Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha ahangana na Gen.Jack Nziza

Mar 3, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye ku kwereka uburiganya bwateye muri iyi minsi, kuko abantu basigaye bihindura uko batari. Fata ikaramu wandike ibyo ubonye maze ubishyire ahagaragara maze ababukora ubwo buriganya ubabwire yuko umwana w’intama ari bugufi kuza gica imanza zitabera kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngaho itegereze urebe bwa buriganya nakubwiraga. Ni uko ndambura amaso yanjye ndeba neza cyane, maze mbona abantu bari ikuzimu mu nama mbona bateranye na abazimu na badayimoni bakorana nabo bari bakoraniye mu nama ikuzimu ubwo bari mu nama bashaka igihugu bahungiramo kuko agace ko mu biyaga bigari aho abadayimoni bakoreraga kari kamaze kwangirika numva baravuze ngo, dore imanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zaratangiye kandi nimaza kuduciraho iteka nta bwo tuzaba tugishoboye gukora umurimo wacu kuko ibyacu bizaba birangiye burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igice cya (25) cy’Ubuhanuzi nicyo twatangiye gutunganya

Numva ko aba pastors bahagarariye amadini yabo cyane mukarere kibiyaga bigari, bahawe inshingano zo gukorana na Leta ziriho, cyane Leta y’uRwanda na Leta y’Uganda bakamagana cyane bikomeye buriya Buhanuzi kuko butuma abantu bari baratwemeye barimo kutuvaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari ubutumwa wohererejwe n’umukunzi w’I jambo ry’Ubuhanuzi fungura e-mail yawe urebe kandi witeho cyane icyifuzo cye kuko gifite ishingiro ibyo akubwira uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ubutumwa bwa e-mail: Muvandimwe rero nanjye mfite icyo numva nakubwira ku munsi w’intwari, mbere Umwami Imana ahambwe icyubahiro ki mukwiye kuko ariwe ntwari.

Namwe muti AMEN. Nejejwe n’ubutwari bw’abubaha Umwami Imana kuko ahananiye intwari, we abagira intwarane akababera maso kuko ariwe inyenyeri yaka izindi zizimye, akatwugamisha byakomeye agafata ingabo nini n’into buri yose akamenya aho ayikoresha mu gihe cyayo. Natekereje ku kuba intwari kwe birandenga, ariko nibuka ko uhari tujya tugusengera agatabara natwe nta tureke nibuka ko Imenya imitima ariyo izi intwari, none unyumve:

Igiti ntikiba cyiza kubera izina gifite ahubwo kigirwa cyiza n’i mbuto cyera, iyo ntawe zisharirira ubwo nibwo butwari kandi tegura abantu hari abasubijwe bagomba gutaha, hari abagomba gusubizwa nyuma y’amaboko bigishe kugenda mu bisubizo, hagarika irimbuka ry ’abanyiginya kuko umwanzi ashaka kubatsembaho burundu, yoooooo!!!!!!!

