Itangazo ryo kwa Rwigara Assinapol riturutse k’Uwiteka Imana Nyiringabo
OCT 26, 2025 Umwami Kigeli Ndoli yagiranye ikiganiro n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,ariko iki kiganiro cyari gikarishye cyane, aho Umwami Kigeli Ndoli yashinjaga Uwiteka Imana Nyiringabo Kutubahiriza amasezerano bagiranye ajyanye nimikorere ya kazi ko guca imanza zitabera n’Ubuhanuzi.
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze ko ikibazo cyabaye kwa Rwigara bamwambuye imigabane ye bakaba badashaka kuyimuha ngo yikorere umurimo we nkuko yari yarabisezeranye na nyakwigendera Rwigara Assinapol.
Uwiteka Imana Nyiringabo yabwiye Umwami Kigeli Ndoli yuko igihe cyatanzwe (ultimatum) kingana ni minsi (52) isigaye nibaramuka banze kuza gushaka Umwami Kigeli Ndoli azica umuhungu wa Rwigara Assinapol witwa Arioste Rugwiro, akazakurikizaho SHIMA DIANE RWIGARA.
Arioste Rugwiro azafatwa n’burwayi busa n’ubw’umutima ndetse bufate n’impyiko n’ibihaha ku buryo ubuhemekero buzaba ar’ikibazo gikomeye cyane ahite ashiramo umwuka akurwe kw’isi yabazima.
Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze ko ahantu hose «Adeline Mukangemanyi» azashyira ibyiringiro hose azajya abisenya. Akomeza avuga ko, kandi icyo nicyo kimenyetso atanze cyo kumwereka yuko umulimo Umwami Kigeli Ndoli akora waturutse k’Uhoraho Nyiringabo.
Ni amahitamo ya «Adeline Mukangemanyi» niba ashaka ko abana be bombi bicwa kugirango amenye ko umulimo w’imanza zitabera ari Uwiteka Imana Nyiringabo ibyo araza kubimukorera vuba cyane nyuma yuko iminsi yabahaye izaba irangiye batayubahirije.
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga ko afite (75%) mu mitungo ya Rwigara Assinapol, akomeza avuga ko adashobora kwihanganira yuko umulimo we uhagarara kuko hashize amezi (6) udakorwa kubera ko banze kwubahiriza amasezerano bagiranye kandi yari yabizeye barangiza bakamutenguha.
egretnewseditor@gmail.com













