Dore isi yose izagwirwa n’umwijima uteye ubwoba cyane, bizaba bisobanura ko imanza z’Uhoraho Nyiringabo zatangiye gusohoza umurimo wazo mw’isi ya bazima!!?

Jan 12, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona umugisha wa bantu benshi cyane bafite ikimenyetso cya Kristo kuruhanga rwabo watwawe n’inkozi zikibi zatwaye umugisha wabo bawumaranye igihe kinini umuntu atabasha gusobanura, mbona ko Uwiteka Imana Nyiringabo awugarura awusubiza mu bubiko bwawo kugirango usubizwe ba nyirawo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira ubwoko bwanjye abakiranuatsi banjye bose uti, uwihanganye wese agakomeza isezerano ry’Umwami wacu azasubizwa ibyariwe n’inzige uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho kandi cyane, maze rirambwira umwaka utaha wa 2017, niho imanza z’Uhoraho Nyiringabo zizatangira neza kugirango izo nkozi zikibi zigaruriye ibitari ibyabo ba byamburwe bisubizwe banyirabyo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri ubwo butabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo niho ibibazo byose bizacirwaho iteka kugirango abarenganijwe bahabwe ubutabera n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye cyane bigiye kuba kuri kiliziya «Roman Catholic Church Empire» mbona ko ubutunzi bwabo bugiye kugwa hasi kiliziya RCCE izanyeganyega kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubucyene busimbura ubutunzi bwa (RCCE) ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubutunzi bwa (RCCE) nibwo bubatera gukiranirwa no gukora imirimo mibi cyane mw’isi yabazina. Kubera iyompamvu ngiye kugabanya ubutuzi bwabo cyane kugirango mburizemo imigambi yabo mibisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, RCCE ni indaya ikomeye cyane yasambanije amahanga yose yo kw’isi kubera ubutunzi bwe, ndetse abami benshi bemeye kumukorera baramuramya bamugira ikigirwamana cyabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore isi yose izatwikirwa n’umwijima kandi abatari mu Mwami Imana Nyiringabo benshi bazarimburwa n’umwijima ugiye gutera kw’isi ya bazima, kandi uwo mwijima uzarimbura ubugingo bwabo kuko uzaza utunguranye kandi bizaba bisa naho ari imikino, ariko abantu benshi cyane bazarimbuka muri uwo mwijima ugiye gutera kw’isi ya abzima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse!!!

Dore ntakabuza isi yose igiye kwinjira mu mwijima mwinshi cyane! Kandi abakiranirwa bazarushaho gukiranirwa, ndetse na bakiranuka bazarushaho gukiranuka, kuko uko ari ko Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse akabivugira mukanwa ka bagagaragu be n’ubwo hashize igihe kirekire uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo babe maso cyane kuko hagiye gutera icyago gikomeye cyane kandi kizazenguruka isi yose, kandi abatari benshi bazarimbuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 Njyanwa mu iyerekwa mbona icyegera cy’umukuru w’igihugu cya Kenya Samuei William RUTO murugo rwe ahakorera imirimo yo gukiranirwa, yasuzuguraga abantu ahubwo akwubaha imbwa za kizungu zari zishinzwe kumukinda. Nyamara abazitoza kwubaha abantu ngo ntizibarye zidahawe itegeko bo akabusuzugura.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kandi uwo mugabo (Samuei William RUTO) azakora ibishoboka byose yibe umutungo wicyo gihugu kandi azashyira icyo gihugu mu bukene butari bwabaho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, (Samuei William Ruto) afite umutima mubi cyane kuko yanduye uburwayi bwa HIV, kubera iyo mpamvu yirirwa yanduza abagore bo muri icyo gihugu akoresheje umwanya afite aho abaha amashillingi kandi akabizeza na kazi keza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 13,2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira mwana w’umuntu, ibi ngiye ku kubwira ntubure kubyandika, abega iyo ba babwiye yuko ubutegetsi bwabo buzavaho, bahita bagira umujinya mwinshi cyane uterwa n’ubwoba bagahita bashakisha ubabwiye gutyo bakamwica kuko batinya kuzamburwa ubutegetsi kandi bari bizeye yuko bazabugumaho iteka ryose. None ubwire abantu bamenye ubwenge nti bakababwire yuko ingoma yabo izakurwaho kugirango batabica kuko muri iyiminsi bameze nabi, ahubwo abantu bategereze igihe cy’Uwiteka Imana Nyiringabo abe ari we uzayikuraho usibye ko nabwo batazabura kubica ariko nta bwo bazica benshi cyane nkuko ubu barimo kwica umuntu wese utinyutse kuvuga ko ubwami bwabo buzakurwaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibi ubyandike kuko nta kabuza bitazabura gusohoza umurimo wabyo. Abega bazakurwa ku butegetsi kandi bazakorwa nisoni kugirango Ubuhanuzi bwahanuye ibyo busohoza umurimo wabyo, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abantu basengera mu idini rya Evangelical Restoration Church birinde cyane binashibotse ntibagasubire muryo idini kuko rimaze kuzuramo inkozi zikibi zo mu bwoko bw’abarozi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri iryo idini rya Evangelical Restoration Church huzuyemo ubusambanyi bwinshi cyane butagira ingano, abadakora ubusambanyi bajya muri iryo idini bazabanduza umuvumo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye guteza umutekano mucye muri gakondo ya bakiranutsi, kugirango ingabo z’Umwakagara Paul Kagame nziteze kwiheba cyane, bityo babone yuko umugaba mukuru wabo wikirenga adafite imbaraga zo kubarinda, kugirango batangire kwifuza ubuyobozi buzabahesha amahoro kuko ngiye kwimika umugaragu wanjye uri mu butayu bugufiya Umwami David uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ingoma y’abega izasimburwa n’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, bukorera mu gikari cy’ubwami bw’uRwanda uko niko Uhoraho Uiwteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye uti, Uwiteka Imana Nyiringabo naramuka akuyeho Umwakagara Paul Kagame ntimuzibagirwe ko ari we wabagiriye neza agakuraho ubwami bw’abega bwari bwarababujije amahwemo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagiye ishyanga bose bazatahuka kandi bazagubwa neza kuko bazaba abanyamugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abagiye ishyanga bose bazataha barwanira ama modoka ni ndege na mato bagaruka bameze nk’inuma zigaruka mu twuzu twazo nyuma y’umwuzure uko niko Uwiteka Imana Nyringabo abivuga.

ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti mwana w’umuntu, dore isi yose igiye gutangara cyane kuko abaheze ishyanga bagiye gutaha umusubirizo basubira mu gakondo ya bakiranutsi nkuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavugiye nukanwa k’Umuhanuzi Majeshi Leon uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira ubwoko bwanjye bwitgure kuko ngiye guca imanza zitabera kandi numvise kurira kwanyu na njye nzababera Uhoraho Nyiringabo mbacire imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ni uko rero mube maso kandi mugire ubwenge kuko igihe gisigaye ari gito cyane ubwo ngiye gukoresha abagaragu banjye bo mu majyaruguru y’isi kugirango bahoze umugambi wanjye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Jan 14, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu gihugu cy’Isamariya hazaba intambara ikomeye cyane kandi kuzayitsinda bizagorana cyane, kuko abakuru bizo ngabo benshi muri bo ari Abagambanyi kandi bazagambanira umukuru w’igihugu cy’Isamariya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore abarinda uwo mukuru w’igihugu bazahabwa intonorano kugirango barimbure umukuru wabo w’igihugu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ubwo izo ingabo z’Isamariya zizagambanira umukuru wazo izo intonorano nta cyo zizabamarira kuko atari umugisha uturutse k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar