Idarapo rya RPF rimanurwa mu manga rigenda ricikagurika kugeza rishizeho burundu
Jan 2, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aza kureba uburyo abatware na bategetsi batwara isi dutuyemo uko bategeka abantu be ndetse n’ubwoko bwe, amaze ku byitegereza neza cyane, ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatuye isi ndetse na abtuye muri gakondo ya bakiranutsi yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukuraho abategetsi ba batwaza igitugu mw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire ubwoko bwanjye uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga, izo nkozi zikibi zibatwaza igitugu nta bwo muzongera kuzibona ukundi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira ubwoko bwanjye ko ngiye gukora ibikomeye mu isi yabazima, kandi ko nzarinda umukumbi wanjye hamwe na bashumba bayo, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira ubwoko bwanjye bwirinde abafarisayo kuko bafatanije n’inkozi zibibi kugambanira ubwoko bwanjye, babwire bakomeze kwibera mu butayu kuko igihe gisohoye kandi kiri bugufi ngo mbagirire neza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Revelation 12:1-17 describes a cosmic battle featuring a woman clothed with the sun (representing God’s people/Israel) who gives birth to a male child (Jesus) destined to rule, pursued by a great red dragon (Satan). After failing to devour the child, who is caught up to God, the dragon wages war on earth against the woman and her offspring.
Revelation 12:1-17:
- The Woman & Child:The woman, crowned with twelve stars, represents the faithful community of God (Israel and/or the Church). She gives birth to a male child who will rule nations with an iron rod—clearly Jesus—who is taken to God’s throne.
- The Dragon:Identified as the devil or Satan, the dragon has seven heads and ten horns, representing immense power and authority, and his tail sweeps away a third of the stars (interpreted as fallen angels).
- War in Heaven:Michael and his angels fight the dragon, casting him out of heaven down to earth.
- Persecution & Protection:Knowing his time is short, the dragon pursues the woman, who is protected in the wilderness for 1,260 days (or “time, times and half a time”—3.5 years).
- War on the Offspring:Enraged, the dragon makes war against the “rest of her offspring”—those who obey God’s commandments and hold to the testimony of Jesus (the Church).
This chapter is seen as a central, symbolic overview of the spiritual warfare spanning from Christ’s birth to the end times. This is related with judgement of God of heaven for judging the whole world it significant that the devil whose Satan will be judges and after that Satan will be imprisonment by God’s judgement which will take place in the world.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abakobwa (4) bari bambaye uniform za banyeshuli bagiye kwiga ku ishuli ryubatswe kumusozi wagenewe ubwoko bw’abatutsi kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kurekura ikigeragezo kizakomerera isi yose, kandi abanyamadini benshi bazahura na kaga gakomeye ndetse amadini amwe namwe azafunga imiryango kuko isi yose izaba iri mukaga gakomeye cyane benshi bazasenga ariko gusenga kwabo nta cyo kuzatanga kuko umugambi w’Uhoraho Nyiringabo wo guhana isi yose uzaba utari agerwaho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore inzira zose zaba izo hasi cyangwa izo hejuru Uwiteka Imana Nyiringabo aza zifunga kugirango isi yose imenye yuko ari we waremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bariya bakobwa (4) wabonye ni itorero rya Kristo riherereye mu mpande (4) z’isi rigiye guhura na kaga, ibyago, amakuba, bikomeye cyane mu isi yabazima uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abakurikira Ubuhanuzi uti, mwirinde gutega amatwi aba bahumuriza bababwira yuko ibyo Uwiteka Imana Nyiringabo arimo kuvuga muriyi minsi adashobora kubikora ngo kuko ari urukundo. Ubabwire uti, ayo majwi mwumva na y’umwanzi ushaka ko muzagubwa gitumo kugirango mutita kumagambo y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ahubwo mwite kubyo ababwira ibyo ababwira byose ni binyoma uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ibigiye gukorerwa mw’isi ya bazima biteye ubwoba aho Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guhana yihanukiriye isi yose na bayituye uko niko Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngaho genda uhagarare ahirengeye maze nkwereke ibigiye gukorerwa mw’isi yabazima. Ndagenda mpagarara ahirengeye maze araza anyereka uburyo isi ikabije gushayisha mu byaha na bayituye ba byivurugutamo, ni uko arambwira ati, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye guteza ibyago bikomeye kw’isi aho buri kiremwa kizajya gitinya kigenzi cya cyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona idarapo rya (RPF flag) rihanurwa hejuru rigwa hasi mu manga ahantu ku musozi hamanuka rigenda ricikagurikamo ibice bice aho hantu rya manukaga hasaga na hantu I Kigali bita kurya nyuma n’uko mbona imodoka yarifite iryo idarapo rigenda riva mu modoka rikagwa hasi, maze ndabwirwa ngo, ibya RPF birarangiye kuko igihe cyategetswe n’Umuhanuzi kirasohoye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore Mailaka w’Uwiteka Imana Nyiringabo azamanuka taliki ya 25 ugushyingo 2016 azaba azanywe no gusiga ikimenyetso ku nkomanizo z’izu kugirango ubwo RPF igiye gukurwaho ku butegetsi abega bazahitana abantu benshi cyane, maze abo Malaika azaba yasize ikimenyetso ku nkomanizo z’izu nta bwo abega bazatinyuka kuhakandagiza ibirenge byabo kuko bazaba barinzwe na Malaika w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abayobozi ba RPF uti ni mugire vuba mwice abo mushaka bose mwumva mudashaka kuko nimumara kubica urwo rupfu muzica abo mudashaka Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azabakubira inshuro 7x70 kugirango mu menye neza k aho mwatangiriye mwica Uwiteka Imana Nyiringabo yarahari kandi yagiye abara abantu bose mwagiye mwica kugirango azabone abaciraho iteka rya burundu muzajyanwa mu muriro utazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihe kiraje kandi kirasohoye ngo Uwiteka Nyiringabo yibagize abanyarwanda amarira barize batewe umubabaro na RPF, ubabwire uti, RPF kwica barishe kandi cyane, ariko nzabakuraho kandi nzabahorera cyane mbibagize umubabaro wose mwatewe nizo nkozi zikibi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
NB: Aba abega mubona uyumunsi, hari igihe muzabaririza uko basaga, naho bagiye kuko mutazongera kubabona ukundi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com














