Bakoze izindi mandwa nshyashya na zo zapfuye zashyizwe mu rwobo rulerule hejuru yazo hashyirwaho amabuye

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko nyuma yo gushyira ahabona ibyabaye ku myuka mibi y’abega n’abashambo bahise bongera guterekerera iyindi myuka mibi hashize amasaha agera kuri (3) baterekereje izindi mandwa kuko iza mbere zose zari zapfuye.

Ba maze guterekerera izindi mandwa nshyashya Ubuhanuzi ni manza zitabera byahise byica izo mandwa baterekereje maze ubutegetsi bwabo busigara ari nta myuka mibi bufite bwizeye yuko buzasigasira ubwami bwabo.

NB: nta bwo byakunda yuko imandwa cyangwa imyuka mibi ikoreshwa na bategetsi cyangwa abantu ku giti cyabo yakomeza kubangikana ni manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ngo bishoboka. Byanze bikunze kimwe kigomba kubisa ikindi kuko igihe bari barahawe cyararangiye kw’isi ya bazima.

Niyompamvu za Leta zitegekesha igitugu zilimo guhura na kaga kuko zamaze gucirwaho iteka rya burundu ni manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar