Ibyo mukwiye kumenya no gusobanukirwa
Iyo bigeze aho Uwiteka Imana Nyiringabo agushyira muciro cya mazu nyarwanda arimo abega, abashambo, abasinga, na abashingwe, batera umwaku uzamenye yuko ibyawe atari byiza. Nibyo abashingwe batera umwaku kuko n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arabihamya! Kandi Abashingwe ikibazo cyabo cyaturutse kuba ari bo bemeye kwikorera umuvumo w’I mandwa zose zo muri gakondo ya bakiranutsi kuko gukiranirwa kwabo kwari gukomeye cyane!!!
Baje gukurikirwa na bo mu nzu y’abasinga bashatse guhigika abashingwe ngo abe ari bo bazajya bakorana na bakurambere cyangwa imyuka mibi ya bapfuye, bajye babumvira kurusha iyindi miryango maze babigeraho birakunda. Ariko wa muvumo w’Abashingwe nta bwo wa bavuyeho ngo ni uko batakomeje uko gukiranirwa kwabo, ahubwo wakomeje kubabaho na bugingo n’ubu uracyabariho ari na wo barimo kuzira kuko nisezerano bagiranye na Satani na badayimoni.
Haje gukurikiraho Abega n’Abashambo mu myaka ya vuba bitari cyera cyane, ariko byari no mu kinyejana cya (19) ku buryo umuntu atabyibagirwa. Nibo bazamukanye ubukana bwinshi cyane ku buryo imandwa zabahaye kujya bashyingira abami aha ndavuga abega-kazi maze basimbura abasinga–kazi bari barasezeranye ni bwami ko aribo bazajya babashyingira abageni.
Icyo nshaka kuvuga aha ngaha ni uko iyo wamaze kugera kurwego rwo gukiranirwa ku kigero cy’iyo miryango (spiritual identification) ya we cyangwa umwimerere wa we urahinduka ukwitwa umwega cyangwa umushambo…. Kimwe ni uko abashingwe bagereranywa na HIV bivuze ko umuvumo wabo utagira gikurwaho cyangwa umuti. Uko niko n’umuntu waciriweho iteka abarirwa mu bantu batera umwaku cyangwa barwaye HIV kuko ari nta cyintu ashobora gukora ngo ahirwe nyuma yo gucirwaho iteka rya burundu.
Ndetse na banyamahanga batabarirwa muri iyo miryango nabo iyo bamaze gucirwaho iteka bahita bashyirwa mucyiciro cy’iyo miryango bakwitwa abashambo, cyangwa abega, cyangwa abasinga, abashyirwa muri ibi ibyiciro ni abafite ubutegetsi kandi bagiranye isezerano ni myuka mibi ikabageza ku butegetsi.
Ikindi kandi Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo areba ni amasezerano aba yarabaye hagati yi yi miryango ikunze kuvugwa hano, iyo miryango ishobora kwitirirwa izina ry ’imiryango bagiranye amasezerano kuko bafatanije gukiranirwa. Kwemera uko gukiranirwa kandi ubizi neza ko ibyo mwakoze bitari bikwiye, ubwabyo bicisha igihanga umuntu wese ukomoka muri iyo miryango.
Inshuro nyinshi iyo tuvuga ngo runaka ni umushingwe cyangwa umwega, cyangwa se umushambo, biba bifite impamvu kandi binafitanye isano ni manza zitabera. Ibi mbivugiye yuko abantu barimo guhunga kwitwa imiryango bakomokamo.
Abantu mukwiye kuba maso cyane ku muntu ugiye gushyingirwa yaba umukobwa cyangwa umusore numvise abantu benshi batangiye kujya bahunga imiryango bakomokamo basigaye biyitirira iyindi miryango bagambiliye kutitirirwa iyo miryango yabo kuko hari aho usanga inzu nyarwanda ifite imiryango myinshi harimo imiryango minini ni mitoya. Bakava muri ya miryango cyangwa inzu nyarwanda nini, bakiyitirira inzu ntoya ubusanzwe usanga nta ngufu bagira muri iyo miryango.
