Iyo technology irashaje hashize imyaka (20) twarayikoresheje

Iyi ninshuro ya (2) abega bagerageza kohereza ibyo twita muri IT (remote access-sharing mouse) iyo application uyishyize muri computer yawe cyangwa laptop yawe, ubwo uba ushobora kureba umuntu mu sharing network ibyo alimo gukora byose. Uyu n’umukino twakinnye cyane turi kuri campus muri KIST.

Cyane aho twabaga dushaka kumenya abakobwa runaka abo bakundana nabo ndetse mu gihe ari muri e-mail ye, natwe tukinjiramo tugasoma ibyo bandikirana ndetse tukaba twa saving ubwo butumwa bwabo.

Abanyeshuri benshi baketse ko ngo ari virus kuko iyo utangiye kwinjira muri computer ye, mouse ihita iharara ntibashe gukora. Ibyo byari 2005-2006 urumva ko ari inkuru ishaje cyane.

 Abega rero rinzi uwabagiriye iyo nama yo kuba bakoresha ubwo buryo kandi bidashoboka kuko uwohererejwe iyo app ahabwa ubutumwa bumusaba kwemera gushyira iyo app muri computer ye.

Nimureke gukina imikino ya cyane ibyo birashaje nta bwo bikigendanye n’igihe.

Uburyo bakoresha bitewe ni uko bisaba bundle width nyinshi bahakinga device ifite bundle width nkeya ako kanya router ihita izima ntabwo rero bishoboka.  Cyangwe se computer igahita igagara ntiyongere gukora. Ibyo nubibona uzajye uhita uzimya laptop yawe kaba kabaye abega baba biyinjiyemo.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar