Daily Archives: January 12, 2026
Nibyo koko Umwakagara Paul Kagame yaba arwaliye mu bitaro byo muri France
Amakuru akomeje guhwihwiswa nyuma yibura rya Paul Kagame Umwami w’abega, wavuze ijambo ryo kwifuriza ingabo za RDF umwaka mwiza ku wa 31 ukuboza 2025. Ntiyongeye kujya ahabona, ariko abamubonye ava mu Rwanda bavuga ko bamubonye mu gihugu cya Qatar, ngo hanyuma yaje kuhava yerekeza mu gihugu cya France byashoboka ko ubu ariho yihishe mu bitaro byaho arimo kwivuza.
Ibyo mutinya nibyo bizababaho
Ndagirango nongere mbwire abega n’ubwo bigize intumbi za matwi yuko kugigira mukoresheje ikoranabuhanga Kurijye nta bwo bikora. Kohereza za virus na Pegasus mugambiliye kwiba amabanga ari muri za email zanjye nabyo nta bwo bikora kuko mwamaze gucirwaho iteka n’ubu magigiri bwanyu nabyo byaciriweho iteka rya burundu.
How to Ensure the Success of Gaza’s ‘Board of Peace’: This Dog Won’t Hunt
Trump’s “Board of Peace” will reportedly include countries such as Turkey and Qatar. Both countries, like Hamas, are followers of the ideology of the Muslim Brotherhood. Its motto is: “Allah is our objective; the Prophet is our leader; the Quran is our law; Jihad is our way; dying in the way of Allah is our highest hope.”
Iran flips ‘kill switch’ to hide alleged crimes as death toll rises amid protests














