Abatutsi-kazi bazamurwa umusozi kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo!!!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi arimo guhiga ubugingo bwawe, ariko mureke akomeze kuko igihe cye cyarangiye nyamara abarwanya Ubuhanuzi ijambo ry’Uhoraho, Uwiteka Imana Nyiringabo, ni nabo ba mbere bakomeje kwemera Ubuhanuzi kuko bidashoboka yuko barwanya ibyo batemera! Niba barwanya Ubuhanuzi bisobanuye yuko bamaze ku bwemera bakaba batinya ko ibyo Ubuhanuzi bwahanuye bizabageraho ingaruka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abategetsi b’uRwanda bakomeje gukora ibishoboka byose ngo baguce umutwe kubera umurimo ukora w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Mar 15, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukore amasengesho usengere umuryango wawe kuko umwanzi awuhagurukiye kubera agufitiye umujinya mwinshi cyane kuko umurimo ukora umaze kumuca intege cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane. maze rirambwira mwana w’umuntu, dore inkozi zibibi zongeye ku guhagurukira ngo barebe ko bakubona bakaguca igihanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’urupfu wari uguhagurukiye ukiriweho iteka uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Mar 16, 2016 njwanwa mu iyerekwa mbona umurongo mure mure wa bantu berekeza mu butayu bugufiya hafi y’inyanja iri haruguru y’ubutayu ahajyanywe abantu bazakora umurimo wa (Protocol) ubwo bazaba bakira Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa wanze kumvira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ngo ryarashe abona uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore gakondo ya bakiranutsi (Rwanda) hateye inzara ni nyota yo kuvuga ukuri kuko igihugu cyose cyinjijwe mu butayu bwo kuvuga ibinyoma haba munsengero cyangwa muri politike uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, isezerano ryo gufunga insengero zo muri gakondo ya bakiranutsi (Rwanda) rirasohoye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intumwa ya Satani Dr. Muhirwa Paul Gitwaza yarazi ko namara kubona doctorate azabona icyubahiro cyane mu bantu, ahubwo niho umwuka w’igisuzuguriro warushijeho kwiyongera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Pastor Budederi William ngiye kumukoza isoni mu batuye isi kuko yigaragaza nk’umunyakuri, kandi akorera Satani uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwiza bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bwavuye kuri Budederi William asigaranye umwuka w’icyangiro kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yaramutaye uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abashumba benshi cyane kw’isi ya bazima bagiye gushyirwa ku karubanda kuko badakorana n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Rwanda national intelligence have been tracking your telephone even if you change them still they’re tracking you +254 733 771 780//+254 703 705 068 says the Lord God of host.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ugiye guhangana ni nkozi zibibi zo mu bwoko bwa za magigiri kandi muraba murwanire ubuki buteguye neza (honey refined) kuko umugore ugiye ku koherereza umugisha ari magigiri wahawe ama euros na za magigiri ngo ayakoherereze maze bayagufatireho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba aliya ma euros urayatwara kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ya yaguhaye ntutinye kujya kuyakira uko niko abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za inkozi z’ibibi zongeye kuguhagurukira ngo zirimbure ubugingo bwawe, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika n’inzigo (grudges spirits raise up against you) uraguhagurukiye Leta ya Kigali ifatanije na ba pastors barashaka kurimbura ubugingo bwawe ngo kuko Ubuhanuzi uhanura bumaze kubatera ubwoba uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mar 17, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo hagiye kubaho ubwicanyi mu gihugu cy’Isamariya (Burundi) ubwo bwicanyi buzabasira abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi, kandi bazabica Peter Nkurunziza amaze kwicwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Abahutu bo mu gihugu cy’Isamariya barimo gutegura umugambi wo kurwana n’Abatutsi bo mu Rwanda bo ku ngoma ya RPF, kandi iyi intambara izatangirira muri DRCongo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore na bakobwa bo mu bwoko bw’abatutsi-kazi bo mu Rwanda bazamurwa umusozi wubatsweho amashuli yigisha ubwoko bw’abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kandi bacishwe bugufiya bamenye yuko mu ijuru hari Imana yaremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mar 16, 2016 ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani na Paul Kagame hamwe na banyamadini (religious) bahuje umugambi mu nama yabo bakoze maze bagambirira yuko bakwiye ku kwica bakarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye kwihesha icyubahiro cyane kw’isi ya bazima kuzageza aho umwana w’umwega Paul Kagame azagira ubwoba akagusaba ko mushyikirana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, impunzi zo muri Suiden zigiye guhura na kaga ibyago na makuba bikomeye cyane kuko bamaze kubagambanira ngo basubizwe mu bihugu baturutsemo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mar 17, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngaho kanura amaso yawe maze nkwereke ibyo Paul Kagame agiye gukora kugirango ubibwire abantu bamenye uko bamwirinda.
Nuko mfungura amaso yanjye anyereka Umwakagara Paul Kagame atumiza inama akoranya urubyiruko rwitwa intore abategeka gukorana ubwenge bagahabwa amarozi bagashakisha uko bakwica Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa kugirango bazabone uko bimika ubwami bw’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inama barayirangije mu mwanzuro wabo bemeje yuko bagiye gushaka umuntu akajya gusura Umwami Kigeli V Ndahindurwa maze akareba abantu abana nabo maze bagashaka uko bakoresha abakozi cyangwa bene wabo ba bana nawe bakamushyirira amarozi mu byo kurya cyangwa ibyo kunywa kugirango ahite apfa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Bucyeye nafashe telephone mpamagara Umwami Kigeli V Ndahindurwa mu bwira ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo anshimira ko muhawe ubutumwa bukomeye kandi muburiye, ariko musaba kwirukana Ntaganira Christian aranga ubwo hari hasigaye amezi (8) ngo bamwica.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami Kigeli V Ndahindurwa atahaye agaciro Ubuhanuzi namuhaye, maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami w’uRwanda arihambye abona ntuzamurire kuko yanze kumva imiburo y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ugiye guhura n’intambara zikomeye cyane, kuko umugambi wo kwica Umwami Kigeli V Ndahindurwa wamaze kwemezwa kandi watunganye, basigaranye ikibazo cy’uko uzandika amakuru yose ukazavuga uko yishwe icyo nicyo kibazo bafite, none bavuze (Rwanda autholities) ko nawe ugomba kwicwa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wahanganye na bakomeye none urabanesheje ukomere kurugamba kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari kumwe nawe uko niko abivuga.
Mar 18,2016 njynwa mu iyerekwa mbona ko Gen.Kayumba Nyamwasa agiye gutuma hagati y’Ubuyuda n’Isamariya hagiye gutangira intambara ikomeye cyane kuko arimo gushaka igihugu cyamushyigikira kugirango akure abega ku ngoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Kayumba Nyamwasa nta bwo bizamukundira yuko aturuka mu gihugu cy’Uburundi ajya gutera gakondo ya bakiranutsi kuko yamaze gucirwaho iteka n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame yamaze kumenya amakuru neza yuko Kayumba Nyamwasa agiye kumutera aturutse Burundi, ni uko ategeka ko bajya South Africa bakamurasa ntibamuhushe nkuko byagenze muri 2010 uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com














