Amadini (2) akorera mu mujyi wa Kigali ya ba Satanist

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hariho amadini (2) akorera muri gakondo ya bakiranutsi akorana na (ant-Christ) ayo madini akaba afite imigambi yo kuzigaragaza nyuma y’intambara bizaba nyuma izakuraho Umwakagara Paul Kagame kuko bazaba bamaze kuyobya abantu benshi cyane bishoboka, kandi bazaba bamaze kwizera imbaraga zabo aho niho bazatangira kwigaragaza ko bakorana na sekibi (Satan) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, birakwiye yuko usobanura neza ayo madini yombi uko ari (2) nk’uko wayeretswe, kugirango abantu basobanukirwe batazavuga ko batasobanukiwe bakabigira urwitwazo. Idini rya mbere ni (l) Christian Life Assembly (CLA) Nyarutarama idini rya kabiri (ll) n’idini riherereye Nyarutarama yo hejuru ahafatanye na Kagugu cyangwa Kinyinya rya koreraga muri Sale ya Casesociale yombi nay’Abanyamerica akoresha imbaraga z’umwijima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gusobanurira abantu basengera mu idini rya Kiliziya gatolika (Roman Catholic Church RCC) ubabwire uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, abantu musengera mu idini rya (RCC) ariya mazi bakoresha babeshya abantu ngo ni ay’umugisha nyamara ni amazi y’umuvumo yarahumanijwe,umuntu wese wayakoresheje yamburwa umugisha we agahabwa umuvumu (curses) uhereye umunsi ayo mazi wayakoreshereje utangira guhura ni mbaraga z’umwijima ku buryo udashobora kuba umunyamugisha cyeretse iyo uyobotse imbaraga z’umwijima na we ugakorera umwami w’ikuzimu icyo gihe barakureka kuko uba winjiye mu idini ryabo ukaba umunyamuryango w’ikuzimu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ni uko rero burira abantu bahunge babyloni naho ubundi kababayeho kuko ubucamanza bumaze imyaka (3) butangiye gukorera mu isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kora amasengesho uhamagaze imbaraga zo mu ijuru kugirango Uwiteka aguhe umwuka wo kurimbura abagenza ubugingo bwawe kuko maze kubarambirwa kandi nkaba narabihanganiye bihagije, none kora amasengesho akomeye utabaze ijuru rimanure umuriro kugirango nibura hapfemo bamwe muri bo kugirango batinye Uwiteka Imana Nyiringabo bareke gukomeza kumusugura uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rimbwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka arabizi neza yuko ukora umurimo ukomeye cyane none Uwiteka aravuze ngo ukore amasengesho uhamagaze urupfu kuri ziriya nkozi zibibi kugirango nibura mu baguhiga hapfemo nibura (10) abandi basigaye bazahita bakuramo isomo kugirango bamenye yuko Uwiteka ari kumwe nawe uko niko Uwiteka ategetse!!!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nyuma y’intambara izakuraho Umwakagara Paul Kagame abanyarwanda bazacikamo ibice (2) bamwe ni abazaba bararokotse ingoma y’Umwakagara. Ikindi gice cya (2) ni cya hunze nyuma ya genocide 1994 bagahungira mu mahanga abo ni bataha nabo bazababaza ibibazo babajijwe ngo kuki wasigaye!!
Dec 03, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirabwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zabonye ko wazitahuye muri gahunda zari zateguye ziguhamagaza kujya kubwiriza mu gihugu cy’Abongereza, none bacitse intege kuko uriya mugambi niwo wa nyuma ubu nta wundi bafite bahisemo gukurikirana telephone yawe kugirango bumve gahunda zawe zose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, funga undi murongo wa telephone kugirango uburizemo imigambi yabo mibisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, za magigiri zikoherereje ubutumwa kuri ‘Whatsa up zigusaba yuko ariho mwavuganira none uhite ufunga telephone yawe kuko balimo guhiga ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Murekatete Mukandirima Odette akomeje gukorana na za magigiri kandi nujya mu murwa murahura kuko yatumwe kuza kuguhiga ngo arimbure ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, zamuka mu murwa mukuru w’ISHUSHAN kugirango ubone ikimenyetso cy’ibyo nakubwiye! Ndazamuka ngera mu murwa mukuru w’ISHUSHAN (Nairobi) nyura mukayira bita «AGHAN WALK» ngeze kuri KCB bank turahura ibyahanuwe biba birasohoye, nibwo atangiye (drama Queen) atangira kuntuka ndamwiherera abonye ko nikomereje anturuka inyuma ankubita urushyi mu misaya ndakomeza ndamwihorera kuko nashakaga ko ankurikira nkamugeza aho abantu batari ubundi nkamwigisha kwubaha abantu b’inzirakarengane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Turagenda tugeze kuri (city council of the Nairobi) mbona abagabo aho bahagaze maze ndabegera ho gato, abonye hari abagabo aratinya akomeza kuntuka ibitotsi bidasanzwe nsubira inyuma gatoya mwegera ngo mwigishe ikinyabupfura arahunga ariruka nanjye mfata motor ndigendera.
