Banze kwiringira Uwiteka Imana Nyiringabo, bibabera inzitizi yo kuzaramba ku ngoma!!!
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, mbona abakobwa bakomoka mu bakire no mu bakene hamwe na za mayibobo (street kids) b’abakobwa bose bajyanwa mu ishuli ryo kwigisha Abatutsi kwubaha Uwiteka Imana Nyiringabo no kumenya yuko ashobora byose! Mbona bajyanywe mu ishuli bamwe bagenda batabishaka, ariko birangiye muri iryo ishuli ryubatswe kuri wa musozi uri munsi y’ubutayu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye ngo ibihanurwa byose n’umwuka w’Uwiteka Imana Nyiringabo (Ubuhanuzi) ngo bisohoze umulimo wabyo, kuko abakobwa bo muri gakondo ya bakiranutsi barenze kw’itegeko ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, ndetse barenga ku itegeko ry’ababyeyi bahinduka ibyigenge bituma Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abizinukwa mu mutima uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo uturutse mu abega bari ku ingoma, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inzika y’inzigo y’abega yongeye guhaguruka ngo kuko ugiye kwinjira mu masezerano!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bagiye gukora ibishoboka byose ngo ba burizemo ayo masezerano wasezeranijwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ariko ubabwire ngo uku niko Uwiteka Nyiringabo avuga, mureke kwirushya kuko mulimo gushinga umuhunda ku kirenge. Ibyo mwifuza ntabwo bishoboka yuko mwabigeraho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, mbona abaturage bose yaba abakire cyangwa abakene, bose bafite ubwoba butigeze kubaho kuva isi yaremwa!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakomeye abaroheje imbata na bumudendezo bose bafitiye ubwoba ingoma y’abega yuko batazayirokoka bizarangira ibiciye igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hamanutse umuvumo umanukiye abana batubaha ababyeyi babo, kandi uwo muvumo umanutse, uzakwira isi yose kuko igihe tugezemo n’igihe cy’ubutabera bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore imari yasahuwe mu gihugu cya LIBYA cyari kiyobowe na nyakwigendera Col.Muamari Gaddaffi irazamuwe yurijwe indege itwawe muri America ubwo butunzi nibwo bwateje intambara mu gihugu cy LIBYA, none icyo abanyaMerica bashakaga bakigezeho uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu basengeraga muri ADEPR bahunze igihugu hamwe na banyarwanda biyita abakongomani ba abanyamurenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bose uko bangana ubu basigaye bakora ubucuruzi bw’ijambo ry’Imana ubabwire uti, mwahunze kugirango mujye gucuruza ijambo rya data? Icyo nicyo cyabakuye muri gakondo yabakirnautsi? Cyangwa mwahunze kugirango mubone ubuhungiro bw’imibereho myiza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abaza!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire idini rya ADEPR na barisengeramo uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, dore amateraniro yanyu sinzayabamo hagati muri mwe, ndetse n’umwuka wanjye nzawukura hagati muri mwe, kuko ijambo ryanjye mwarihinduye igicuruzwa kibabera amaramuko uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umbwirire abo mubwoko bw’Abatutsi uti, dore mwaretse Uwiteka Imana Nyiringabo mwigira muri politike, ndetse umurimo wanjye na wo mwawushyize munsi ya politike, ariko, uko mwantaye, nanjye uko niko ngiye kubata kugirango mu menye yuko mwacumuye k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubabwire uti, igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo ngiye kubambura ubwo bwami mwiratana, imbaraga zose mwagize nijye wazibahaye, iyo nza kubareka amahanga aba yaramazeho burundu.Ariko kuko mwanze kumvira ijambo ryanjye ryandikwa n’umugaragu wanjye Majeshi Leon Ainsha, ndetse mugashishikazwa no gushaka kumuca igihanga, kubera iyo impamvu mbambuye ubwami bwanyu mwoherejwe mu butayu bugufiya aho muzamara ibihe byinshi cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umbwirire abo mu nzu ya Abatutsi uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, amahanga mwiringiye yabashyize ku ntebe y’ubwami mwicayeho uyumunsi, ayo mahanga niyo nzakoresha kubakura ku ngoma ba bambure ubwami bwanyu buhabwe umugaragu wanjye uzankorera umulimo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubabwire uti, imbyaro zanyu zizacirwaho iteka, kandi ubutunzi mwaruhiye buzaribwa na bataraburuhiye kugirango mu menye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo nshobora byose. Muzarira muzavuza induru nta muntu n’umwe uzumva kurira kwanyu, ndetse ibyo mwiringiraga byose bizaba bigeze kw’iherezo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, ubwire abanyamurenge n’Abahutu uti, mwabaye abanyamoko wagirango mwamfashije kurema ikiremwa muntu, none muhame hamwe ngiye kubateza abanyamahanga aho mwahungiye kugirango na bo ba babonemo ko muri abanyamoko kuko na mwe mwananiwe gukiranuka ngo muberere imbuto mu bereke yuko muri abantu b’Imana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abo banyamoko uti, muhame hamwe b’abahinduke maze mubure aho mwerekera kugirango nibamara ku bajujubya muzongera mugaruke mu maso h’Uwiteka Imana Nyiringabo mwihane kugirango abagirire ibambe uko niko umuhanuzi ategetse!!!













