Pastor Mukamakuza Teresa yananiwe kwisobanura kumakuru yamwanditsweho
Muvandimwe Leon, Hashize imyaka ibiri ikinyamakuru mukorera cyanditse inkuru kuri Pasteur Mukamakuza Therese taliki ya 31/12/2023 ifite umutwe ugira uti ubuswa bwa Pastor Mukamakuza Therese bwashyizwe ahabona!!? Iyi nyandiko amakuru arimo yose ntabwo ariyo, nkaba rero mbasaba kukura kuri internet kuko ivuga amakuru yo gusebanya kandi ikaba yarakoresheje ifoto yanjye mu buryo butari bwo., Nimukenera inkuru yanjye muzayimbaze nzayibaha kandi neza atari.
mukamakuza@gmail.com,
Ndabashimiye ko mugiye kumfasha kubikora.
OK, Murakoze kutwandikira, nd’umwe mu bantu bakosoye igitabo cyawe cya PHD project dissertation hamwe nundi mugabo wari yahawe icyo kiraka. Ntabwo amakuru na kwanditseho ari ibinyoma kuko mfite za gihamya cyeretse wenda niba wifuza ko iyo nkuru ikurwaho ibyo byaba ari bindi twavuganaho. Ariko ibyo kuvuga ko ari ibinyoma ko utigeze wandisha dissertation ya masters ibyo byaba ari ukubeshya.
Murakoze
Therese
The Rev. Thérèse Mukamakuza
PhD Grad and | Development Studies
St. Paul’s University, Limuru/Kenya
Muvandimwe sinzi Aho wabonye kuko sinigeze niga muri University of Nairobi mwavuze ubwo rero mwaba mwaranyitiranyije, Ikindi inkuru mwayanditse ntaragera Kuri stage yo kwandika igitabo. Ikindi uwo Mwalimu muvuga simuzi nta kiraka namuhaye, Ikindi sintuye muri Kenya.
The Rev. Thérèse Mukamakuza
PhD Candidate | Development Studies
St. Paul’s University, Limuru/Kenya
None ikibazo cyawe ni kihe ko atari wowe wifuziki? None se yari umusazi kuduha ikiraka cyo gukosora, ifoto sijye nayikuye muri yandiseho amazina uvuga ko atari ayawe
Ntabwo nigeze mvuga ko ntinze muri Kenya ahubwo sinize niga aho mwavuze Ikindi ibyo mwanditse Ku mazina yanjye nifoto yanjye mwakoresheke n’inkuru itariyo.
Ariko niba mwumva ari ikibazo kubikuraho reka twe guterana amagambo kandi tutanaziranye mubirekereho nabasabaga.
Mirakoze
The Rev. Thérèse Mukamakuza
PhD Candidate | Development Studies
St. Paul’s University, Limuru/Kenya
Warigutanga amakuru nyayo avuguruza inkuru yakwanditseho, hanyuma tukareba aho bitandukaniye. None se urahakana ko utandikishije dissertation ya PH.D? Icyo nicyo kibazo ubundi nyamukuru nibwiraga ko wari gutanga ibisobanuro.
egretnewseditor@gmail.com













