Igihe muzemera ko ndi uwo ndi we nicyo gihe muzabona amahoro
Kuba president Donald Trump yakuye America muri (united nations) UN ifite ibigo bigera kuri (31) nindi miryango igera kuri (35) itegamiye kuri united nations (UN) ni kimenyetso cy’uko imanza zitabera zilimo gukora imilimo yazo neza nkuko imanza zaciwe mu myaka (5) ishize aho miryango yose mpuzamahanga yamaze gucirwaho iteka.
Iyo miryango mpuzamahanga yarigwiriyemo inkozi zikibi (evildoers) nta muntu washoboraga kuba yabonamo umurimo atabanje kujya kuraguza mu bapfumu. Kabone naho yaba akora muri Leta, ahubwo abo nibo babi cyane kuko akenshi usanga intambara barwana buri gihe ari iyo kubona imyanya myiza haba muri za Leta cyangwa mi bigo mpuzamahanga.
Nyuma yuko habaye ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo imikorere ya Satani na ba mbari be, yatangiye gucumbagira ntiyaba ikigenda neza nkuko byari bisanzwe mu bihe byashize.
Ariko kandi ibi binafitanye isano niteka ryaciwe ry ’abaherwe bitwa (tycoon) aho abagera kuri (712) batunze imitungo ya bantu batuye isi bagera kuri miliyari zigera (8 BN). Ni mugihe (63) gusa aribo batunze umutungo wa bantu bagera kuri miliyari (4) za batuye isi.
Hanyuma abandi basigaye ukuyemo abo (63) nabo bakaba bibitseho umutungo wa abantu bagera kuri miliyari (4) za batuye isi. Ahangaha hashobora kuzabamo tura tugabane ni wanga bimeneke ngirango icyo nicyo kilimo kuba uyumunsi wa none kuko benshi muri bo nta bwo umutungo bawubonye mu nzira nziza zijyanye na mategeko.
Ibiro bikuru bya UN muri Africa byakoreraga mu gihugu cya Kenya-Nairobi bigiye gufunga nyuma yaho Trump akuye America muri UN. Mucyumweru gishize niho yari yahaye UN miliyari ebyeri ($ 2 BN) ayibwirako (UN) bakwiye gukora neza bitaba ibyo UN igapfa.
Ariko ayo mabwiriza bayarenzeho bajya gushaka uko bigira nk’uruvu (chameleon) ngo barashaka kuvuganira Venezuela bigire nyoni nyinshi ko byibuze hari icyo bavuze kitagenda kubijyanye nibyo America yarimaze gukorera Venezuela maze bituma Donald Trump ahagarika ya nkunga bari bakeneye doreko bari bakeneye miliyari ($ 17BN) mu gihe Trump yarabahaye izigera kuri ebyeri byibuze babe bakora badafunga imiryango.
Nyuma yuko Donald Trump yikuye muri UN nindi miryango igera kuri (65) hamwe na UN yose hamwe ikaba imiryango (66) dollar ryahise ritumbagira ritangira guhangana na (euros €) ndetse ni (pound £) kw’isoko ryo kuvunjisha.
Ndetse ksh ryari lili kuri 128 against dollar ryahise rita agaciro rijya kuri 129, bivuze ko dollar ryahise rizamukaho dollar ($ 1) naho Ksh ryahise rigwa hasi.
Twibutseko ubukungu bw’isi bwaciriweho iteka rya burundu. Ibi byose birimo kuba ku bakurikiye Ubuhanuzi hamwe ni manza zitabera mwabonye izi manza zitabera zaciwe mu gihe cya covid19.
Iyo miryango mpuzamahanga niyo yakoragamo abantu batandukanye ariko cyane abega bari bamaze igihe bigamba kuri za social media ko ngo bafite utuzi twiza ngo bakora muri za united nations ngo kandi ibyo byose ba bigejejweho ni ingoma yabo ya abega. Ubu noneho sinzi icyo bashobora kuvuga.
Ibi rero murimo kubona ni intangiriro nta bwo byari byaba kuko kwirata kwanyu no kwicisha abandi inzara mu baha ibihano kandi ari nta cyaha bakoze ngo gusa kuko badakunda ingoma yanyu y’ikinyoma.
Ibintu biraza gusobanuka neza cyane.
Igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo noneho muzifuza kuganira cyangwa guhura n’umwana w’umuntu. Nyamara ibyo mwasabwe gukora mugaterera agati muryinyo ubanza noneho mugiye kubyemera mwirukanka n’umuvuduko utarigeze kubaho.
Isi nitemera ko arijye uzayobora (united nations) nzayisenya burundu kandi ndabona ari irimo kugana kuko uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabitegetse mu Buhanuzi.
Igishimishije byose murabibona kandi mwarabisomye nta na kimwe mutazi. Bivuze ko ari nta na kimwe kizabatungura. Byashoboka ko mwagira cash ariko imvura iramutse ihagaze ntigwe kw’isi yose ubanza ari nta gihugu kizahahira ikindi. Icyo gihe cash zizaba impfabusa!!!
Mubyange cyangwa mubyemere imanza zitabera zigomba gukora umulimo wazo! Sinzi utuntu mbona murimo kwigira, ariko utwo natwo turaza kurangira nibinure bikiri byinshi mu matwi yanyu ariko biraza kugenda bikamuka gahoro kuzageza igihe bizarangira mukazajya mwumva neza nta kibazo mufite.N’ubwo munsuzugura, ariko ndababwiza ukuli yuko mugiye kubona umwana w’umuntu ashyirwa hejuru kandi isi yose izamenye ko ndi we.
egretnewseditor@gmail.com














