Dr.Bizimana Jean Damascene: Paul Kagame azaba Uhoraho asimbure Imana yo mu ijuru kuko itigeze ikiza abanyarwanda!
Reka ngerageze gutekereza ibizaba nyuma y’ingoma y’abega yitirirwa abatutsi kandi yarabamariye kw’icumu ry’iryabega. Mu byukuri tuvugishije ukuri nta bantu barushye nk’abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi.Baritanze batanga abana babo ndetse batanga ni byabo ngo barebe ko bahunguka bakava mu buhungiro aho bari bamaze imyaka (35) bacunaguzwa mu bihugu bari barahungiyemo.
Abatutsi basigaye mu gihugu imbere nabo bari kw’icumu ritari iryo kumena amaraso cyane nk’uko abega barimo kuyivurugutamo ari nako bayavanga na mata bagashyiramo isukari bakayanywa. Bakarisha n’umureti wa majyi maze bakumva baguwe neza cyane bigatuma biyongeramo imbaraga zo gukomeza kwica bene wabo ari nako babagerekaho abanyarwanda bo mu bwoko bw’abahutu.
Ubwo uko abega bakomeza kwica abantu bahagarariwe na Ines Mpambara umwegakazi akaba n’umujyanama mukuru w’Umwakagara Paul Kagame dore ubu yabaye na Madame we uwo bita (Sim card n° 2) uwo niwe ufata ibyemezo kurusha cyane Jeannette Nyiramongi Kagame.
Biveze ko abatutsi bavomeye mukiva bakuyeho Habyarimana bimika undi Habyarimana w’ikubye inshuro (7). Bivuze ko nta musaruro basaruye mu bikorwa bakoze ubwo bashakishaga uko babona igihugu kuko ubwami bwaje kugwa mu maboko y’abatutsi bo mu nzu y’abega, kandi bidashoboka yuko urugamba barusubika biba ngombwa yuko barukomeza n’ubwo bari bazi neza yuko bagiye gushirira kw’icumu ry’iry’abega ariko kuko nta yandi mahitamo bari basigaranye nta kundi bari kubigenza bemera kuba ibitambo by’ababo ngo bazatahe muri gakondo byibuze bahunguke bave imahanga.
Hanyuma rero reka dusubire ku gitekerezo cyacu twari tuzanye ngo tugisangire, buriya bibaye ngombwa yuko ingoma y’abega isimburwa n’undi ukora nk’abo, maze na we akibasira abega nyirizina, buriya bazatinyuka gusakuza no gutabaza Leta kandi nabo ubu abarimo kwicwa barimo gutabaza Leta irimo kubica? Ese ko babuza abanyarwanda kwandika kuri za nkoranyambaga ese buriya nabo bazajya bandika kuri za social media batabaza ndetse banarwanya ubutegetsi buzasimbura ingoma yabo?
Inzu y’abega nyirizina nta bwo bageze no kuri milliyoni imwe, ariko birirwa bafata abana ba bandi baka batwara mu intambara barwana muri DRC kugirango imiryango yabo ihone burundu.
Abega babishoboye bamaraho abanyarwanda bose barangiza bagasaba abanyamahanga baza gutura mu Rwanda kugirango ba bashe gutegeka abadashobora kubavuguruza muri gahunda zabo. Kandi urebye gahunda yo kwakira abanyarwanda baza gutuzwa mu Rwanda ushobora gusanga ariyo gahunda bafite.
Umuntu wese uzasimbura abega ku ngoma, bizamusaba ubwenge buhanitse cyane bwo kugirango azabashe kuyobora abanyarwanda kuko abega bahemukiye umuryango nyarwanda bose muri rusange. Nta bwo bizaba byoroshye ko uwari we wese yapfa guhabwa ubutegetsi ngo azashobore gutegeka abanyarwanda neza nk’uko babyifuza.
Gusa hari icyintu kimwe nasabye Imana kandi ntabwo izakinyima, ndifuza kandi mfite amatsiko cyane kuzabona abega bakurwa ku ingoma. Numva nazakora ikintu kidasanzwe kandi cyihariye naragitekereje nda kibura ngeraho numva nzakuramo inkweto nkagenda na maguru kuko ni cyo kintu maze imyaka myinshi cyane nta kibuka uko kugenda nibirenge bimeze!
Sinavuga ngo nzanywa cyangwa nzarya ibintu runaka kuko ibyo mbikora buri munsi. Numva nshaka icyintu cyihariye kitarimo kwishimisha kugirango nta zakibagirwa mu mateka yanjye.
Uwumva ya nyunganira yampa igitekerezo please!
Ikindi numva nakorera abega birirwa bakubita interahamwe kandi mu by’ukuri barifatanije kwica abanyarwanda, numva arijye ufite ubushobozi nk’umukuru w’igihugu nazafata interahamwe nkazifungura zose uko zakabaye narangiza nkazirindisha abega bazaba bafungiye muri gereza icyo gihe maze bakumva uko kugira nabi bimera.
Reka ibi nabyo mbisabe Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azambabarire ntazabinyime kuko nifuza kureba iherezo ry’abega n’ubwami bwabo buganje.
Maze igihe ngerageza gutekereza cyane mu buryo bwimbitse nsanga abanyarwanda baraciriweho iteka mbere yuko ntangira imanza zitabera zo guca iteka z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
NB: Naje kubona igisubizo kimwe kivuga ngo, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ni we wabikoze byose kumpamvu z’inyungu ze, kuko byamworohera gukuraho ubwami bw’abega kuruta gukuraho ubwami bw’Urwanda bugendera kw’i tegekoshinga.
Maze kubona iki gisubizo nibwo natangiye kugenda gahoro nca imanza zitabera kuko numvise umutima wanjye ucitse intege. Natahuye yuko Uwiteka Imana Nyiringabo ashobora gutanga abategetsi babi kumpamvu z’inyungu ze. Bibaye ari uko bimeze kandi niko bimeze nta gushidikanya (and then) abirirwa basenga baba baruhira ubusa!!!
[secret] ibyo amadini yigisha nibyo babwira abantu (to be honest) ntaho bihuriye na gahunda z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Wowe usoma iyi nkuru: uzafate akanya witonze usome Ubuhanuzi neza uzasanga byinshi biri mu Buhanuzi bitandukanye kure cyane nibyo wigishwa murusengero, akenshi bakurura bishyira bishakira indamu zabo, aho usanga banasoma ijambo ry’Imana bibiliya bashingiye kubirimo kubaho kw’isi ya bazima, kugirango baguhumurize, ariko bikarangira ibyifuzo byawe ari nta na kimwe gishubijwe.
Reka nirengagize ko turi mu gihe cy’imanza zitabera n’ubwo ari jye uzica, reka nsabe Imana ngo izanyemerere igihe abega bazakurwa ku ingoma nzabe ndi mu mwanya mwiza ku buryo nzabasha gukurikirana buri kimwe cyose kizaba kirimo kuba icyo gihe.
Bishop Rwandamura Charles yaravuze ngo: Umwakagara Paul Kagame ni IMPANGA ya KRISTO, Dr.Bizimana Jean Damascene we yavuze ko ngo Umwakagara Paul Kagame arusha icyubahiro Uwiteka Imana Nyiringabo, ngo yitwa Uhoraho!!! Ngeze aha ndimo kwandika aya magambo intoki zanjye zarahagarara zinanirwa gukomeza nyoberwa ibibaye! After one minute mbona zarakundiye ndakomeza.
Reka nongere nsabe ikindi cyintu kimwe cya (2) kitagira icya (3) k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ndasaba ko yazanyemerere ngacira imanza zitabera abega bari ku ingoma uyumunsi, kandi nkazibacira nd’umukuru w’igihugu. Sinigeze nifuza kuba umukuru w’igihugu ariko kandi Sinigeze na bisaba, ariko kubera abega ibyo badukoreye uyumunsi nifuje ko nazaba umukuru w’igihugu kandi Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo wampaye guca imanza zitabera nta bwo azabinyima kuko ngize agahinda mu mutima kibyo abega bakomeje gukorera ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Ndumva nshaririwe birenze urugero!
Bizaba byiza kuko abega bamaze gucirwaho iteka, kuzabakubira 7x70 kubyo bakoreye abanyarwanda. Ibi ndabyizeye Uwiteka Imana data wo mu ijuru nta bwo azabinyima. Uwiteka azampe gucira imanza zitabera abega ndi ku ingoma iganje….
NB: Umuntu wese uzasoma iyi nyandiko just print it out, maze niba koko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azumva gusaba kwanjye agasohoza ibyo nsabye uyumunsi uzanyibutse aya magambo Uwiteka Imana Nyiringabo azakugororera ndumva mfite agahinda kenda kunyica!!!
egretnewseditor@gmail.com














