Ubuhanuzi bukakaye hamwe ni manza zitabera!!!

Jan 1, 2026 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye gutera umutingito w’isi uvanzemo ni gikoma cy’ibirunga bigiye gutera inzu y’abega n’ubwami bwabo. Ubutegetsi bwabo bugiye kurigita bwinjire mu gitaka. Hanyuma inzu yabo irimbuke burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuryango w’abakono nabo ni uko bazarimbukana n’ubwami bw’abega.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo mu nzu bo mu nzu y’abatsobe inzira zabo zigiye guhinduka amahari kuko bemeye kwifatanya n’abo mu nzu y’abakono kandi ari inkozi zikibi zo mu bwoko bw’abega barimbuye ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’abo inzu y’abashambo nayo ni uko bigiye kubagendekera nabo bazahura n’uwo mutingito w’isi uvanzemo ni birunga by ’igikoma barimburwe burundu kw’isi yabazima. Aho batataniye hose kw’isi kugirango bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we Imana waremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuryango wo kwa Rwigara Assinapol inzu yabo y’Abahindura, hamwe ni nzu y’abakaala bagiye kuba akabarore kubera gusuzugura umwuka w’Imana biyitirira yuko uba muri bo, ariko imbuto zabo zikagaragaza gusuzugura Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Kuko ibyo birunga bivanzemo n’uwo mutingito nta bwo bizabasiga amahoro kuko bagiye gucishwa bugufiya kw’isi ya bazima kuko basuzuguye Ubuhanuzi ni manza zitabera by’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kuba ibintu bizasiga inkuru ibabaje kw’isi ya bazima. Kwa Rwigara Assinapol ibyiringiro byabo bazahinduka umuyonga, kandi isi izabanegura cyane kuko babwiwe bakanga kumva niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abega uti, mugiye gutungurwa cyane, kandi hagati muri mwe hacitsemo icyuho, kandi kurimbuka kwanyu kuraje kwihuse cyane, izina mwubatse igihe kirekire riri bagiranye kw’isi ya bazima. Ingabo zanyu zimanuwe ikuzima niho zizajya zikorera akarasisi bazifuza kuri kurwayo, ariko nta bwo bizashoboka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abega bazajyanwa ikuzimu, uko bazajya bazamuka bashaka kuvayo, bazajya bahura ni birunga biri hejuru kw’isi byongere bibasubize ikuzimu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kwa Rwigara Assinapol bagiye kurira amarira y’ingona: 

Ubabwire uti, muzifuza cyane guhura n’Umwami Kigeli Ndoli ngo abagirire ibambe ariko muzaba murushywa n’ubusa kubera gusuzugura kwanyu kuko Uwiteka Imana Nyiringabo yabahaye umugisha murarengwa mwibagirwa yuko ari we wabagiriye neza uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

NB: (1) muzifuza yuko mwashyingira Umwami Kigeli Ndoli abangavu ngo abirere nyamara muzaba murushywa n’ubusa kuko igihe kizaba cyarenze uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 28, 2026 the rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of living God of heaven; write this I’m going to tell you, because it’s very important in the God’s kingdom, and it’s very emergency says the Lord God of heaven. Announces for the world that in the land of the righteous, volcanoes called (silence killer) are about to erupt. Based on heavenly news of heaven, it says that these volcanoes silence killer will start in the family of the late Rwigara Assinapol because they disobeyed the command of the Lord, the Lord God of hosts.

The word of the Lord God of heaven continues talk to me, and told me that these volcanoes silene killer will across into the family or house of the abega community clan and will do a very good and interesting work says the Lord God of hosts.

According to the information provided by the spirit of God of host so that the abega community clan will know that in heaven there is a God who created the heaven and the earth. These volcanoes called (silence killer) will destroy abega community clan and all their wealth’s and Rwigara Assinapol family so that other families will see it and become an example, as the heavenly news agency announced.

After finishing the abega house community clan, they will return and cross the road and come across the house of the abashambo community clan and they will destroy it so that they too will know that the Lord, the God of hosts reigns.

When they finish the house of the Abashambo, they will rise up and appear to be heading towards the desert to destroy abatsobe community clan, but it seems that they have set themselves aside and it will continue to destroy another house of abega community clan are called (ABAKONO) who are working with and friendly to the abatsobe community clan, but the Abatsobe clan will not be affected by them, but they will see with their own eyes what they will say that the Lord God of Hosts is King and that He reigns supreme. Abakono the house of the abega community clan will be destroy by the volcanoes called Silence Killer.

NB: (i) Sign: At that time, the Tutsi who came from the country of (SAMARIA) which is (Burundi) and live in the nation of the righteous and work in the markets will be trading and are making a lot of money and will be very proud of their country that they sharing nation cakes with the abega community clan.

(iiThey will be happy to go to the capital city of Salem which is (Kigali-city) because they will have plenty, while other Rwandans will have their stomachs blown by the wind.

(iiiThis will also be preceded by the crocodile tears, of the Hutus who live and rule the country of SAMARIA will be crying to show their sorrow and they are the ones who caused it!!!

(ivAt that time, it will be the beginning of the Abega community clan to feel their sorrow entering their bones marrow. At that time, they will need to do what the Lord, the Lord God of Hosts, has commanded them to do, but they will turn their nooses up at him.

(v) This will also be preceded by a very great sorrow that will strike the country of Iran.

(viAli Khamenei Ayatollah will be taken to a very great desert and he will not be able to get out of it and he may end up in it forever.

Translate »
Skip to toolbar