Abigize ibigirwamana ni binaniramana bahangana n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abo banyamoko uti, muhame hamwe b’abahinduke maze mubure aho mwerekera kugirango nibamara ku bajujubya muzongera mugaruke mu maso h’Uwiteka Imana Nyiringabo mwihane kugirango abagirire ibambe uko niko umuhanuzi ategetse!!! Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo bwoko bwihinduye abanzi b’Uhorahora Uwiteka Imana Nyiringabo, iyo baza kuba abizerwa nta cyo bari kumuburana. Ariko dore ijambo ry’Uwiteka mwaritesheje uburyohe ndetse na baryumvaga ntabwo bakiri girira inyota kubera ubugome bwanyu mugaragaza kandi mubeshya ngo mwitirirwa izina ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire izo inkozi zikibi, uti uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, uko mwangenje uko, ni ko nanjye nzabagenza kugirango turebe hagati yanjye namwe umunyembaraga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nov 30, 2015 Njyanwa mu iyerekwa, mbona ndi ahantu hari umugisha mwinshi cyane, ariko uwo mugisha kuwugezaho ibiganza byari intambara ikomeye cyane kubera inkozi zibibi mbona zishaka gufata uwo mugisha ngo zibe ari zo ziwutegeka.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi zikibi zikomeje gushaka uko zagumana umugisha wawe zari zaratwaye zibwira yuko uwo mugisha wa we zatwaye utazagaruzwa. None byazikomeranye kuko zimaze kuwamburwa ngo ukugarurirwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo aguhaye umugisha, ariko inkozi zikibi zirashaka kuwuburizamo. Ni uko rero senga Uwiteka Imana kugirango akurwanirire ubashe kuba umunyamugisha kandi ubashe kuwakira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ni uko rero umenye yuko umwuka w’uburiganya urimo ku kugenza kugirango uburizemo umugisha wawe, none menya ubwenge umenye uko ugenza kugirango utamburwa umugisha wawe kuko iyo umugisha waje uba waje bityo ubashe kuwutegeka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mwuka w’uburiganya ubonye urifuza kumenya gahunda zawe zose, nyamara nta bwo bishoboka yuko izo gahunda zawe bazisobanukirwa ni uko rero menya yuko igihe cy’ubutayu warurimo kirangiye, niyompamvu Uwiteka Imana Nyiringabo yaguhaye ijambo ry’ubuhanuzi «rhema word called the wilderness exits» uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inzibutso zose zubatswe zashyinguwemo abazize jenocide yakorewe ubwoko bw’Abatutsi zigiye gusenyuka zose maze hahinduke indiri y’imbwa n’amasega kuko Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze gutegeka yuko ubutegetsi bw’Umwakagara burangira burundu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Translate »
Skip to toolbar