Impunzi za bakongomani bavuga urulimi rw’ikinyarwanda bahungiye muri Kenya baratabaza America ku barwanaho bagasubira iwabo
Abakongomani bimpunzi bavuga urulimi rw’ikinyarwanda batuye mu gihugu cya Kenya, batumije itangaza makuru rya KTN, maze bavuga ko barambiwe ubuhunzi ko ngo bashaka gutaha iwabo kuko bahunze intambara irimo kubera mu burasirazuba bw’icyo gihugu cya republika iharanira demokarasi ya Kongo. Guhamagaza itangaza makuru rya KTN amakuru yashyizwe kuri KTN
https://www.youtube.com/watch?v=V4__Pe2Wo1w
ibi mu gihe birimo kuba DRC basabye US ko bayiha igice gicukurwamo amabuye yagaciro ahitwa Rubaya hakungahaye cyane ku mabuye ya gaciro muri ako gace kahoze ari akurwanda mbere y’intambara ya l y’isi yose.
Amakuru twatohoje Biravugwa yuko muri America hari abanyamurenge na banya Masisi ndetse na Rucuro bagera kubihumbi 100,000 by’impunzi bahungiye muri America. Izo mpunzi bavuze yuko ngo bagiye kwishyira hamwe maze bagasaba ko Trump akwiye kudahirahira ngo yemere ubusabe bwa Flex Tshisekedi ushaka gukoresha amabuye ya agciro nk’iturufu yo kubuza amahoro abakongomani bavuga urulimi rw’ikinyarwanda.
Iyi nkuru twari twayikomojeho mbere ariko twavugaga ibijyanye n’intambara ya lll y’isi yose irimo gutegurwa kandi ishobora gutangira umwanya uwari wo wose.
egretnewseditor@gmail.com














