Ibirunga byitwa (Silence Killer) bigiye gutera gakondo ya bakiranutsi!!!
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko muri gakondo ya bakiranutsi hagiye gutera ibirunga byitwa (Silence KILLER) dushingiye kumakuru yo mu ijuru, avuga ko ibi birunga bizahera mu muryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol kuko basuzuguye itegeko ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Amakuru akomeza avuga ko ibyo birunga bizambuka bikajya mu muryango cyangwa mu nzu y’abega bikazakora umurimo mwiza cyane ushimishije ukurikije amakuru atangwa n’ijuru kugirango abega bamenye yuko mu ijuru hari Imana yaremye ijuru n’isi.
Ibi birunga byitwa (silence killer) bizangiza kandi birimbure ubutunzi bwose bw’abega no kwa Rwigara Assinapol kugirango iyindi miryango izarebereho bizayibere akabarore uko niko ibiro ntaramakuru byo mu ijuru byatangaje.
Nibimara kurangiza inzu y’abega bizagaruka byambuke umuhanda bisatira inzu y’abashambo naho bizahasenya biharimbure kugirango nabo bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari ku ngoma.
Nibirangiza inzu y’abashambo bizamunuka bisa naho byerekeza mu butayu bijye gusenya inzu y’abega ariko isa naho yishyize kuruhande yitwa (ABAKONO) bafitanye isano na abatsobe, ariko abatsobe bo nta bwo bizabageraho ariko bazabirebesha amaso icyo gihe bazavuga ko Uwiteka Imana Nyiringabo ari Umwami kandi ko aganje ku ngoma.
NB: Ikimenyetso: Icyo gihe abatutsi bavuye mu gihugu cy’Uburundi cyitwa (SAMARIYA) batuye muri gakondo yabakiranutsi bakorera mu maguriro cyangwa ama soko (markets) bazaba bacuruza kandi barimo kunguka cyane kandi bazaba bishimira cyane igihugu cyabo basangiye n’abega. Bazajya bishimira kujya gutaramira mu murwa mukuru w’Isalem (Kigali) kuko bazaba bafite agatubutse, mu gihe abandi banyarwanda ibifu byabo bizaba bihuhwa n’umuyaga.
Ibi nabyo bizabanzirizwa na marira y’ingoma y’abahutu batuye kandi bategeka igihugu cy’ISAMARIYA bazaba barira bagaragaza umubabaro kandi aribo bawiteye!!!
Icyo gihe bizaba ari intangiriro y’abega kumva umubabaro wabo ubinjira mu misokoro. Icyo gihe bazifuza ko bakora ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabategetse ariko bakamuneguriza izuru.
Ibyo nabyo bizabanzirizwa n’umubabaro mwinshi cyane uzatera igihugu cya Iran. Ali Kahamenei azajyanwa mu butayu bukomeye cyane kandi ntabwo azashobora kubwivanamo ashobora kuzabuheramo ubuziraherezo.
egretnewseditor@gmail.com














