Uwiteka Imana Nyiringabo yabohoye ingabo zose zari zarahumanijwe na bo ku ngoma y’abega!!!

Nov 26, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uhanurire aba Police b’Umwakagara ubabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, dore mwica abantu badafite urubanza, kandi mukirinda ku bajyana mu butabera kuko muba muzi yuko ari nta cyaha bafite.Ariko igihe kiraje kandi kirasohoye byose uko mwabikoze mwiringiye Umwakagara Paul Kagame, ibyo byaha byanyu byose nzabishyira kumurongo byose muzabibazwa kandi muzabyushyura mu menye neza yuko muzashyirwa murubanza kandi mutazabura guhanwa kuko abantu banjye mwinshi ntarubanza rwali rubariho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umupolice witwa Nsanzimana Gelbert mbona afite ubwoba bwinshi bwo kujya kurugamba kuko atizeye intsinzi, maze ijambo ry’Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igipolice cy’Umwakagara Paul Kagame gihuye na kaga, ibyago, n’amakuba, kuko bagiye guhura na serwakira y’umuriro kandi nta numwe uzayihagarara imbere uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura ubabwire uti, police izarwana intambara ubwo Umwakagara Paul Kagame azaterwa ngo akurwe ku ngoma. Icyo gihe bizaba ngombwa yuko police nayo ijyanwa kurugamba kugirango barebe yuko bashobora kurengera ingoma y’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu. dore Umwakagara Paul Kagame Uwiteka yamukuyeho amaboko, kandi yamaze no gutanga ubugingo bwe mu maboko ya banzi be, none mwana w’umuntu, burira izo ngabo zigiye kurwana uti, kurwana mu za rwana, ariko ntimuzatsinda urugamba, ahubwo muzashira kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo atari kuruhande rwanyu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ubutumwa nahawe Nov 24, 2015 bujyanye n’umurimo wa data wahagaze kubera guhenebera kwatewe no ibyahanuwe ko mu minsi ya nyuma abana b’abantu bazagwa bakita kumyika iyobya bakareka ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye gusubiza iyo e-mail watumiwemo mu giterane mpuzamahanga kizabera hakurya yamazi magari, kuko abayanditse bazuye uburiganya ni binyoma n’ubwicanyi nyamara nta cyo bazagutwara kuko imigambi yabo yamaze kuburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo ni bamagigiri bakoranye na bazungu bo mu bwoko bwa Illuminati bashaka ku gutegera ku kibuga cy’Indege cyangwa bakazakwicira muri hotel ubwo uzaba umaze kugera mu gihugu cy’Ubwongereza (United Kingdom) uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, umwana w’umuntu, ashyizwe hejuru kuko Uwiteka asohoje ibyo ya kuvuzeho, dore ugiye kwigisha ibikomerezwa n’ibikoma ngoma barize ariko ibyo bize ntibishobora kubagirira umumaro kuko bemeye kuyoborwa n’ubwenge bwa kamere muntu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye kugukoresha ibikomeye mu isi ya bazima kugirango nsubizemo imbaraga ibisesengeri, na baguye, ndetse na basubiye inyuma bakareka ijambo ryanjye bakisubirira mu isi kujya gushaka ibitabagirira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umuntu mwahanye gahunda yo kuzahurira mu murwa mukuru w’ISHUSHAN mu gihugu cywIbabyloni ni magigiri akorana na za magigiri z’abega, none wirinde cyane guhura n’uwo mugabo kuko inyuma ye hari magigiri witwa (NYAGASAZA INNOCENT FRUIT) wa kugambaniye mu gihugu cya Uganda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri z’Umwakagara Paul Kagame kuva washyira ahagaragara ubutumwa bw’uko ugiye kuva mu gihugu cy’IBABYLON bahise bagira ubwoba bukomeye cyane, ndetse n’impungege nyinshi cyane, none bashatse bamwe mu bayabozi bo mu gihugu cy’Ibabyloni ngo bagushakishe bakubone mbere yuko ukurwa muri icyo gihugu baguce igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 27, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bamaze kwitegura ngo bagushimutire mu gihugu cy’Ibabylon ku murwa mukuru w’ i SHUSHAN (NAIROBI) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndimo koga mu mazi (ibibazo) maze mbona hari abantu bari hejuru bashaka kumfata ukuboko ngo bankure muri icyo gisima cy’amazi iruhande rw’ibumoso hejuru bampereza amaboko yabo ariko aba magufi kuri njye ananirwa kungeraho, mbona ko iruhande rw’ibumoso ahantu ma hagarara maze ya maboko yabo abashije kungeraho bamfata ukuboko bankura muri icyo gisima cy’amazi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, erekeza amaso yawe mu gihugu cyo mu butayu bugufiya, ni uko ndebesha amaso yanjye mu gihugu cyo mu butayu bugufiya muri ubwo butayu hariho iriba ry’amazi haruguru y’ubutayu ahangana kungero z’ubutayu, maze mbona ko hari abantu bari mu butayu ba buze amazi yo kunywa nyamara se iriba ntiryari hafi yabo ariko badashobora kuribona uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hamagara bariya bantu bari mu butayu bugufiya balimo gushakisha amazi yo kunywa, ariko bakaba bayashakishiriza aho atari. Ndabahamagara mbereka aho iriba ry’amazi (springs of water) riherereye kugirango ba bashe kuvoma amazi, ndazamuka ngera ku musozi wubatsweho imihanda n’imihana (ingo z’abahatuye) maze ngezwa ahantu hubatswe amacumbi ya bagenzi hari umuntu waruntwaje umukandara (ukuri) mbona uwo mukandara awufashe nabi cyane, maze mbona uwo mukandara (belt) umukuye amenyo (spiritual teeth) maze ahita ansubiza umukandara wanjye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwirariti, mwana w’umuntu, uliya muntu wagutumiye kuzajya kubwiriza uzahura n’umwe mu biyita abakozi b’Imana uzananirwa kwihanganira ijambo ry’ukuli uzabwiriza, maze ahitemo kurekura ukuri kw’Uwiteka Imana ishobora byose uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi mu nzu y’imbohe hamwe na bandi bantu bahoze ari abasirikare b’ingoma y’abega, maze mbona bamfungiye ahantu hanjye hajyenyine, (private tight spiritual places) mbona ko nkuwe ha handi nari jye nyine nshyirwa hamwe na ba bafungwa bari bafungiye iruhande rw’umuryango waho banjirira, nuko ndavuga ngo kuki badufunze mu buryo bunyuranije n’amategeko?
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi zikibi z’abega zahumanije abantu benshi zibagira imbohe, nta bwo bajya bifuza yuko umuntu wese wabafashije kujya ku butegetsi yaba imbohore kuko abo ari bo bazi ibanga ry’ubutegetsu bwabo na mabi yose bakoreye abanyarwanda kugirango babugereho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ko bakinguye umuryango turasohoka ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo abohoye abantu bose bahoze ari ingabo z’abagara kugirango badakomeza kuba imbohe z’abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zabukereye za maze kugera ku murwa mukuru w’Ibabylon w’ISHUSHAN, ndabwirwa ngo gahunda zose warugiye gukora hamagara undi muntu w’umwizerwa umwohereze ajye kuzigukorera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uwahoze ayobora uRwanda Bizimungu Pasteur, RPF igiye gutangira gukora amayeri uburyo yazamukoresha mu matora ya 2017, nk’igikoresho cyayo kugirango bizitwe yuko ingoma yabo igendera kuri demokarasi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nutangaza ibya Pasteur Bizimungu barahita bahindura uwo mugambi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nov 28, 2015 njwanwa mu iyerekwa mbona njwanywe ku ishuli ry’amashuli abanza (primary) (long lasting problems) ni uko ngeze imbere gatoya mpura n’umukobwa twiganaga witaby’Imana mbona antegereje ngo anyakire kuri iryo shuli. Mbona ko yari anatwite inda nkuru yenda kuvuka, imbere yanjye gatoya hari abandi bantu nta menye na bo bari bagiye kuri iryo shuli ryo kwigisha Abatutsi kwubaha Imana kugirango bamenye yuko ishobora byose.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, urabe maso cyane kuko nzika ya nzigo yabucyereye agutegeye mu inzira nyabagendwa aho agiye gushaka uburyo ya kujyana kwiga ya mashuli yubakiwe ubwoko bw’Abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.