Abagabo na bagore bakoze ubukwe, bagiye kongera gukora ubukwe hamwe na basore bingaragu batari bashaka bizaba ari ibiroli biteye ubwoba!!!

Mar 8,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Bishop Rucyahana agiye kugambanira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aturanye nabwo kugirango ashimishe RPFInkotanyi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa maze mbona imigambi y’umwanzi Satani na bakozi be, bamukorera dore bagambiliye kurimbura ubugingo bwa benshi cyane kugirango batazabona ijuru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti mwana w’umuntu, urabe maso cyane kuko umwanzi umurimbuzi yamaze kugera mu gihugu cy’IBABYLONSHUSHAN uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira ati, mwana w’umuntu, tega amatwi wumve uko arimo atanga amabwiriza ntega amatwi numva ababwira ngo ntimuzave aho mutabonye Umuhanuzi Majeshi Leon ngo acibwe igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, bateguye gahunda yuko abicanyi boherejwe na Kigali bazamara iminsi (7) ubwo rero n’ukuba maso cyane kugirango batarimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kuko nd’Uwiteka Imana yawe kuko nagusezeranije kuzagaha gakondo yabakiranutsi, ibyo bakora byose barashinga umuhunda kukirenge kuko bagiye guhura nakaga gakomeye cyane ku buryo bazicuza icyatumye baba ku isi yabazima uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mwanzi wawe General Jack Nziza amaze kugera mu gihugu cy’IBABYLONSHASHUN dore amaze gushaka abagabo (3) bagomba gusohoza umugambi mubisha wo ku kurasa ariko arimo kuruhira ubusa kuko bidashoboka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen. Jack Nziza azamara iminsi (7) azava hano ari uko gahunda yamuzanye itunganye nyamara yemereye Nyiramongi Paul Kagame yuko azatunganya iyo gahunda yo ku guca umutwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, umenye uko ukwiye kwihisha uwo mwicanyi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 9,2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi wabakiranutsi agiye gukorana inama n’uwahoze ari umugore wawe” Mukandirima Murekatete Odette” kugirango barebere hamwe uburyo bakugwa gitumo ugacibwa igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze riti, mwana w’umuntu, Mukandirima Murekatete Odette arajya gushaka JOYCE OLANG’U wa wundi wasengeye ukamukiza indwara kugirango abe ari we ubatwara kuberaka aho utuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu Rwanda ko hagiye kubaho ubukwe ku mpande zombi hagati y’abagabo n’abagore buri muntu agiye gushyigirwa. Ndetse na bari barashyingiwe mbona nabo bagiye kongera gukora ubukwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri abo bazakora ubukwe na HARINDINTWARI Jean PAUL nawe azaba abarimo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo Malaika atasize amaraso kumiryango yabo nk’ikimenyetso cyo kuzarindwa, abo ntibakwiye kugira ibyiringiro byo kuzabaho muri gakondo ya bakiranutsi. Kuko babwiwe guhunga baranga, hasigaye ko bategereza ubwo bukwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe cyo gucyura ubwoko bw’Uhoraho kirageze kandi kirasohoye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga!

Mar 10, 2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’inzika y’inzigo by’abega ihagurukanye imbaraga zidasanzwe zihiga ubugingo bwawe ukwiiye kuba maso cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba hackers bagiye kohereza e-mail y’ikinyoma kugirango barebe uko babona password z’ikinyamakuru cya www.inyangeNewss.com maze babone uko binjira muri icyo kinyamakuru babashe kugishimuta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, fungura e-mail yawe urebe wohererejwe ubutumwa buteye ubwoba. Ndareba maze nsanga ibyo bambwira bifite ukuri ahubwo bashakisha kureba uko bashimuta ikinyamakuru inyangeNewss.com uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 11, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abaririmba muri za korali (choirs) ko igihe cyo kuririmbira murusengero kirangiye, kandi n’igihe cyo gusengera murusengero kirangiye kuko imanza zitabera zitangiye umurimo wazo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kugwa imvura izanyagira abanyamadini hamwe na za korali zabo kandi ibyo bizabera muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye guca urugomo abega bagukorera kugirango ukomeze umurimo wanjye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu (USA and UK) nibo bazakuraho ubwami bw’abega buyobowe na Paul Kagame uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwami-kazi namara gutanga hazashira ibihe bitari byinshi maze Umwakagara Paul Kagame akurwe ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 12, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukandinda kumwanya w’umukuru w’igihugu Donald Trump atsinze amatora y’umukuru w’igihugu ni we uzasimbura Barrak Obama uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihugu cya America cyigaruriwe na Satani, Donald Trump najya ku butegetsi, azasenya imbaraga zose za Satani zitegeka icyo gihugu, niyompamvu bamutinya badashaka ko aba umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe z’America uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona nzamurwa kumusozi muremure cyane, maze mpahurira na (Burundian first lady) bita (Denise Bucumi Nkurunziza) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugore wa Peter Nkurunziza (Denise Bucumi) agiye kuzamurwa umusozi ku buryo butunguranye cyane kugirango ijambo wasize uhanuye muri icyo gihugu risohoze umurimo waryo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mugore wumunyacyubahiro azamuwe kumusozi witiriwe ubwoko bw’Abatutsi wubatsweho amashuli yo kubigisha uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyo weretswe ubitegereze ugiye kubibona mu gihe kitari kirekire kuko butazatinda, ahubwo bigiye kwihuta vuba cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 13, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuntu mwari guhura umwirinde kuko yagambanye kugirango agushyire mu ishuli ritari ngombwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 14, 2016 Neno la Bwana likanijia na kuniambia siku hiyo, mwana wa Adam angalia Bwana wa Majeshi anasema hivi, kama kutakuwa na mtu yeyote ambaye hataingia katika ukabila nchini BABYLONSHUSHAN, basi mtu huyo atakilimiwa na Bwana wa mbinguni baraka sizo na kifani asema Bwana wa Majeshi aishiye. Angalia nchi hiyo itaingia kwenye vita vikali vya kisiasa ambapo kama hawatakuwa makini, basi nidhahili kwamba hakutakuwa na amani tena katika nchi hiyo ya Kenya tegemeo la watu wengi sana kibiashala hata mataifa ya ng’ambo asema Bwana wa Majeshi.

Neno la Bwana likanijia tena kwa mara nyingine na kuniambia kwamba mwana wa Adam, angalia watoto wa nchi hii ya BABYLONSHUSHAN wanaenda kuangamizwa katika majaribu makubwa sana mpaka mzazi ambaye alizaa hatatamani kuzaa tena asema Bwama wa Majeshi wa mbinguni.

Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi Paul Kagame yagerageje gukoresha ba (hackers) bashimute ikinyamakuru www.inyangeNewss.com ariko Uwiteka Imana Nyiringabo arakilinze cyane uko niko abivuga.

egretnewseditor@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar