Ni gute twa kwica Umwami Kigeli Ndoli ko imanza zitabera aca hamwe n’Ubuhanuzi bikomeje kutwugariza?
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko habaye inama ya za magigiri z’Umwakagara Paul Kagame Nov 27, 2025 biga ku kibazo cy’imanza zitabera n’Ubuhanuzi byandikwa n’Umwami Kigeli Ndoli akaba ari na we umucamanza w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zitabera kw’isi ya bazima.
Bamaze kubona Ubuhanuzi bwanditswe Jan 9,2025 buri mu gice cya (301) buvuga ko July 4th, 2025 Umwakagara Paul Kagame atazitabira ibiroli byo kwizihiza uwo munsi kuko azaba afite ikibazo gikomeye gishobora gutuma n’ingoma ye ikurwaho. Bamaze kubona uko ubwo Buhanuzi bwasohoye kandi ko uko bwanditswe ari nako byagenze byakomeje ku bahagarika umutima cyane.
Bongeye kwiga ku kindi kibazo kijyanye n’Ubuhanuzi bw’Umuryango wa nyakwigendera Rwigara Assinapol aho bwategetse ko umukobwa wabo Anne Uwamahoro Rwigara natabana n’Umwami Kigeli Ndoli ngo amubere umugore azajyanwa kumpera z’ubutayu bugufiya. Uko niko byaje kugenda Anne Uwamahoro Rwigara yapfuye Dec 28, 2023.
Ubundi Buhanuzi bwa bahagaritse umutima cyane n’uwari ikimenyetso na we akaba n’umunyapolitike mu gihugu cya Kenya Raila Amolo Odinga wabaye prime minister na we wanze kumvira Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bituma akurwa kw’isi ya bazima ku buryo butunguranye.
Nyuma y’ukwezi hafi ni gice na mushikiwe Beryl Achieng Odinga na we arapfa ubu ari muri mortuary mu gihe Hategerejwe musaza we Dr. Oburu Odinga mukuru wa Raila Amolo Odinga ubu urwariye mu bitaro bya DUBAI cyangwa akaba yajyanywe Germany nk’uko amakuru atari yemezwa neza abivuga. Biravugwa yuko arimo gufashwa na machine kugirango abashe guhumeka (supporting machine to breath) umwanya uwari wo wose ushobora kumva byarangiye.
Ikindi kandi bizeho ni kijyanye na matora yo muri Tanzania yabaye OCT 29, 2025 yabayemo imvururu bituma hapfa abantu benshi batari bamenyekana umubare wa bapfuye none Samia SULUHU HASSAN warahijwe n’igisirikare ubu akaba afite ibibazo bikomeye cyane aho amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu yo muri SPAIN bamaze gutanga ikirego ICC basaba ko urwo urukiko rwakurikirana ubwicanyi bwabaye muri Tanzania bukozwe na Hassan Samia Suluhu.
Igitangaje muri ibi byose ni uko aho kugirango bibafashe kwisubiraho ngo bashakishe uko bakwikura mubibazo, ahubwo barimo gushakisha uburyo bakoresha kugirango bashobore kuba bagera k’Umwami Kigeli Ndoli bamuce igihanga. Na we unyumvire uko abega ari ibigoryi!!!
Abari bateraniye muriyo nama bagerageje gutanga ibitekerezo bitandukanye, ariko basanga bidashobora gukora ngo bagere ku musaruro mwiza bifuza kugeraho wo kwica Umwami Kigeli Ndoli.
Nibwo hatanzwe igitekerezo cyo gushaka umugore wa kwigira impunzi ihunze ingoma yabo y’abega, maze agahungira muri Kenya akandikira Umwami Kigeli Ndoli amusaba ko yamufasha uburyo yamushakira ibyangombwa byo muri Kenya ngo yahunze ari nta (passport) afite noneho bikabafasha kubabera inzira yo kumugeraho.
Urumva bo bashakisha (activities) ishobora gufata igihe kitari gitoya cyane ku buryo hagati yicyo gihe bazaba bamaze kumenya no gutahura uko bahitana Umwami Kigeli Ndoli. Uko niko barangije inama yabo. Ariko ibyo nta kibazo gihari bazashake kenya money one million shillings I’ll do it. Ntabwo tuzabonana ahubwo nzabashakira ushinzwe gutanga ID hanyuma uwo mugore agende bahure amufotore amufate [finger print] ubundi ategereze ko bazamuha ibyangombwa akeneye. Singombwa ko duhura cyangwa ko tuvugana kuri phone just e-mail me simple as that.
egretnewseditor@gmail.com













