KDF, UPDF, RDF bagiye kurwana n’umwanzi batabona kandi intambara nta bwo bazayitsinda

Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo ararakaye cyane, kandi afite umujinya mwinshi cyane, kubera ubwoko bwe bwa mutaye bakajya gukorera ibigirwamana bitumva bitavuga, niyompamvu agiye guhana isi yose ku buryo bukomeye cyane kugirango bamenye ko bakoze ibyangwa na maso y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Feb 3, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inzika n’inzigo biturutse mu butegetsi bw’uRwanda baraguhagurukiye bohereje abantu baje guhiga ubugingo bwawe, ariko ntutinye kuko Uwiteka ari kumwe nawe uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona (Rwandan spy’s organization) bashakisha uko bangeraho maze mu gihe mvuye mu iyerekwa mbona barahamagaye Tel +254703705068 izi phone number zibaruwe ku witwa Wambua uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Feb 4, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bw’uRwanda bakoresheje ibishoboka byose ngo bashimute ikinyamakuru cyawe kugirango utangire guhamagara host wawe maze babone aho uherereye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ubwo nari kumurwa mukuru wa Kenya-Nairobi nicaye muri hotel ndimo gukora umurimo wa data wo mu ijuru, kuruhande rwanjye hari hicaye ba maneko b’uRwanda (Rwandan spy’s) barimo bavuga uko bagiye guteza umutekano mucye impunzi z’abanyarwanda batuye muri icyo gihugu cyacu cya Kenya. Ubwo ako kanya nahise nandika inkuru (article) imigambi yabo twicaranye muriyo hotel nari na mbaye nka ba diplomat ku buryo batari gukeka ko ari jyewe kandi nta bwo bari banzi kw’isura maze imigambi yabo iburizwamo gutyo.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba maneko ba Leta y’uRwanda bagiye kujyanwa mu butayu bugufiya kuko barimo guhohotera abantu b’inzirakarengane uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Feb 5, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutegetsi bwa Leta y’uRwanda buyobowe na Paul Kagame bajyanywe mu butayu bukomeye cyane kugirango bamenye yuko mu ijuru hari Imana yaremye ijuru n’isi uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Leta y’uRwanda uti, n’igisirikare cyanyu cya RDF muzajyanwa mu butayu bugufiya kugirango mwigishwe uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakirisitu basengera muri Zion urusengero ruyobowe na Paul Gitwaza inkozi yikibi ikorera Satani ntabwo bashaka kumva yuko umuyobozi wabo (Church members) Paul Gitwaza akorana na Satani banze kuva muri urwo rusengero, kubera iyo mpamvu ngiye kubatatanya kandi mbateze ibyago uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko intumwa ya Satani Paul Gitwaza arwana na bantu yabona ko bagiye kumunesha, ako kanya agahita yihindura Igikeri (frog) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intumwa ya Satani Paul Gitwaza iyo abantu bamubujije kugendera mu nzira z’umwijima za Satani, ahita ajya kubarega mu butegetsi kuko ari n’uwo mu nzu y’abega community clan kimwe na Paul Kagame uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko intumwa ya Satani Paul Gitwaza iyo abonye ko abantu bamutahuye bakamumenya ko akorana na Satani, ahita yihindura ikinyira/igishorobwa (snares) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abacuruzi bo mu Rwanda ubabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ubutegetsi bwa Kigali bagiye kubahombya mu byo mukora byose kugirango muhinduka abakene, uwabishobora yahunga icyo gihugu akazakigarukamo ubutegetsi bwa Kagame Paul bwaravuyeho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ubwo ingabo za UPDF zo muri Uganda bakurwanya, ndetse bakakurwanya bafatanije ni ngabo za RDF z’uRwanda, ubabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuze, ingabo za UPDF, zo mu gihugu cya Uganda, ingabo za KDF zo mu gihugu cya Kenya, ingabo za RDF zo mu gihugu cy’uRwanda mu minsi iri mbere zigiye kurwana intambara ikomeye cyane, kandi iyo ntambara nta bwo bazayitsinda kuko bazaba barwana n’umwanzi batabona uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu gihugu cya Abakaludaya (Chaldeans) ari cyo gihugu cya Tanzania, urubyiruko rw’aho rugiye kwinjira mu bikorwa bya Satani no gukiranirwa gukomeye cyane, niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabahana akoresheje ubutegetsi bwaho uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri Kenya na Tanzania urubyiruko rw’aho bagiye kuzajya basambanira ku mihanda nk inyamaswa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Feb 6, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi Satani akomeje ku kurwanya cyane kubera umurimo w’Imana ukora. Ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka ari kumwe nawe uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye gukoresha abo bakurwanya bakubere umugisha, ariko ube maso cyane kuko ari amasega aryana uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar