Gen. James Kabarebe azajya asaba abari abagarugu be, ibyo kurya basigaje!!!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo bakiranuka uti, uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, mwirinde cyane kandi mube maso cyane kuko Uhoraho Nyiringabo agiye gukora ibikomeye cyane mw’isi ya bazima uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye uti, Uwiteka Imana Nyiringabo azabarindira mw’isi ya bazima kuko agiye gukora ibikomeye cyane ku buryo isi yose izanyeganyega uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mu gihugu cya Kenya hagiye kumanuka umwuka w’urupfu abantu benshi bazajya bapfa kandi bazica na police yaho irimo kurengera ubutegetsi buzasimbura Uhuru Kenyatta uko niko Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hamanutse imyuka (3) y’urupfu mu gihugu cya (Kenya–Nairobi) kandi iyo myuka (3) igiye gusenya igihugu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo amanuye ububyutse kw’isi yose bwo guca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Feb 13, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira umuhanuzi mukuru umubwire uti, dore ugoswe na banzi bakomeye ariko Uhoraho Nyiringabo ari kumwe na we uko niko abivuga.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Paul Kagame agiye gukurwa ku ngoma kugirango gakondo ya bakiranutsi Uwiteka Imana Nyiringabo ayitunganye uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi z’ikibi barangije gukora inama kandi iyo nama bayikoreye ikuzimu barashaka kuza kw’isi kwica ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo cyane abasengera mu byumba by’amasengesho kuko batuma abadayimoni badakora imirimo yabo kw’isi ya bazima uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Nyiringabo agiye kuburizamo imigambi yizo inkozi zikibi kugirango bamenye yuko Uwiteka Imana Nyiringabo ari we waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za maneko za Leta y’uRwanda zimaze kwemera ijambo ry’Ubuhanuzi rya turutse mukanwa k’Uhoraho none basigaye biganyira kuguhiga ngo bakwice kuko ibimenyetso byose wahanuye ko bizagaragaza kuvaho ku butegetsi bwa RPF–Paul Kagame uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Feb 16, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanurira abatuye mu Rwanda maze ubabwire uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, nzakoresha America gukuraho no guhindura ubutegetsi bwa RPF–Paul Kagame kugirango mbaruhure imitima yanyu imaze kunanirwa cyane uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibintu bikomeje kumera nabi mu abatuye isi ya bazima, ubwire abatuye Isamariya no mu gihugu cy’UBUYUDA uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, musenge cyane kuko igihe cyo gusenga kigiye kurangira kuko abantu bagiye gutungwa na masengesho yabo hamwe nimirimo myiza yo gukiranuka niyo izabatabara mu myaka iri mbere uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatuye isi uti, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guteza ibyago kandi bikomeye cyane kw’isi ya bazima na bayituye kandi yaba abakene cyangwa abakire bose bazahura na kaga, ibyago, na makuba, uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira abakiranutsi ubabwire ati, Uwiteka aravuze ngo, nta mukiranutsi wigeze yubahiriza ijambo ry’Uhoraho akaryubahiriza ngo narangiza Uhoraho amwirengagize cyangwa ngo abure kumugirira neza uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ijuru rimanuye ububyutse bw’urupfu kw’isi ya bazima, hagiye gupfa abantu benshi cyane kandi bazapfa mu bihe (2) bitandukanye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Feb 20, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ube maso kandi cyane kuko ubutegetsi bwa Paul Kagame barimo guhiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye kuburizamo imigambi y’umwanzi Satani na badayimoni ndetse na bantu bakorana nabo bamenye cyane Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.Jack Nziza (Jackson Nkurunziza) uhagarariye urwego rwa maneko mu Rwanda agiye ku kwandikira agusabe ko mwa kumvikana, kugirango udakomeza kwandika kumakuru ya Nyiramongi Jeannette Kagame kubera ibikorwa bibi akomeje gukorera abanyarwanda ndetse na banyamahanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakozi bakora muri (Rwanda national intelligence services) bamaze gucika intege cyane kuko ibyo uhanura byose barabibona kandi iyo bateguye umugambi wo ku kwica Uwiteka Imana Nyiringabo arabikwereka ukamenya ku birinda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, (Rwanda national intelligence services) bamaze kwemera Ubuhanuzi bwawe ku buryo batagishaka ku guhiga kuko bumva bicira urubanza mu mitima yabo, ariko kubera gutinya ba shebuja (theirs boss) babura uko babigenza bakwemera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na Gen. Jack Nziza na we arakwemera cyane, n’ubwo agaragaza yuko akurwanya, aba agirango yerecye Nyiramongi Jeannette na Paul Kagame ko ari umukozi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Feb 21, 2016 maze njyanwa mu iyerekwa mbona General James Kabarebe wahoze akuriye ingabo za RDF, arimo kurya ibisigarizwa bya bagaragu be, nyoberwa uko bigenze:

