Itangazo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo
Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru biratangaza ko iminsi (54) yari yarahawe umuryango wa Rwigara Assinapol cyane (DIANE RWIGARA) kugirango niba afite ibisobanuro bihagije byo gukurirwaho za files numbers yahawe we n’umuryango we, iyo minsi mbere yuko irangira azabe yamaze kwisobanura ku umucamanza uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo Majeshi Leon Ainesha azabe yamaze kubitanga kugirango bakurirweho za files numbers.
Ariko bo aho kugirango barebe ku manza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo bakoze inama bareba uko ba kwinjizwa muri ubwo bwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mbere yuko bakiranuka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
Kubera umugambi w’uburiganya bakoze ku wa gatandatu no kucyumweru bagambirira uko bahitana Umwami Kigeli Ndoli bakwigarurira ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Kubera iyo mpamvu iminsi bari barahawe ikuweho, Uwiteka Imana Nyiringabo akaba nta mwenda abasigayemo ndetse n’Umwami Kigeli Ndoli.
Uhereye uyumunsi itangazo ritangarijwe, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo afite uburenganzira bwo gusohoza imigambi ye nkuko yabivuze nyuma yo kubaha amahirwe ya nyuma bakamuneguriza izuru.
Umucamanza uca imanza zitabera z’Uwiteka Imana Nyiringabo.
Majeshi Leon Ainesha.
egretnewseditor@gmail.com













