Ines Mpambara yamaze abanyarwanda, ubanza we ar’umuzungu!??

Ines Mpambara arakataje cyane mu ikoranabuhanga ry ’amarozi, nyuma y’imyaka (9) ahitanye Umwami Kigeli V Ndahindurwa, abo yakoresheje bo mu muryango wa Kigeli V Ndahindurwa bose arabagerereye hafi ya bose agiye kubarangiza kw’isi ya bazima. Cyakora ruriye abandi na we rutamwibagiwe kuko bitinde bishyire cyera atazabura kubibazwa kuko isi nta bwo isakaye mu bihe biri imbere byanze bikunze abega baraza gusubiranamo nibamara kubona ko ubutegetsi bwabo buciye mu myanya y’intoke.

Mu gihe barimo bitegura guhitana Ntaganra Christian babanje gukora imibare y’itangaza makuru kuko nari naravuze ko abagize uruhare bose rwo kugambanira Umwami Kigeli V Ndahindurwa batazabura kubyishyura.

Nibwo Mucyumweru gishize nkuko twabagejejeho amakuru bangabyeho ibitero bikomeye cyane ariko biranga bifata ubusa. Tumaze kubamenyera iyo bangabyeho ibitero haba hari icyintu bagiye gukora kugirango tutazandika amakuru cyane iyo ari amakuru afitanye isano na yo twigeze twandika afitanye isano n’ubwami bw’uRwanda.

Sinzi niba Ines Mpambara ajya yibaza iherezo rye, byanze bikunze bizamugiraho ingaruka, cyane ko abari munda y’ingoma bose atari ko bashyigikiye ubwo bwicanyi bukorerwa abanyarwanda.

Abaye atabyishyuye, abana be bazabibazwa kuko ineza y’umubyeyi niyo icira inzira ibibondo bye bimukomokaho.

Rudatsimbura nawe wakoraga kuri radio 10 na we ntabwo yasigaye inyuma mugutanga amarozi, nyamara abibwami bose barangiye hagiye gukurikiraho abo bafitanye isano. Abega bazamaraho ku buryo ari uzasigara wo kubara inkuru. Twarababwiye muduhindira abasaza. Ariko buri mwaka uko utashye undi ukinjira niko babakindura.

Birumvikana ko abaziheruka bakarangiza, ni abo mu nzu y’abega. Ubwabo nibamara kwamburwa ingoma, nta bazatinda gusubiranamo bitana ba mwana. Umwakagara arimo kurengera iminsi ye yo kubaho, nta n’ubwo atekereza kurengera abana be yabyaranye na Nyiramongi ndetse na bandi yabyaye kuruhande, Namara kuva kw’isi abasigaye bamukreye sinzi aho muzahungira dore ko na America mwiringiraga yamaze gukuraho burundu visa ku banyarwanda kuzongera kuba muri America.

Ubwo ariko mushobora kuzajya kuba muri China kuko mufite cash nyinshi mukaba muri abakire aho muzajya hose bazabakira.

 egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar