Daily Archives: November 16, 2025
Urugiye kera ruhinyuza intwari,intwari zirananiwe hasigaye ah’intwarane
Muri 1995, hasohotse ubuhanuzi mu bantu bamwe barimo gusenga,maze Umwuka w’Imana aravuga ati,dore Umwami w’Urwanda azacyurwa n’umwirabura uba mu gihugu cy’America, Hussein Barrack Obama, kandi uwo mwirabura icyo gihe yar’umudepite niba nibuka neza, abantu babifashe nk’ibikino ndetse barabyibagirwa,ariko igitangaje ni PETITION NIBONEYE ubwanjye, ihuza Umwami w’Urwanda n’ubuyobozi bwa WASHNGTON MURI WHITE HOUSE.
Hon.Barikana Eugene imandwa zamuhakaniye ko nta cyo zamumarira ngo zaciriweho iteka rya burundu
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko uwahoze ari umudepite wa RPF Hon.Barikana Eugene yaraye mu mandwa azisaba ko zakongera zikamusiga igikundiro kugirango shebuja Umwakagara Paul Kagame yakonegra kumwibuka amusubize kumeza yongere yicare hamwe na bagabo bakomeye mu gihugu.













