Abarwanyaga imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ubu se hari icyo mwavuga!!!
Imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mugomba kuzemera byanze bikunze, kuko ni mutazemera nta mahoro muzabona kuko amahoro ya UN ni amahoro y’ibipapirano adafite aho ahuriye na mahoro asanzwe kuko barobanura ku butoni bashaka amahoro aho bashaka bitewe ni gihugu bifuza ko cyabona amahoro bijyanye n’inyungu za bakomeye batanga imisanzu myinshi kuruta ibindi bihugu bikennye.
Ariko mu myaka ya vuba UN yarimaze kwigarurirwa ni bihugu bikize ndetse bimwe na bimwe bikaba bitanayishyigikiye. Ariko kuko ari ishyirahamwe ryamunzwe na ruswa usanga rifasha abifashije. Kandi aho gucyemura ibibazo by ’intambara ahubwo ugasanga ariyo iteza intambara yabaye igikoresho cyo guteza akaga mw’isi n’indiri y’ibisambo bya rusahurira mu nduru.
Nibyo nababwiye yuko imanza z’impunzi zose kw’isi zarangiye buri mpunzi igume aho iri, cyangwa ihitemo gusubira aho yavuye mu maguru mashya kuko ibi bigiye kuzakurikirwa ni bindi bikomeye cyane.
egretnewseditor@gmail.com