Mar 4, 2016 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mwana w’umuntu, ntubabazwe na biyita ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo batari bo, kuko abubaha Uwiteka Imana Nyiringabo bumva ijwi rye, maze nawe akumva gusenga kwabo, ntuterwe agahinda na bantu ubonye kuko banze kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo, ari ryo Ubuhanuzi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, itegereze neza noneho urebe ibigiye kuba ku bantu bishushanya babeshya ko ari ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kandi bakorera inda zabo na Satani na badayimoni. Nditegereza cyane maze mbona imvura iraguye inyagira abantu benshi cyane kw’isi ya bazima bishushanyaga bakiyita amazina akomeye cyane kandi atariyo.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hasigaye amezi macyeya cyane kugirango ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo butangire maze bacirweho iteka rya burundu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga. 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iriya imvura wabonye ibanyagira, bisobanura yuko bagiye guhura nibibazo byinshi cyane mw’isi ya bazima, kandi gusenga kwabo nta bwo kuzajya kugera imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko basuzuguye ijambo rye ry’Ubuhanuzi ndetse bongeraho no gusuzugura Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu bazanyagirwa niliya imvura wabonye, n’abo mu bwoko bw’abatutsi biringiye ingoma y’abega banafasha umukuru w’igihugu Umwakagara Paul Kagame kwica abaturage bayobowe, kandi nta bwo abishwe bahawe ubutabera ahubwo bahisemo kubica kubera urugomo n’urwango by’ abategetsi b’abega bari ku ngoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame namara gucibwa igihanga, hazabaho imitwe (2) ya bazaba barwanira ubutegetsi bashaka gufata igihugu ngo basimbure Paul Kagame kumwanya w’umukuru w’igihugu. Hazabaho guhanga gukomeye cyane kandi indege na za bomb bizaba birasa cyane abaturage benshi bazahagwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ingabo z’Abahutu bakorera muri Rwanda defense force RDF, bazatoroka bareke kwifatanya na RDF, ahubwo bajye gufasha abahutu bene wabo kugirango bafate ubutegetsi. Ariko ubabwire uti, nta bwo muzahirwa kuko yaba FDLR idateze gufata ubutegetsi ukundi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 5, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri Rwanda hazagwa abantu benshi cyane baruta abapfuye mu w’1994 kuko banze kugendera imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abantu uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, iyo RPF mureba yabateye ubwoba kugeza muhunze igihugu cyanyu, nta bwo muzongera kuyibona ukundi. Dore igihe kiraje kandi kirasohoye ngo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo asohoze ibyo yavuze ku gihugu cy’uRwanda uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu bizera kandi biringira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uti, ibibazo byose bizakemurwa n’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Mar 6, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona RDLR ifata ahitwa ku ‹GISENYI› bahamarana igihe kitari gitoya ari bo bahakontorola, mbona Umwakagara Paul Kagame akoresheje inama ya gisirikare cya RDF, abaza abasirikare uko byagenda ngo bahirukane inyeshyamba za FDLR, ariko babura igisubizo nyacyo maze bahitamo kuharimbura na bahatuye bose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame nabona ko FDLR yafashe intara ya Gisenyi, nabona ko nta gisubizo afite uko ya habirukana habaye imirwano ikomeye, azahitamo gukoresha intwaro kirimbuzi kuko arazifite azarimbura intara yose ya Gisenyi ku buryo abantu bazongera kuhatura bushya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame azarasa intara ya Gisenyi FDLR nimara ku hafata, kandi ikintu igihumeka cyose kizarimbuka, none uburire abatuye bose ko iyo ntara bashatse bayivamo bagashaka ahandi bajya gutura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ku bantu bafashe amadeni bagurijwe amashillingi na za bank za microfinance bakore amasengesho yo kwiyiriza kugirango Uwiteka Imana Nyiringabo abafashe kubona uko bishyura kuko igihe cyo guca imanza zitabera kizasange baramaze kwishyura batazacirwaho iteka n’Ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uti, ibiri imbere birakomeye kuko abazabirokoka ari bacye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo yuko uyu mwaka wa 2016 ari umwaka w’ubutabera mu buhanuzi bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagize urubyiruko nibo benshi bafashe amadeni bakwiye gusenga cyane bakinginga Uwiteka Imana Nyiringabo akabafasha kubona umugisha maze bakwishyura imyenda bafashe kuko ibihe biri mbere bishobora kuzaba bibi cyane bakananirwa kwishyura imyenda cyangwa amadeni bafashe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abagore bafite irali ry’ubutunzi yuko bateza abagabo babo gushakisha ibirenze ubushobozi bwabo, bigatuma bacika intenge mu byo kwizera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Malaika w’Uwiteka Imana Nyiringabo aza ansanga aho nari nduhukiye mu icumbi, maze ampereza imfunguzo (Angel given me the keys) bisobanura guhabwa ububasha n’ubushobozi ku cyintu cyose kinyuranye n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hari abagore benshi cyane kandi basenga Uwiteka Imana Nyiringabo bafashe amadeni muri za bank, none bananiwe kwishyura imyenda bafashe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abo bagore barakwanga kandi barakurwanya, ariko ntiwite kurwango rwabo wowe ubasengere bave muriyo myenda kuko imanza zitabera zigiye gutangira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mar 7, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, usengere abantu bose bariganijwe umugisha wabo kugirango Uwiteka Imana Nyiringabo abashe kuwugaruza abwambure inkozi zibibi Satani na badayimoni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Satani na badayimoni bamenye ko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubambura imigisha batwaye abantu be, none bagiye kwica abo bantu kugirango batazakira imigisha yabo. None senga amasengesho y’iminsi (3) angana na masaha (72) kugirango uhagarike urwo rupfa bagiye kuboherereza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen. Jack Nziza agiye kohereza abasirikare baje guhura na bakorera police ya Kenya kugirango bategure umugambi wo ku kwica uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukore amasengesho y’iminsi (3) angana na masaha (72) kugirango Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aburizemo umugambi wa Gen.Jack Nziza uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Jack Nziza yari yijeje Nyiramongi Jeannette Kagame yuko azagusaba telephone zawe mukavugana ukamukuriraho inyandiko ivuga imyitwarire ye mibi mugihugu cya Kenya kumurwa mukuru wa Nairobi, hanyuma wanga kumukorera ibyo yagusabye, none Nyiramongi Jeannette Kagame amereye nabi cyane Jack Nziza niyompamvu yateguye umugambi mubisha wo kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ufate ibyo bitutsi yagututse nabyo ubishyire ahagaragara uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Gen.Jack Nziza: Urampa phone number ryari? Cyangwa nohereze Karangwa kundege ya ni mugoroba aze muvugane? Anakugurire ibiryo urwo rusaku rwawe ni inzara yakurenze wa ngumba we! Urongora umugore imyaka 6 nta mwana, amashitani agukoreramo yaragukonnye! Ubeshya umwana w’umuntu nguri umugabo wa mutwa we? Nutampa iyo number Ndohereza Karangwa Nimugoroba umusange kuri Hotel.

