Zimwe mu ngaruka za bamaze kwirukanwa kw’isi ya bazima
April 28, 2025 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, abega bahagaritse imitima cyane, kuko channel bari barashyizeho wamaze kuyifunga bakaba badafite ubundi buryo bwo kuba bakubona uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, abategetsi (8) wirukanye kw’isi ya bazima bahagaritse imitima kuko (2) muri bo bamaze kwirukanwa ku butegetsi nk’uko ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bwa bitegetse uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, President Kaguta Yoweri Museveni, Umwakagara Paul Kagame, Umwami YUHI VI Bushayija Emmanuel bahagaritse imitima cyane kuko ari bo bagiye gukurikiraho kwirukanwa k’ubutegetsi no kw’isi ya bazima nk’uko ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bwabitegetse uko niko abivuga.
egretnewseditor@gmail.com















