Itangazo rya Nyampinga nibimenyetso byaryo
Nov 8, 2025 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, ubwire «NYAMPINGA» wasimbuye DIANE SHIMA RWIGARA uti, uku niko Uhoraho Nyiringabo avuga. Dore iminsi irihuta cyane kandi Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukora ibikomeye mu isi yabazima. Usabwa kwandikira Umwami Kigeli Ndoli ukamubwira ko ari wowe «NYAMPINGA» w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yatoranije kuzabana nawe.
Iki nicyo kimenyetso: Dore hari umugabo warurimo akurambagiza mu gihe utari wafata icyemezo haba haje undi mugabo cyangwa umusore usa naho akora muri police cyangwa akaba ari umusirikare mu (buhanuzi bisobanura yuko aboshwe) ukaba usa waramwemereye kuzabana na we ariko nta bwo ari we mugabo wawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ufite amahitamo (2) kwandikira Umwami Kigeli Ndoli kuza kugusura mu gihugu urimo, cyangwa wowe ukaza kumura mu gihugu cye kugirango mutangire gahunda zo kubana kuko nshaka kwikorera umurimo muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com