Ugasanga inkomoko yabo ni imwe, ariko iyi miryango mitoya ugasanga itavugwa, ariko ifitanye isano na ya miryango minini igize amazu nyarwanda.
Reka dufate umuryango wa YUDA n’umuryango wa Israel, Yuda ishobora kuba ihuriwemo imiryango itarenze (2); ariko Israel ihuriwemo ni miryango igera (10) nyamara yose yitirirwa umuryango umwe.
Inshingano za Israel zitandukanye ni za YUDA, Israel inshingano ze n’ubutegetsi busanzwe bwo kw’isi, naho YUDA inshingano ze ni bijyanye n’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Nibyo mubona Roman Catholic Church Empire bibye muri Israel bashyizeho kiliziya ihinduka ubwami, kandi igakorera mu gihugu cya Italy igihugu gifite perezida kandi ugasanga bagaragara nk’aho nta ho bahuriye. Uko niko bya gombaga kumera muri Israel ariko kubera kutumvira Imana kwabo ibyabo byagenze uko bimeze ubu.
Abakurikirana amakuru tubagezaho birakwiye ko mujya mwigisha abana banyu kuko iyi miryango yaciriweho iteka izashiraho burundu mu gihe kitari icyakure. Ngirango mwatangiye kubona uko abantu basigaye bapfa amarabira ndetse abantu bakicana hagati y’umugore n’umugabo cyane ku mugabane w’Uburayi. Bishobora kuba ari zimwe murizo mpamvu aho umuntu akenyuka ntiyisazire ariko bikaba nyine mu buryo bugaragara nk’aho uwishwe yakorewe urugomo.
Bivuze ngo umuntu uzashaka mu miryango yamaze gucirwaho iteka, kandi ifite za files numbers nyinshi ashobora kuba ari nta mugisha azagirira muri uwo muryango yashatsemo.
Ngirango mujya mubona imiryango ibamo ibintu bidasobanutse bisa ni mivumo. Abenshi imiryango yabo yakoranaga na Satani, nyuma yuko habayeho intambara abantu bagahunga birumvikana yuko badakomeza ya mihango yabo bita ko ngo ari iya Kinyarwanda ari nabyo bibagiraho ingaruka ugasanga abantu barize ariko ntibashobora guhirwa kubona akazi ni bibazo, niba babonye akazi, urushako nikibazo, niba byombi babibonye ugasanga abana babaye ibigoryi. Ibyo byose no mu bazungu birahaba nibyo wumva bavuga ngo nta muryango ubura ikigoryi bituruka kuriyo mihango bakoze ijya ibagiraho ingaruka kuba bayikomeza cyangwa batayikomeza bitewe nibyo mwasezeranye.
Tuvuge nimba mwarasezeranye kuzajya ubaha amaraso cyangwa amata, ubwo turavuga abadayimoni, inka zigashira kubera intambara z’isi, ukaba utakigira ihene cyangwa inkoko birumvikana yuko iyo myuka mibi izirara mu bana bawe wabyaye!!! Ni mujya mukora ibintu mujye mumenya ningaruka zabyo.
Reka dufate urundi rugero: bariya abega mubona bari kungoma uyumunsi, igihe bazakurwa ku butegetsi imandwa zizabahinduka kuko ibyo basahuye byose cyangwa bibye abanyarwanda tuzabibambura basigare amara masa.
Icyo gihe nta bwo imandwa bazavuga rumwe kuko nta cyo bazaba bagifite cyo kuziha. Usibye ko nyine banaciriweho iteka kandi nabo nta cyo bazaba bakizishakaho kuko nta bwami bazaba bafite kandi nizo imandwa nta mbaraga zigifite ku buryo zagira icyo zibatwara kuko ibyo zakabaye zibatwara byasimbuwe no gucirwaho iteka ni manza z’Uwiteka Imana Nyiringabo.
So it’s over.
egretnewseditor@gmail.com