Nuko mbona ndagenda nyura kuruhande rwaho yarahagaze ategereje kugirango angereho nuko ndamucika ndamanuka ngera aho nkorera umurimo w’Uwiteka wo gucuruza amabauye yagaciro.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kujyanwa mu ishuli, mbona mwalimu adusaba amashillingi yo kwishyura ishuli, ariko njyewe nta bwo nari nyafite ngo njye gukora ikizamini (exam).
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ikigeragezo kiraje ariko nta bwo kiribukugereho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona mu itorero rya Kristo hinjiyemo inkozi z’ibibi kandi akaba alizo ziyobora itorero kuko zamaze kwifatira umurimo w’Imana zinyuze mu maso yahumye yabafarisayo. Maze zikajya zikora ibyo zishaka byose kubera ko zatangaga amashillingi menshi murusengero ni uko ijmabo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zigaruriye itorero ry’Imana kubera ubusambo bw’abafarisayo bahora bumva yuko ibyiza byose ari byabo. Aho kugirango babe ba byifuriza umwe muri bo mutoya ahubwo bumva ko bagomba kubyiharira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, bareke bangize itorero ry’Imana kandi barigayishe kuko bagiye kunywera ku gikombe batigeze banyweraho uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inkingi yamashanyarazi ihagaze mu muhanda, munsi yayo hari bafatishijwe inshundura uhereye aho iyo nkingi ya mashanyarazi ukagera aho wa mugozi w’icyuma uba ufungiye ukagarura kuri ya nkingi maze ugahita uhambira ako kanya ukayijyana murusisiro ahatuye abaturage!!!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kumanura umuriro wo mu bwoko bwa mashanyarazi atwike imikorere yose ya Satani ndetse nimikorere mibi ya bafarisayo (Phrases in the world) uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko za magigiri zikora inama yakugambanira Umuhanuzi Majeshi Leon, ni uko numva bavuga ngo, uyu Muhanuzi aratunaniye pee!! None dukoze iki? Undi arasubiza ngo, reka duhimbe ko acuruza diplome zidasobanutse kugirango tubone impamvu yatuma bamuta muri yombi, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona intambara ikomeye cyane, igiye kubera muri gakondo ya bakiranutsi, mbona ndi kumwe n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe, maze mbona turimo gutambagira muri gakondo yabakiranutsi. Ni uko mbona intambara ikomeye cyane iradutse!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu bihe biri mbere muri gakondo ya bakiranutsi hazabaho intambara ikomeye cyane, kandi izagwamo abantu benshi cyane batagira ingano uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abatuye muri gakondo ya bakiranutsi ababishaka kandi babishoboye bakize ubugingo bwabo hakiri kare kuko ibihe bilimo gusatira cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Dec 4, 2015 Njyanwa mu iyerekwa maze nkomeza kwerekwa ibikorerwa mw’isi ya bazima, mbona abazungu bakoreshejwe na za magigiri za Kigali bayoboye idini ryitwa VANEYARD CHURCH MINISTRY, bashwana na za magigiri kuko zanze kubishyura kuko bari bemerenijwe yuko bazantumira hanyuma nka zafatirwa ku kibuga cy’indege nyuma yo kubaha amakuru yose bansabye harimo n’urwandiko rwa Passport kuko bazi neza ko umuntu ashobora gukoresha andi mazina agakiza ubugingo bwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.