Monthly Archives: January 2026

Nyamara turabicira inkeri, kandi ari urukonda!!!

Nyamara mwabona «Kaguta Yoweri Museveni» atsinzwe amatora agakurwa kumwanya w’umukuru w’igihugu. Aya makuru yashyizwe ahagaragara n’umujyanama we ko adashobora gukurwa ku butegetsi, ni kimenyetso cy’uko imungu yamaze kwinjira munda y’ingoma. Kandi abivuga wabonaga ari nta bwoba afite kuko yatezaga ubwega kugirango ushinzwe akanama kamatora y’umukuru w’igihugu nawe abashe kwirwanaho no kwisobanura kugirango bizamuheshe inzira zo gutangaza uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu mu buryo bwemewe na mategeko.

Iran na Colombia mu biganiro na Donald Trump, mu gihe Tanzania, Burundi bakomeje intambara muri DRCongo!!!

 

      kega_gasinga

Biracyagoye ko muri Uganda haba amatora ashingiye kubushake bw’abaturage!!!

Mu gihe Hategerejwe amatora y’umukuru w’igihugu cya Uganda, impungege zikomeje kuba zose kuva Leta ya Kaguta Yoweri Museveni yatanga itegeko ryo gukuraho internet mu gihugu hose ubu abantu bakaba bari mu mwijima w’ikoranabuhanga kandi nyamara amakuru bakurikirana ku mbuga nkoranyambaga bayasorera.

Amashuri mwize yapfuye ubusa, iyo aza guhabwa abari bayagenewe yari kugirira umumaro abanyarwanda benshi

Message from Rwandan spy’s organization: Hi, my message is found out you well, earlier I have seen your work, and I ask if you have artwork.

Seriously? Is this how you can email someone for the first time? And if I may ask, which work have seen I did? It seems that you’re struggling with something eating you slowly. Why don’t you make decisions and overcome them?!! You know, sometimes over confidence is killing someone somewhere. If you don’t be careful, things can be worse unexpectedly. It’s extremely impossible that you can change nature. Instead nature will change you, because nature does not belong to humans, but humans belong to nature.

Nibyo koko Umwakagara Paul Kagame yaba arwaliye mu bitaro byo muri France

Amakuru akomeje guhwihwiswa nyuma yibura rya Paul Kagame Umwami w’abega, wavuze ijambo ryo kwifuriza ingabo za RDF umwaka mwiza ku wa 31 ukuboza 2025. Ntiyongeye kujya ahabona, ariko abamubonye ava mu Rwanda bavuga ko bamubonye mu gihugu cya Qatar, ngo hanyuma yaje kuhava yerekeza mu gihugu cya France byashoboka ko ubu ariho yihishe mu bitaro byaho arimo kwivuza.

Translate »
Skip to toolbar