Abega n’abashambo bahuye n’igihombo gikomeye cyane badashobora guhombora

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bahuye na kaga gakomeye cyane aho bari barashyize igicumbi cy’imiterekerero yabo ibashoboza kuzaguma ku ngoma ubuziraherezo yose yakuweho kandi iyo imiterekerero yabo yasenywe yose uko yakabaye ntihasigara niyumuti.

Abega na abashambo bafashe Amagyi y’inkoko agera kumifuka (2) yuzuye maze bayikoreza umucika cumu wo mu bwoko bw’Abatutsi barajyana bayishyira mu gihugu cya gakondo ya bakiranutsi, barangije bayamanika muri icyo gihuru basiga uwo mufuka umanitse hejuru kandi bawurereze ngo abe ari ko bazarerega ayandi mazu nyarwanda ntazigere ategeka gakondo ya bakiranutsi.

Abakoze iyo mihango ni abakobwa b’abashambo-kazi bafatanije n’abega-kazi, ibyo byakozwe kubufatanye bwa Kayumba Nyamwasa waruhagarariye abashambo na Kagame Paul Umwakagara waruhagarariye abega. Ayo niyo masezerano bagiranye kwirata kose kwa Kayumba Nyamwasa kwari gushingiye kuri ayo masezerano kuko bumvikanye yuko gashambo nadahabwa ubutegetsi, na kega na we azamburwa ibyo yahawe (ubutegetsi).

Ayo masezerano bayakoreye imbere y’imandwa bamagana abacika cumu, bamagana ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekoshinga, bamagana n’undi muntu uwari we wese uzashaka ubutegetsi atabaciyeho ngo abe ari bo bamuha ubwo butegetsi bamutegekeremo ameze nk ’igishushanyo cya kadahumeka kitabasha kumva no kuvuga.

Muri iri cyangwa se muri iki gitondo intumwa z’abega n’abashambo basigaye muri gakondo ya bakiranutsi sinzi uko bamenye ko hari ikigiye kuba kuriyo imiterekerero yabo, maze baramanuka bagiye gushaka uko bakiza icyo gicumbi cy’iyo imiterekerero maze hamanuka amazi y’inyanja aragenda yuzura agace kose bakoreyemo iyo miterekero asenya ibikorwa byose bakoze byo guhumanya abanyarwanda bose bashobora gushaka kuba abayobozi mu gihugu cyabo ariyo gakondo ya bakiranutsi.

Umugore w’u Mushambo-kazi wa rushinzwe kujya aha amata buri munsi za mandwa agiye asanga cya gicumbi cy’imiterekerero kidahari ayoberwa ibibaye maze azamuka vuba na bwangu ajya gutanga amakuru bahita barekura imandwa zitumva zitanavuga zimanuka kujya kureba uko bimeze nazo wabonaga zitiyizi zigezeyo zihura n’Ubuhanuzi ni manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zinanirwa kugira icyo zakora kuko zamaze gucirwaho iteka rya burundu.

Maze abashinzwe imandwa niyo imiterekerero batanga report yuko Umwami Kigeli Ndoli akaba n’umucamanza uca imanza zitabera ari we ubakozeho, ako kanya hatangwa itegeko ryo guhiga Umwami Kigeli Ndoli kandi batazi aho bamushakira. Mbona umujinya w’umurandura nzuzi w’abega bazabiranywa n’uburakali ariko nyine umujinya wabo urangirira mu murizo nk’imbwa.

egretnewseditor@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar