Ubwoko (2) bw’intambara abega bazarwana mbere yuko bakurwa ku ingoma!!!

Jan 3, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda nzabibagiza umwanzi wabo Umwakagara Paul Kagame hamwe n’umutwe witera bwoba witwa RPF ikirangantego cyabo bashyzieho igitwe cy’intare bisobanura umwuka witera bwoba (hunting for pressure and killing for power) kugirango abantu bose batuye muri gakondo ya bakiranutsi bajye baceceka ntihakagire uwatinyuka ubutegetsi bwabo ngo abashinje ibyaha bakoreye abanyarwanda.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, igisirikare cya RDF biba abasirikare babo ba bakata kubihembo byabo imisoro idafite impamvu kandi bakabikora ku ngufu za Leta uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nta bwo aribo bonyine na bakozi ba Leta bose abatari abasirikare ba baca icya cumi kuri buri mushahara wa buri muntu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore RDF babwiwe yuko bakwiye gushaka uko bazajya bica umusirikare wese witwa umucika cumu ngo kuko ari bo batanga amakuru y’igisirikare ndetse bagakorana na bari hanze y’igihugu barwanya ubutegetsi bwa RPF uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abo ku ngoma y’abega yuko naho nazura abahanuzi ba cyera bari bakomeye bavugwa muri bibiliya nta bwo bashobora guhagarika intambara izaba muri gakondo ya bakiranutsi yo gukuraho ingoma y’abega nkuko Umuhanuzi Majeshi Leon yabihanuye uko niko bizaba uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira ati, mwana w’umuntu, dore muri gakondo hagiye kubaho inzara ikomeye cyane ku buryo igiye gukomerera abatuye muri icyo gihugu cy’uRwanda, usibye abafite ikimenyetso cy’amaraso y’umucunguzi, gusa nabo bazatabarwa na gakondo y’umuhanuzi naho ubundi nta bwo bizaborohera ariko ubwo bazaba bageraniwe nibwo umutabazi w’isiyoni azamanuka akabatabara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abatuye muri gakondo ya bakiranutsi uwabishobora yahunga hakiri kare kuko inzara izatera izabogoza imfura ikazazikoza isoni mu mbaga yabakomeye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kubaho intambara ikomeye abega bagiye kuguhiga cyane, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nzabana nawe kandi nzakurinda kugirango ukomeze umurimo wanjye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri gakondo ya bakiranutsi hazaba intambara ebyeri:

Intambara ya mbere izaba ari inzara izatera muri icyo gihugu kandi izaterwa n’abega aho bazicisha abaturage inzara kugirango bayoboke ubutegetsi bwabo. Inzara ya kabiri izatera muri icyo gihugu izaba ikurwaho ry’Umwakagara Paul Kagame aho bazaba barwanira ubutegetsi, nyamara muri abo bose bazaba barwanira ubutegetsi nta n’umwe muri bo uzabufata ngo yicare ku intebe ya bukunzi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ubugome bukomeye cyane butegurirwa ahantu humwijima, mw’isi yabazima. Byari ibintu biteye ubwoba uburyo bakoraga ubugambanyi bwo kwica abantu no kwambura abantu ubutunzi bwabo baruhuye mu mbaraga zabo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, rambura amaso yawe urebe hakurya yawe maze nkwereke ibyo amaso yawe y’umubiri adashobora gutahura ibikorwa bikorerwa mw’isi y’umwijima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze aramfata anjyana ahitegeye arambwira ati rambura amaso yawe ubashe kureba kure kuko ngiye ku kwereka inkozi z’ibibi uburyo barwanya abafite ikimenyetso cy’amaraso y’umwana w’intama. Maze nditegereza cyane mbona inkozi zibibi uburyo zikoresha imbaraga z’umwijima kugirango abafite ikimenyetso cya Kristo bajye babaho mu bukene nimibabaro itarangira. Mbona ko bagiye mukirere cyabakora amasengesho kugirango bafata amasengesho yabo ibisubizo byabo nibiza bihere mukirere maze barusheho kwitotombera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hariho amasiganwa cyangwa kurushanwa hagati yabubaha Uwiteka Imana Nyiringabo n’inkozi zibibi, ariko abitirirwa izina ry’umwana w’intama barasenga cyane, ariko amasengesho yabo nta mbaraga agira kuko nta rukundo ruba muri bo bafitanye ishyari kandi bose bitirirwa Umwami wabacunguzi. Naho inkozi zikibi zishyira hamwe kandi zirakundana cyane kurusha abakiristu niyompamvu badashobora kubanesha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uwigeze kuba umufasha wawe Mukandirima Murekatete Odette agiye kongera gukora ubukwe (urupfu) ni uko mbona abaje gusaba no gukwa baje ku buryo butunguranye kandi baza iwabo na Odette basanga batari biteguye neza ko hari abakwe baje gusaba umugeni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwahoze ari umufasha wawe Murekatete Odette azava kw’isi yabazima ari nta agshami asize uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo wigeze kuba umufasha wawe wamurwaniriye ishyaka rikomeye cyane, ariko we nta byo yigeze abibona mu kibana, ariko mu maze gutandukana nibwo yabonye ko wamukundaga kwandi wamwitagaho ndetse ugaharanira yuko atakorwa nisoni uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore azasabwa ari ku wa (3) maze ubukwe nyirizina buzaba ari ku wa (6) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar