Ijuru nta bwo rizakomeza kwihanganira insengero zilimo Evangelical Restoration Church na ADEPR uko niko ijuru ryavuze!

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) bikomeje kwiyama idini rya (Evangelical Restoration Church ERC) kuko rikomeje kurwanya Ubuhanuzi butangwa nijuru ndetse bakaba banakomeje kurwanya imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ibi byose balimo kubikora mu gihe imanza z’Uwiteka Imana Nyiringabo zikomeje umulimo wazo mu isi ya yabazima. Ikindi kandi zimaze kubagiraho ingaruka dushingiye ku byo ijuru ribivugaho, iryo idini hamwe ni idini rya ADEPR imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zikomeje umulimo wazo muri bo hagati kandi abantu benshi bamaze gucirwaho iteka kubera bajya mu insengero kandi Uwiteka Imana Nyiringabo yarabuzanije kongera gusubira mu insengero.

Uwiteka Imana Nyiringabo yavuze yuko abantu bose bazongera gusubira mu nsengero bazagibwaho n’umuvumo kandi uwo muvumo nta bwo bazabona umuntu uzawubakuraho. Iki ni kibazo gikomeye cyane kandi kigenda kigaruka buri munsi bivuze ko bizagira ingaruka zikomeye cyane zitazashobora kwihanganirwa.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar