Imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zikomeje umurimo wazo muri UN muri department ya security council
Nyuma UN itangarije yuko izafunga imiryango ya yo muri NYAKANGA 2026, South Africa ibaye igihugu cya mbere gikuyeyo ingabo zacyo muri DRCongo. Bivuze yuko ni bindi bihugu byajyanye ingabo zabyo muri DRCongo gufasha ingabo za FARDC nazo ziza gutangaza gahunda yazo ko zikuyeyo ingabo zabo.
Zaramuka zigumyeyo, bikaba bizaba bishingiye ku mabwiriza y’ibihugu zikomokamo kuko ubutumwa bwa UN bwo burasobanutse ko bazafunga imiryango mukwezi kwa karindwi.
Twibutse ko ingabo zose zagiye gutabara iza FRDC zose zari zaraciriweho iteka mu myaka (3) ishize mu manza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zicibwa n’Umuhanuzi Majeshi Leon Ainesha.
Byibukwe yuko na bacancuro nabo yaba abafashwe umwaka wa 2025, bari baraciriweho iteka ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zibera kw’isi ya bazima.
Noneho byabaye namahire umukuru wa bacancuro Erik Prince wahoze ari umusirikare mu ngabo za navy zo muri America zirwanira mukirere ariko ubu akaba yaravuye kurugerero ni we uhagarariye ingabo za bacanscuro zifasha ingabo za FARDC kurwanya M23 na we yafashwe kuri cyumweru turangije hamwe na bashinzwe kumurindira umutekano we bitwa ba escort bagera kuri (4).
N’ubwo president wa DRCongo Flex Tshisekedi aherutse kugaragara muri US mu masengesho yitwa nation breakfast prayer wakiriwe nk’ umushyitsi ukomeye ndetse kega ka kagara wari wajyanye na last lady Nyiramongi Jeannette Kagame bagaragaye nka badafite kwakirwa cyane bikomeye nk’ibisanzwe bishobora kuba byari sett up ya US kuko hakurikiyeho ifatwa ry’uwo mukuru wa bacancuro ba black water ari we Erik Prince.
Mu isesengura twabakoreye, bibaye atari sett up hagati y’uRwanda na US, byaba bigaragara yuko uRwanda na M23 bafite ingufu zidasanzwe kandi ko ubutasi bwabo bufite ingufu zikomeye cyane.
Inshuro nyinshi US igaragaza ko ishyigikiye umushinga wa mahoro, ariko DRC ya Antoine Tshisekedi ukabona ko uwo mushinga utawukozwa aho basabwa gushyira M23 mu ngabo z’igihugu za FADRC, ubu noneho nyuma yifatwa ry ’umukuru wa black water ingabo zabacansuro Erik Prince aho yafatiwe ari mu mabuno y’umututsi-kazi bigatuma ndetse na bashinzwe kumurinda nabo batabwa muri yombi.
Mu gihe US n’uRwanda baba batafitemo uruhare mu ifatwa rye, icyo gihe M23/RDF baba bafite ingufu zidasanzwe.
Ariko tubivuze ko gutyo twaba twibagiwe ko ruriya rugamba rurimo kurwanwa n’Umwami Kigeli Ndoli biciye mu manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Birumvikana ko harimo gukorwa ibiganiro n’ubwo umuvugizi wa M23 atari yatangaza byeruye yuko M23 ariyo yafashe abo bacancuro mu mujyi wa Uvira barimo kurongora abakobwa bo mu bwoko bw’abatutsi-kazi ibyo bita sex intelligence uburyo bukoreshwamo akabakobwa beza kugusha ibihangange byananiranye.
egretnewseditor@gmail.com














