Daily Archives: November 21, 2025
Uruyoka rwabujije kwa Rwigara Assinapol kwinjira mu isezerano rwarapfuye nyuma yo kubanangira imitima
Abantu bakomeje guhangana n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bacyaha Satani wamaze kugirwa imbohe utagikorera mu isi yabazima. Kuko bidashoboka yuko umwanzi Satani yakora imilimo ye ngo ayibangikanye n’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo. Birirwa mu masengesho kandi yaraciriweho iteka (illegal intercessors). Mu by’ukuri nta Satani muhanganye na we byariho cyera mbere yuko haza ubucamanza bwo mu ijuru, kubera Kutubahiriza itegeko ryatanzwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo ibyari amasengesho bya bahindukiriye umuvumo.