From: Ntakirutimana Mageshi <nccleon@gmail.com>;To: jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz>;
Subject: 
Re: Kannyemo
Sent: 
Fri, Feb 5, 2016 9:02:14 PM

Ariko Jack urumuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanjye? Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera! Yewe habe n’Umwakagara na bereye umugaragu, mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba!!! Njye nta nyama y’ubwoba yansigayemo nayisize iwanyu mugisirikare cyanyu, urumva rero ko, ibitutsi byawe nta cyo byantwara peeee!!! Col.Karangwa John umwohereze turibusangire supper muri African Hotel.

Hanyuma number yanjye sinjya nyiha abapagani nkawe, cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe n’amaraso ya banyarwanda yakurinze, niyo akuvugisha ibyo, nzarwana ngaramye nibirimba nicare, na kubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri ingagi.

Majeshi GASHINO KA NYOKO, ni ubwa nyuma tukwandikiye tukwiyama. Funga ako kayozo kawe, ngo ni akanwa I birengera birenze kuba byinshi.

  1. Intambara mu Rda n,u Burundi ni wowe izabanza guhitana abandi ntacyo izadutwara
    2.Uko utubashye nyoko ni nako ubwejagura wasebeje 1st lady turakwihorera
    3.Gitwaza akuturegeye bigera 10

4 Rwandamura charles wagirango ni umwe mu bashumba b’inka, kandi ashumba abantu.

None GASHINO KA NYOKO, wibaza ko twakubuze? Funga Mdomo wako pumbafu! Wagiye tukwirukanye GASHINO KA NYOKO? Garuka usabe imbabazi tugusubize mu gisirikare cyangwa ukore ibindi wifuza uzibe siwowe waduhaye igihugu.

First lady afite amazu ahongaho niba ari inzara ikwishe vuga akugenere aho uba mu nzu ze, uceceke GASHINO KA NYOKO.Usabwa kumpa phone number yawe kuko First lady ashaka kuvugana nawe, nutayiduha kakubayeho ni haha ndi hawe.

Think twice!

E-mail from Gen.Jack nziza <jack.nziza@yahoo.co.nz> GASWERE NYOKO UMUCURITSE NURANGIZA UMUCE RUGONGO!KABUNO KA NYOKO ujya kuzererana umugore akageza ubwo aguta warataye umutwe. Sara ugaruka hano niwanyu umugore azakwakira nureka kujya mu Barangi bagushajije. KUDAKUBITA IMBWA BYORORA IMISEGA KABUNO KA NYOKO, uzongera kwandika First lady nzagusweza nyoko!

Ariko Jack urumuti wa menyo!!! Uziko nitwa Majeshi cyangwa wibagiwe izina ryanjye?Wowe singutinya kuko nta bwoba wantera yewe haben’Umwakagara nabereye umugaragu mwirirwa inyuma nta bwo yantera ubwoba.

 jye nta nyama y’ubwoba yanigayemo nayisize iwanyu mugisirikare urumva rero ko ibitutsi byawe nta cyo byantwra pe!

Col.Karangwa umwohereze turibusangire supper muri African Hotel hanyuma number yanjye sinjya nyiha abapagani nkawe cyeretse ukijijwe ukihana ubwicanyi bwawe namaraso yakurenze niyo akuvugisha ibyo nzarwana ngaramye nibirimba nicare nakubwiye ko nzashira inguruguguzi nkiri Ingagi.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore uwahoze ari umugore wawe Mukandirima Murekatete Odette bamuhaye ikiraka cyo gukwirakwiza ibihuha ko wapfuye kugirango ubwo bazakwica bizavugwe ko n’ubundi byari byaravuzwe ko yapfuye!!! Ijambo rirambwira riti, Odette Murekatete uravumwe kuko wagambaniye amaraso atariho urubanza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

egretnewseditor@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar