Umwakagara Paul Kagame azakora ibyo ashaka byose,azajya aho ashaka hose kw’isi, ariko azarimbuka nk’umunara wibaberi
Jan 15, 2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe cyawe cyo kurangiza ubutayu kirageze Uwiteka Nyiringabo yumvise kurira kwawe kandi ntabwo wigeze witotombera kuba mu butayu, ahubwo wabaye umugaragu wo kwizerwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Jan 16, 2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye ku guhagurukira kugirango udakomeza umurimo wanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwanzi! umwanzi! Ako kanya menya yuko habaye ubugambanyi bukomeye barimo kugambanira umwana w’umuntu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Jan 17,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ya nzoka ya cyera aliyo Satani nyijyanye mu butayu bugufiya kugirango idakomeza ku kurwanya ifite imbaraga, kuko nijyanwa mu butayu imbaraga zayo zizagabanuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona igiti iyo nzoka yariryamyemo, maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kiliya giti wabonye n’ubutegetsi iliya nzoka ikoreramo kandi ikorana na bategetsi benshi bo kw’isi ni nabo ikoresha ku kurwanya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira mwana w’umuntu, kiliya giti wabonye cyahawe kubaho igihe kirekire bidaturutse k’Uwiteka Imana Nyiringabo, niyompamvu ngiye kujyana iliya nzoka mu butayu hanyuma nzohereza umuyaga ugushe kiliya giti kugirango ya nzoka itazongera kubona ingufu zitututse muri kiliya giti uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’ikinyoma ukorera kw’isi ya bazima ugiye guhura na kaga gakomeye cyane kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo amanutse kw’isi guca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, itorero ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rihuye na kaga gakomeye kw’isi ya bazima kuko umwanzi yarihagurukiye kurirwanya kandi ari hafi kurinesha, niyompamvu Uwiteka Nyiringabo aritaye mu buryo bwo guca imanza zitabera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze gukura umwuka wera mw’isi ya bazima maze itorero risigara ari nta mwuka wera warushinzwe gufasha abantu asubira mu ijuru kugirango imanza zitabera zitangire uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Revelation 12:1 describes a “great sign” in heaven: a woman clothed with the sun, standing on the moon, and wearing a crown of twelve stars.
- The Woman: Represented as clothed with the sun, the moon under her feet, and a crown of 12 stars, symbolizing the 12 tribes of Israel and ultimately, the covenant people of God
Interpretation:
- Israel: The woman is often interpreted as a church, from whom Jesus the Messiah was born, often referencing Joseph’s dream in.
- Mary/Church: In Christian tradition, this imagery is also associated with the Virgin Mary, or the Church, which brings forth Christ into the world.
- Context: This verse immediately precedes the description of the woman’s labor and the threat from the great red dragon (Satan), who seeks to destroy the child. And the child interpreted as holy spirit who has the mandate to controlling God’s people have been born again through the King Jesus Christ.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri gakondo ya bakiranutsi igihugu cyatoranijwe kuzabamo ubwami bw’Uwiteka Imana Nyiringabo (Rwanda) hazaba intambara ikomeye cyane kandi izahitana abantu benshi cyane, ariko abafite cya kimenyetso cya Malaika Uhoraho Nyiringabo azabarinda uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu bose biringiye ishyaka riri ku butegetsi rya FPR–Paul Kagame bazakorwa nisoni kuko ubutegetsi bwabo bugiye gukurwaho, kandi kubera bazaba bafite umujinya mwinshi cyane, bazica abantu benshi cyane bibwira ko barimo kwihorera, ariko intambara izarangira ubutegetsi bwabo bukuweho kandi bose bazafatwa bashyirwe mu nzu y’imbohe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibihugu bigize umuryango wa East Africa Cmmunity EAC uwo muryango wabo uzasenyuka utageze ku inshingano zabo nkuko babyiyemeje uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ukomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wirinde cyane kuko umwuka w’inzika y’inzigo (spirits of revenge and grudges risen against you) uraguhagurukiye cyane kuko inkozi zibibi zishaka kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye basenge cyane kuko igihe cyo gusenga kigiye kurangira kandi umuntu wese azatungwa na masengesho yasenze mu gihe gusenga bizaba birangiye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu ireyekwa mbona ibihe birushaho kuba bibi cyane, abantu benshi bareka ibyo kwizera no gusenga Uwiteka Imana Nyiringabo bacika intege cyane kubera ibibazo byo mu isi uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Uwiteka Imana Nyiringabo atangiza umwaka w’ubutabera bwe kw’isi yabazima, maze ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti, umwaka utaha nk’iki gihe uzaba watangiye guca imanza zitabera z’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Jan 18,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, imaza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zizaburizamo imigambi myinshi ya batuye kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Jan 19,2016 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire Umwami Kigeli V Ndahindurwa uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze, niba utizera umugaragu wanjye Majeshi Leon namushinze kulinda umutekano wawe, isezerano ryo gusubira kwima ingoma nta bwo rizasohoza amahoro, kuko abo wibwira ko bagukorera umurimo, abo nibo bakugambanira kuko bamaze guhabwa ibihembo by’ubugambanyi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ndabizi ko Umwami Kigeli V Ndahindurwa atari bwemere ibyo umubwira, ariko wowe umuhamagare kuri telephone umubwire ibyo mugutumyeho kugirango ibizaba byose azamenye ko Umuhanuzi yanze kumvira umwuka w’Imana waruri muri we uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uyu umwaka wa 2016 ni umwaka w’ubutabera mu Buhanuzi, ariko umwaka utaha nibwo hazatangira ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Jan 20,2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso ya bantu, maze Umwakagara Paul Kagame Umwami wa gakondo ya bakiranutsi ukomoka mu nzu ya (abega community clan) agura inkota ndende cyane yo kuzajya yicisha abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abanyepolitike bo mu Rwanda birinde cyane kuko Paul Kagame yafashe icyemezo cyo kubica abazakomeza kutemera ubutegetsi bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu basenga bakomeze gusenga cyane kandi birinde cyane kuko ibihe bagezemo ari ibihe bibi cyane kuko umwanzi Satani agiye gukoresha abanyepolitike guteza ibibazo bikomeye birimo kubura umugisha (cash) kandi bagiye kujya basahura ibihugu byabo amashillingi bazajya bajya kuyahisha mu bihugu bya (Europe and USA) uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umukuru w’igihugu cy’uRwanda Uwiteka azamureka akore ibintu byose yifuza, azajya ahantu hose kw’isi yifuza, azagira imbaraga zikomeye cyane kw’isi yabazima kuko ari nta bantu bazamuhangara gusa aho atazajya ni mu ijuru uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
egretnewseditor@gmail.com