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye, ubwo Gen.James Kabarebe azajya yifuza ibyo kurya by ’abagaragu yahoze ategeka. Kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo atakimushaka mu maso ye uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.James Kabarebe niwe Mutunzi ukomeye cyane mu Rwanda, ndetse arusha shebuja ubutunzi cyane, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo butunzi uko yabubonye niko buzayoyoka bugashiraho burundu abirebesha amaso ye, kuko atazaba agifite ingufu yahoranye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Gen.James Kabarebe yambuye abantu benshi cyane imitungo yabo, kandi yahemukiye abantu benshi cyane, ndetse Sibyo gusa, ahubwo ya kenesheje abantu benshi cyane, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo inzige zariye ubutunzi bwa bandi zirye ubutunzi bwe, kandi azamburwa ibye nkuko ya byambuye abandi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu benshi cyane bajya bifuza kuvugana na Gen.James Kabarebe, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ngo nawe azajye yifuza kuvugana na bakomeye kuko igihe cye cyo gukomera kirangiye kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Feb 23, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wirinde cyane, kuko hariho abagabo (3) baturutse mu Rwanda bakora muri (National Intelligence Services) baje kugushaka ukwiye kuba maso cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Paul Kagame utegeka uRwanda uti, harimo gutegurwa abagabo (3) bazagukura ku butegetsi kuko umaze kurambirana kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Feb 24, 2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi yongeye guhaguruka bikomeye baje ku guhiga ngo bakwice, ariko ntutinye Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugabane w’Africa ugiye guhura ni bikomeye cyane (Africa continent will face challenges in coming days later) mu minsi iri mbere uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nerekwa hamanurwa umwuka usa ni ibicu, ariko nta bwo byari ibicu bisanzwe, mbona uwo mwuka utumye abantu badashobora guhumeka neza, abantu benshi bahise cyane abandi bazarokoka ariko basigarana imvune zikomeye z’uwo mwuka w’u burozi warutewe mukirere hejuru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mwuka wa marozi uzaterwa mukirere cyo ku mugabane w’Africa nta bwo uzahatinda cyane, uzahamara igihe gitoya urangire ariko uzasiga ubumuga mu mibiri ya bantu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu na gushyiriyeho kugirango ube umugisha ku batuye kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Feb 25, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu inkozi zikibi zikorana na badayimoni zahagaze mu nzira nyabagendwa aho ujya unyura ugiye kumurimo ube maso cyane kugirango umenye uko ugenza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abaguhiga burarushye kandi bamerewe nabi cyane, kuko Uwiteka Imana Nyiringabo abarwanya kugirango batagera kumugambi wabo wo ku kwica uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Nyiramongi Jeannette Kagame arakwanga cyane yifuza yuko wapfa kuko washyize ahabona ibikorwa byo bibi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kubaho imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, urugomo no kurenganya bigiye gucibwa mw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zikibi zategeye mu nzira aho Umuhanuzi Majeshi Leon akunze ajya kumurimo kumurwa mukuru w’ISHUSHAN mu gihugu cy’Ibabyloni uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha uturutse ahantu humwijima, maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti, za maneko z’uRwanda zikoherereje umugisha kugirango zigufate uje kwakira uwo mugisha, ni wowe ukwiye kumenya uko ukwiye kwakira uwo mugisha kandi ntibagufate uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abanyarwanda bakomeje kwitotomba bavuga ko badashaka kuyoborwa nishyaka riri ku butegetsi rya RPF ubabwire uti, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabimikira Umwami uzayobora neza ubwoko bwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, niyo RNC mwifuza nayo iramutse ifashe ubutegetsi yamera nka RPF uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutegetsi bwa RPF bashakisha abakobwa ndetse na bagabo bavanzemo na basore bahabwa amarozi yo kuroga abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Paul Kagame na gatsiko ke, abo batoranijwe kuroga abantu mbona bajyanywe mu mahugurwa bajya kwigishwa uko bazajya bahumanya abantu ni bamara kugera hanze mu bihugu bagiyemo bicumbikiye impunzi za banyarwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Feb 26, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona pastor William Budederi hamwe na bandi ba pastors bagenzi be, bose bari batwaye imodoka zo mu bwoko bwa Jeep mbona bamanutse ubutayu bunini cyane bafata urugendo rukomeye berekeza ku inyanja nini iri mu burengero bw’isi bavuga ko ngo bagiye kuriyo nyanja kuyogamo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Feb 27, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kuraho documents zawe kuri (screen) ya Laptop kuko barushimusi (hackers) bagiye gukoresha ikoranabuhanga rya Remote Access Files (RAF) maze bakabona uko binjira muri Laptop yawe bakiba za files zawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi yikibi yitwa Paul Kagame afite uburakari bwinshi cyane yategetse ko bagomba kuguhiga hasi no hejuru bakakubona akaguca umutwe none wirinde kandi umenye uko ugenza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba maneko ba Paul Kagame bihishe mu murwa mukuru w’ISHUSHAN (Nairobi) baragutegereje ngo baguce igihanga ukwiye kumenya ubwenge uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arinze ubugingo bwawe uko niko abivuga.
Feb 28, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuhamagaro Uwiteka Imana ya guhamagariye urakomeye cyane, niyompamvu ab’isi bahiga ubugingo bwawe bashaka kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bamaze igihe bakuvuga nabi cyane, ntutinye amagambo mabi ya bantu kuko abakuvuga bahisemo kuba abanzi b’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu umaze guca mu intambara nyinshi kandi zikomeye cyane ku buryo udashobora gutinya amagambo ya abantu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imvugo za bantu bafite ibyaha mu mitima yabo ntizikagutere ubwoba uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ayo magambo yose uwigeze kuba madam wawe Mukandirima Murekatete Odette niwe urimo ku kuvuga nabi yisobanura impamvu mwatandukanye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Feb 29, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo uturutse mu butegetsi bwa Paul Kagame bafatanije n’umuryango wari warashatsemo bishyize hamwe bagiye gukoresha Murekatete Odette ngo barimbure ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko ibyo byose Uwiteka agiye kubihindura umuyaga uhita kuko bidafite imbaraga kubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ubwo umwanzi aguhagurukiye, nta bwo afite imbaraga kuko yi hebye cyane mu mutima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ba (hackers) bagiye kwinjira mu kinyamakuru cyawe cya www.inyangenewss.com bagiye gushyiraho inyandiko zi cyongereza kugirango bakwereke yuko binjiye muri database yawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Mar 1, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ku ngoma y’ubwami bw’uRwanda, bugendera ku itegeko nshinga, ubucuruzi bw’ibikomoka kubihingwa bibyara petrol bizacuruzwa hagati y’uRwanda na USA nyuma y’ubwami bw’uRwanda gusubira ku ngoma muri Gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyaen, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihugu cy’Ibabuloni kigiye guhura na kaga gakomeye cyane kubera gukunda bituga ukwaha (corruption) dore abantu benshi bagiye gufungwa kubera ko bakomeje kwigwizaho ubutunzi bitanyuze mu nzira z’ukuri uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abadayimoni ba baterekererano bari bakoherereje ngo bakugire ikimuga banaguteze gukora impanuka cyangwa kurwara indwara ya maguru ku buryo ushobora gucika amaguru maze unanirwe gukomeza umurimo w’Uhoraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Nyiringabo alinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, mwana w’umuntu, dore umwanzi aragushakisha cyane hasi no hejuru, akomeje ku kugenza cyane, nyamara ukwiye kumenya ubwenge kugirango utagwa mu mutego w’umwanzi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa, mbona ukwezi kuje hejuru yanjye aho nari nibereye ku icumbi urumuri mbona rubaye rwinshi cyane, maze mbona haje igiti kirekire gikingirinje kugirango urumuli rutaba rwinshi cyane nkananirwa kwitegereza maze neza, maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngaho noneho itegereze ibyo ngiye ku kwereka. Nditegereza mbona urumuri rucanye cyane rumeze nk’izuba.
Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka yaguhamagariye kuba Umuhanuzi wa mahanga yose yo kw’isi uko niko biri none, dore urumuri rw’Uhoraho ruzakumurikira kuzageza igihe cyose cyategetswe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Mar 2, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi z’ikibi za bagambanyi na barozi zategeye mu nzira aho nkunze kunyura, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bagutegeye mu nzira ukunze kunyuramo none ube maso cyane utagwa mubicanyi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abarozi na bapfumu bakoze inama ikomeye cyane ku bijyanye n’Ubuhanuzi wandika bugasomwa na bantu bo kw’isi yose, none bahagaritse imitima cyane bagiye kohereza imyuka mibi ituma umugara cyangwa ugahuma amaso ntuzongere kwandika Ubuhanuzi kuko bumaze kubica intege cyane no kubamaramo imbaraga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburiganya bwa ba Pastor bubaye bwinshi cyane kw’isi ya bazima. Kandi barimo kubeshya intama zikiri ntoya mu ijambo ryanjye nta bwo bazi imikorere y’umwanzi kuko babafatiye kubyifuzo byabo bijyanye nirari ryabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com














