Ibirunga bihagaze ku marembo y’umuryango wa Rwigara Assinapol
Nyuma yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yirwanyeho agahanagura ibyo yashinjwanga n’Umuhanuzi akaba n’umucamanza Majeshi Leon Ainesha ko yitwaje kwa Rwigara Assinapol akamuha isezerano azi neza yuko ritazasohora. Uwiteka Imana Nyiringabo yaciye inzira ukuri kuramenyekana binyuze kuri radio iteka aho Tabitha Gwiza yitwaye neza cyane agahamiriza mukuru we Adeline Mukangemanyi yuko Ubuhanuzi bwishimutwa rya Benjamin Rutabana ubwo yashimutwaga na Gen. Kayumba Nyamwasa ndetse ko n’urupfu rwa nyakwigendera Anne Uwamahoro Rwigara ar’Imana yabimubwiye.
Byatumye numva murijye ngize ishyaka cyane ryo kuba na kuriraho za files numbers Tabitha Gwiza kubera yahagaze mu mwanya wanjye ahamya ibyo nari guhamya mu gihe Adeline Mukangemanyi we yavugaga yuko ari amakuru nakoraga mugatsiko hanyuma nkayitirira Ubuhanuzi.
Ariko nibyo iyo biza kuba ari byo se, urumva ntaba nd’umuntu mwiza wifuzaga yuko umuryango wa Adeline Rwigara utakomeza gutotozwa! Ibyo nabyo iyo biza kuba byarabaye yarakwiye ku bishimira ni bangahe bifuza ku burirwa ariko bakarinda babaca ibihanga batarabutswe!?
Nyuma yuko tuvuganye na Tabitha Gwiza mu Buhanuzi byagaragaye mu Buhanuzi yuko Turayishimye Jean Paul asa n’urimo kwitambika kugirango Tabitha Gwiza adakurirwaho za files numbers byashoboka ko byaba ari ishyari yaba amufitiye agirango bazagwa hamwe.
Iki cyumweru cyashize nano Uwiteka Imana Nyiringabo yagarageje Jean Paul Turayishimye azana exam ngo Umwami Kigeli Ndoli agikore, arakirengagiza ntiyagikora. Abonye ko nta gikoze agishyira madam (Abigail) aragikroa kandi aragitsinda maze Jean Paul Turayishimye arababara aravuga ngo yewe muri abahanga narinzi ko icyo kizamini (exams) cy’i mibare mutagishobora.
Aragenda.
Maze kuvugana na madam Tabitha Gwiza musobanurira ibijyanye na za files numbers hanyuma yaho bya birunga byitwa (Silence Killer) byaragiye bihagarara ku marembo yabahawe za files numbers cyangwa bamaze gucirwaho iteka abo mu muryango wo kwa Rwigara Assinapol bitegereje guhabwa orders za nyuma ngo byinjire muri uwo muryango biwuhanagureho burundu.
Mu gihe Ubuhanuzi bwavuze yuko ngo barimo kugenzura imanza zitabera n’Ubuhanuzi byabavuzeho. Ariko si ntekereza ko bizagera aho hose kuko nkurikije ukuri mu byo twaganiriye na Tabitha Gwiza kandi byanditse no mu Buhanuzi ndumva bashobora kuzirwanaho kandi vuba bishoboka kuko ni bakomeza kuzarira ubwo ibirunga ni byinjira ntibisaba bigishoboka ko bya hagarikwa kandi bizasiga bikoze umurimo wabyo bishinzwe.
Ubu biroroshye cyane kuko bafite phone number zanjye nanjye mfite izabo usibye ko umurimo wanjye ari ukwandika no gutangaza kuri Inyangenewss.com ubwo igihe bazumva bakeneye yuko tuvugana bazanyandikira kuri e-mail yanjye cyangwa izi binyamakuru kuko ari izanjye uzikoresha tuvugane maze turebe uko utwo tubazo twakemuka.
Nibaramuka birengagije nkuko birengagije ubuhanuzi bwa Anne Uwamahoro Rwigara icyaha kizabaabarweho kuko jye n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo twamaze gukaraba ibiganza byacu.
egretnewseditor@gmail.com














