Itangazo rya NYAMPINGA No 3
Itangazo rya NYAMPINGA n°3 usabwe kwandikira Umwami Kigeli Ndoli ukamwibwira ko ari wowe NYAMPINGA n°3 wasimbuye Anne Uwamahoro Rwigara, witabye Imana kubera gusuzugura ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo taliki ya Dec 28, 2023 muri America.
Ubuhanuzi bwe bujyanye n’urupfu rwe kubera kutumvira Uwiteka Imana Nyiringabo bwahanuwe OCT 16, 2023 mu gice cya (257) cy’Ubuhanuzi.
Kuko NYAMPINGA n°2 utuye muri Canada yahawe ultimatum izarangira mukwezi gutaha italiki Feb 1, 2026 azacirwaho iteka taliki Feb 5, 2026
NYAMPINGA n°3 dore ibikuranga ishusho yawe n’inzobe, ufite imyaka hagati ya 25–30, hashize igihe kitari kinini urangije kaminuza. Umwaka ushize wa 2025 Ubuhanuzi bwavuze yuko ugiye kumanurwa umusozi umazeho igihe, kandi ko utazamera nka bandi ba NYAMPINGA bakubanjirije banze kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Nturi muremure kandi nta bwo uri mugufiya, urebye uraringaniye.
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavuganye na we mu nzozi akubwira yuko uzabana n’Umwami Kigeli Ndoli ukazaba igisonga cya NYAMPINGA wa 2, none ubwo yanze gukora ibyo Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze, N’uramuka wubashye ibyo Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze uzaba igisonga cya n°2 aho kuba n°3 ibi ngibi Imana iyo ibivuga iba izi neza yuko amakuru ari bukugereho kuko ari nta cyo Uwiteka Imana Nyiringabo avugira ubusa.
NB: Ndakwifuriza umwaka mwiza wo kumenya no gutahura umugambi w’Uwiteka Imana Nyiringabo agufiteho kuko ibihe birimo kwihuta cyane kandi nta bwo Imana igutegereza ahubwo umuntu ni we uyitegereza. Ikindi iyo hatangiye gusohoka amatangazo nk ’aya burya ibintu biba birimo gukomera.
Ukwiye kuba umunyabwenge n’ubundi na bonye usa naho uri umuhanga. Ubwo rero ubwira uwumva ntavunika Nizere ko usobanukiwe ibyo mvuze. Kumpamvu z’umutekano wawe nirinze kuvuga byinshi kuri wowe niba uri umuntu wubaha Imana urakora ibyo igusabye gutunganya.
egretnewseditor@gmail.com














