Uburayi bwafashe icyo cyemezo kandi ari nta mpamvu ihari ndetse igaragara yatumye bahagarika iyo inkunga.
EU bajya gufata icyo cyemezo bari bazi ingaruka zizakurikiraho yuko Umwakagara Paul Kagame ari buhite akurayo ingabo ze, wanasanga bashobora gusimbuza izindi ngabo zizajya muri Mozambique kubungabunga amahoro ingabo za Kagame zakoraga. Bikaba biri mu rwego rwo kumufatira ibyemezo kubera intambara yo mu burasirazuba bwa DRC.
Ikindi dutekereza byashoboka yuko intambara irimo kubera mu burasirazuba bwa hagati nacyo gishobora kuba kimwe mu bibazo cyateye abanyaBurayi guhagarika inkunga kuko intambara irimo kubera muri Iran ishobora gufata indi ntera kandi ishobora no kuba ya kwiragira isi yose kuko Trump yatangaje ko ari nta gahunda yo kugirana amasezerano na Iran yo guhagarika intambara.
Gusa, andi makuru dufitiye gihamya kandi tudashidikanyaho, ni uko ubukungu bw’uRwanda cyane ubutegetsi bw’Umwakagara Paul Kagame bwamaze gucirwaho iteka. Bivuze ko, ahantu hose yakuraga cash zimufasha gukomeza intambara mu karere zirimo kugenda zifungwa kugirango imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zisohoze umurimo wazo mwiza.
NB: Kuba RDF yarafatiwe ibihano byo kuba idashobora kugura intwaro, ni kimwe mu bindi byaba byateye ihagarikwa ry ’inkunga kuko iyo wafatiwe ibihano ntabwo uba wemerewe kuba waterwa inkunga kuko izo cash ziba transacted kuri a/c ya RDF.
Uko US byubahiriza ibihano bitangwa na EU, na abanyaBurayi nabo basabwa kubaha ibihano bitangwa na US kugirango habe imikoranire myiza n’ubwubahane. Ingaruka zo gufatirwa ibihano zitangiye kwigaragaza, urumva ufashe triyali 3 ksh ukazikuba inshuro (10) urumva cash bahombye Umwakagara Paul Kagame ya byazaga umusaruro mu bana b’abanyarwanda bitirirwa kuba ingabo z’igihugu.
Ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo nibwo nyirabayazana. Igihe cyose Paul Kagame atubashye imanza zitabera z’Uwiteka Imana Nyiringabo azahura ni bibazo bikomeye cyane utaretse na banyarwanda.
Fata ibihano yafatiwe, wongereho intambara yo muri IRAN amavuta ubu yabaye ikibazo gikomeye cyane kw’isi hose. Bivuze ko inzara iri mu Rwanda ishobora kwikuba inshuro zigera kw’ijana.
Uwiteka Imana Nyiringabo yamubwiye gufungura abafungwa bose atarobanuye yaba abasirikare cyangwa abacivile abakoze genocide na batarayikoze bose bagomba gufungurwa. Yahawe itangazo rya nyuma last year yica amatwi.
Ikindi yasabwe kwishyura milliyoni za ama euros 750 Umwami Kigeli Ndoli yica amatwi. Ubu se urebye ibyo alimo guhomba ni Majeshi Leon Ainesha uhomba cyangwa n’ingoma y’abega? Fata imitungo ya AFC/M23 ifatiriwe EU, ufate imitungo ya RDF ifatiriwe na US, wongereho abagaragu be bose bafatiriwe imitungo yabo maze umbwire iyo mitungo uko ingana. Byange bikunde muzanshaka igihe cyabarenganye. Ahubwo Umwakagara Paul Kagame atarebye neza bariya ba generali bafatiriwe imitungo yabo bashobora ku mwirenza kuko nta kindi baruhiraga atari imitungo basahuye bakayijyana hanze bazi neza yuko bazabaho neza, none basubiye kw’isuka.
Ni munyishyure nkureho za sanctions mwafatiwe kandi mwemere ko murekura ubutegetsi maze murebe ko mudasubizwa imitungo yanyu aho tuvugiye.
egretnewseditor@gmail.com














